freetobeyoukinyarwandacoverfront

Igice cya 12

Ikimwaro-igicumuro

Twese twumvise iby’igicumuro. Abakristo benshi cyane bumvise ko igicumuro Atari ikintu  runaka ko ari ufite ubuzima bwiza, nyamara benshi bakomeje kubirwanya.

 

Igicumuro ni iki?

Hari ibitabo biranga ibisobanuro by’igicumuro nka:

Enochos: Icyongeye gufatwa, kuzitirwa na, kuzanwa ku igeragezwam munsi y’ubutabera.

Igicumuro na enochos mu kigiriki bisobanura ikintu  “kigira nabi ” “Icyongeye gufatwa kuri kuba bahatite umuntu icyo asabwa gukora, ufite icyo ashinzwe” inshinga y’ibanze isobanura nka: kuzitira, gushiraho icmbago, imbibe, imipaka, ububata busa n’ubw’umuntu udashobora kubona ingwate mu gihe cy’igeragezwa, ushyirwa mu nzu y’imbohe. Imana ntiyakoze ikosa igihe haza igicumuro, igicumuro gituruka ku bintu bibi tuba twakoze, gucamo kabiri amategeko.

Igicumuro ntikiduciraho iteka nk’abantu babibabi ahubwo kitumenyesha ko turi abanyabyaha ko ibyo dukora ari bibi.  Byerekanwa no kwitondera amategeko y’Imana kandi bikatwumvisha ibyo tugomba  gufafwa iyo tubishyikiye.

Iyo twishe itegeko dusabwa kumva igicumuro kugira ngo dushobore kuza kuri Yesu maze ngo twezwe. Imana ishyira amategeko mu mitima yacu , Adamu yarabikakaje , Yesu arabigarukana. Niba twishe itegeko, twumva ko ducumuye. Twishe itegeko Umucamanza n’urukiko bizatubwira “igicumuro”

97 Ikimwaro ni iki?

Igicumuro, nk’uko byerekanwa n’Imana, biteganywa nko kwimenya ko uri umunyabyaha bivuye ku mutimanama bijyana n’icyaha kandi bikakuganisha kwihana kugira ngo ubushuti nyakuri n’Imana busanwe. Igicumuri ntikigaba igitero ku muntu, ahubwo ni ibyo umuntu yakoze. Ikimwaro kigaba igitero ku ndangamuntu yawe cyane kandi kiguha ubutumwa ko utari mwiza na buza, si icy’agaciro, biri kure kwiyubaka no mu kubaka nta byiringiro.

 

Isoni ntizihindurwa mu buryo bwa kamere nk’igicumuro, zitangukanye n’igicumuro giterwa na satani

Abantu babi ni ingabo za satani bize uko bakoresha igicumuro no kudukoza isoni. Niba satani adashobora kuduhagarika biturutse ku kuza kuri Yesu , tukabona imbabazi z’ibintu twakoze bibi, nyuma igikoresho gikurikiraho azakoresha ni ugukoza isoni.

 

Abantu bakoresha ikimwaro kugira ngo bagere ku ntego yabo

Njye n’umugore wanjye twembi twabonye ibi mu bikorwa. Satani, abantu babi, abadayimoni badutera ikimwaro, kandi bakadutera kwizera ko tutari ab’igiciro

Isoni zubaka igikuta cy’icyaha giteye ubwoba cyane hagati y’Imana natwe nuko bigatera igicumuro, ntidushobore kugira ubushuti n’Imana, umutimanama wacu wumva uciriweho iteka. Twumva dutandukanyijwe n’Imana kandi ntikorere muri twe. Ntitwakumva ukuboneka kwayo, tutizera ijambo ry’Imana. Kandi dutekereza ko tutari ab’igiciro, ntacyo turi cyo ko turi abanyabyaha, twararemaye.

Pasteri Jack Hppyford wok u Itorero “On the in van Nurys California, yabwiwe inkuru y’umugore wari warihebye ashaka umubatizo w’umwuka nyamara ntiyacogora, igihe yamukoreraga  umurimo wo kwezwaho ikimwaro, atangira gushima Imana avuga indimo.

“Umuntu wese witondera amategeko agasitari kuri rimwe, aba acumuye yose (Yakobo 2:10)

Mu isezerano ry’Abaheburayo, igicumuro cyabagezaga ku munsi wo gucungurwa n’ibyishomo kugira ngo ibyaha byabo bisibanganywe. Iki cyagombaga gukorwa n’igitambo cy’amaraso cyapfaga  mu cyimbo cyabo nk’uko babonaga abatambyi bica inka, ihene, n’izindi nyamaswa.

 

Ni gute kandi ni hehe ucumurira, gikorerwa he?

Umutima wacu ufite imirimo itatu, ubushake, ibitekerezo cyangwa ubwenge n’amarangamutima. Mu buryo bwinshi busa umwuka ufite imirimo itatu, iyo kuba umutimanama , kumenya ukuri ako kanya hatabayeho gutekereza n’ubumwe ( n’Imana  cyangwa n’isi y’umwuka) 1 “Ndavuga ukuri muri Kristo simbeshya kuko umutima wanjye uhamanya nawe mu mwuka” (Abaroma 9:1).

Igicumuro gikorera ku mirimo y’umwuka wacu, gitera guhura kw’iyo mirimo itatu kandi bigashyiramo ukuri kuzuyeigakomera,

1 Timoteyo 4:2 havuga ngo bayobejwe n’uburyarya bw’abigisha b’abanyabinyoma, bafite inkovu z’ibyaha mu mitima yabo nk’iz’ubushye”

Tito 1:15 havuga ngo: “Byose bibonereye ababoneye, nyamara ntakibonereye abanduye batizera, ahubwo bononekaye ubwenge no mu mitima yabo.”

Abantu benshi baribwa n’ibicumuro byabo byo mu bihe byashize

Niba utababarira ubwawe, cyangwa mu yandi magambo, akira mu kuri cyangwakandi ukore iby’imbabazi z’Imana z’ibyaha byawe bya kera uzaba imbohe ku ngaruka z’ibyaha biteye ubwoba kubw’ibisigaye by’imibereho yawe. Ku ruhande rumwe umurimo wa Yesu, ku musaraba, amaraso ye byari bigagije. Ntakirimo hagati, ntushobora gufata kwishyura kubw’ibyaha byawe bya kera wigirira nabi Yesu yakoze umurimo. Niba warihannye warababariwe nta kindi gishobora gukorwa.

Zimwe mu ngaruka zo kutemera igitambo  cyuzuye cy’amaraso ya Yesu nuko ushobora gucibwa curubanza n’abandi ntuzashobora guhimbaza Imana niba wuzuye umwuka wera ufitanye nayo ubushuti nyakuri, ntuzigera winjira mu muhamagaro wawe no mu bugingo, ntuzashobora gukunda abandi , abandi ntibazagukunda, ubugingo bwawe buzaremera, wabaho uri umukene, amarangamutima yawe  n’umwuka w’ubuzima bizagira ingorane nyinshi.

Abajyanama ba kera mu by’ibibazo n’uburwayi bwo mu mutwe bemeza ko umugabane munini w’ibibazo, biterwa n’uburwayi bo mu mutwe ari agicumuro. Ijambo ry’Imana rivuga ko yakubabariye ibyaha byawe byari biteye ubwoba ntacyo bigutwaye, mu kutemeranya n’Imana niba utakira impano itangaje. Nsobanukiwe ko bishobora kuba ukuri bisa neza cyane, nyamara Imana ikunda kuguha ibintu mu buryo n’ibyiza cyane ngo bibe iby’ukuri.

Ikimwaro gihagarika ubushuti nyakuri mu bashakanye

Ikimwaro ntigihagarika ubushuti nyakuri n’Imana gusa ahubwo gihagarika n’ibindi bisa bityo. Mu bashakanye ni ikintu cy’ingenzi cyane kugirana ubushuti nyakuri.

Bimwe na bimwe  mu biranga ikimwaro

Ikimwaro kiragoye kugikemura kuko gishingiye ku kwireba uwo wizera uwo ariwe. Isoni ni igisubizo cyo kudahura no kwiringira Imana, kumvikana abandi, kurebesha amaso hasi urebana n’abandi.

Isoni zivuga ngo: “Wivuga kandi ntugire icyo ubwira umuntu, ntiwakwizera.”, isoni zikubwira ko utari uw’umumaro, udakwiriye, utagira ubukire, utagira agaciro, wanduye utari mwiza bihagije, utari mwiza uhejejwe, utandukanye n’abandi, uba wenyine cyangwa  ucecetse.

Rimwe na rimwe utangazwa nuko abantu benshi batari abizerwa kandi badashobora kwivugisha bo ubwabo. Niyumvisha ko ahari ibyinshi bituruka ku myifatire yizwe yo kugumana “ibintu bihishwe n’isoni”

 

Isoni ni ibyerekeranye nabo twizera turi bo, si ibirebana n’ibyo twakoze

Isoni ni ukwizera kurebana naxwe ubwawe ko hari ikintu kibi warazwe, wumva umeze nk’uwaremwe nabi ntigire ibyiringiro.

Isoni zizana kwiyanga

Abantu batuma tugira isoni bitangira kare bwana, rimwe na rimwe ku mugambi, rimwe na rimwe mu buryo bwo kuba intungane. Waba warigeze wumva izi nteruro z’isoni?

Isoni kuri wowe

Wirakara

Wirira

Ba mwiza cyane

Ba umugabo, kora ibisa n’iby’umugore urimo ukora ibintu bisa bityo na none ntuzigera uhindura? Nti washobora kugira uburyo bwo kuba umwizerwa, kora ibisa n’iby’umukobwa mwiza cyane, wibesha umuryango, bonwa ntiwumvwe, wakoze ibyo nyuma ya byose nagukoreye? Urandwaje.

Kimwe mu bintu bikuru  bitera isoni ni ukuba  mu bwigunge  mu rugo. Njye ndi umwana nabonaga abandi bana bakora umwe umwe ba se babaganiriza mu mibereho yabo, bakavuga bo ubwabo ko njyewe, singomba kuba mwiza bihagije. Kuki nakoze ibibi? Kuki ntabishobora gusa n’abandi bana? Ibi bizana umuzi muremure ucengera mu isoni.

 

Isoni zishobora guterwa no gufatwa ku ngufu.

Ifatwa ryo ku ngufu ntibigombera, gufatwa ku ngufu ngo ukoreshwe imibonano mpuzabitsina kukubuza ibyo mumva byazana isoni. Nyamara umugizi wa nabi yiba ubutware bw’ugirirwa nabi. Ugirirwa nabi afata ibyo ashinzwe kubw’uko byabayeho.

Ubusambanyi bw’abahuje ibitsina buzana igicumuro n’ikimwaro, biraboneka kuko ibi bikorwa n’abatagira umutimanama.

Ikimwaro gishobora gusunikwa n’abagabo bayobora imiryango

Umwe agomba kwiga uko yafata abantu neza mu isoni kuo yafashwe neza  cyangwa kubera ko yize kubaha cyangwa biturutse ku babyeyi be.

Abantu bamwe ni inzobere mu byo gufata neza abantu mu isoni cyangwa igicumuro

Babikora nta mutimanama, basa n’abazimya uburyo bumwe na bumwe bw’amavuta y’umwuka ari hose uwuvuga uti: “Ntubona ko ndi mubi? Cyanga ntubona uko naremwe?” Mbese wahindutse imbata yabo, ubikorera hanze y’impuhwe zabo, bigira gukora ibintu ku ruhande rwabo utagakoze. Umwamikazi  Vigitoriya, Umwamikazi w’Ubwongereza mu gihe cya 1800 yize uko abantu bagenzura abandi yanzuyeko abantu bafite imitima mibi, bamenya kuyobora abantu neza abantu b’umutima mwiza baracumura barakorwa n’isoni.

Ni iki igicumuro n’isoni byatera niba bitagize icyo bikorwaho ?

Niba bidakozweho n’umugambi w’Imana, igicumuro n’isoni byubaka igikuta kigatangira ubusabane bwawe n’Imana. Birakomeye kuyumva ivuga, birakomeye gusenga, ijambo ry’Imana risa   n’uburyo bw’imibereho, niba usoma ijambo ry’Imana ryose wumva riciraho iteka.

Igicumuro kinaniza umutimanama wacu uburyo bwahawe bwo kumva icyaha n’ubumwe bwacu

Niba tugiye kunesha tugomba gukomeza kumva Imana ivuga, tugomba kugira ubwo bumwe buryohereye nayo. Ntidushobora kumenya mu bundi buryo abo turi muby’ukuri muri Kristo, ntitwashobora kugendera mu nzira z’Imana, ntitwashobora guhangana na satani.

Igicumuro cy’imibereho myiza cyatuyobora ku kwihana no kuri Yesu kubera ko tubona ibyifuzo byacu kubw’igitambo cy’amaraso no gutungana kwayo, (2 Abakorinto 7:10) havuga ngo: “Agahinda ko mu buryo bw’Imana gatera kwihana kuticuzwa na ko kuzana agakiza, ariko agahinda ko mu buryo bw’isi ni imibabaro ituruka mu isoni, kandi iherezo ry’imibereho iterwa n’isoni  ni urupfu  cyangwa mu yandi magambo gutandukana gudukura ku Mana.

Urupfu rusobanurwa buri gihe mu buryo bumwe na bumwe bwo gutandukana. Igicumuro n’isoni bigira irari ry’ibizinga mu mutima wawe no mu mwuka wawe kandi rimwe na rimwe ushobora kubyumva mu mubiri wawe, Adamu yasogongeye igicumuro igihe yasuzuguraga ijambo ry’Imana.

 

 

Inkuru nziza ku Bantu babiri, twaratsindishirijwe.

Abaroma 5:9 havuga ngo: “Nkamwe none ubwo tumaze gucindishirizwa n’amaraso ye, ntituzarushaho gukizwa umujinya w’Imana nawe?”

“Gutsindishirizwa n’ijambo rikoreshwa mu nkiko. Ni ikinyuranyo cyo gutsindwa. Yesu yafashe isoni zawe n’igicumuro kandi arakubohora agukura mu nzu y’imbohe.”

Yesaya 53:11 havuga ngo: “Azabona ibituruka mu bise  by’ubugingo bwe bimushimishe, bimuhaze. Umugaragu wanjye ukiranuka azatuma benshi baheshwa gukiranuka no kumenya, kandi azishyiraho gukiranirwa kwabo.”

Nubwo Yesu yadutsindishirije, ntitwashobora guhagarara mu gihe cy’ibigeragezo byacu niba turi munsi y’igicumuro n’isoni. Satani agerageza kuturindira mu gucumura cyangwa no mu isoni kugira ngo tutabasha kurangiza uburyo bwo kwera imbuto no guhagarara ku ijambo ry’Imana.

Umurimo wacu ni ukuyobora urugamba rw’umwuka twerekeza ku kwatura ibyanditswe bikwiriye no gukomeza mu bitekerezo kongera kugira mu buryo bushya.

Gutsindishirizwa na Yesu byizeza umutimana nama wawe.

Inkuru nziza y’ubutumwa bwiza isobanura kutuyobora tukava mu gicumuro no mu kimwaro kugira ngo tubashe guhimbaza Yesu kuba mu kuboneka kwe no mu ijambo rye nibwo buryo bwonyine ashobora kutwezesha. Bihanwa ko twese dufite inzego zose aho dukomeza kwica amategeko mu nzira imwe cyangwa indi, nyamara aho kuduciraho iteka, Yesu arashaka ko tumuzaho kugira  ngo adukureho imyifatire ya kamere kandi ashobore kyduhishurira imiterere ye muri twe.

Yesu adahumagarira mu mucyo nk’uko yabikoreye umugore muri Yohana ibice 8 wari wafashwe asambana. Yohana ibice 8:11-12 havuga ngo: “Ntawe Databuja” Yesu aramubwira ati: “Nnjye singuciraho iteka, genda ntukongere gukora icyaha. Yesu yongera kubabwira ati: “Ninjye mucyo w’isi, unkurikira ntazagendera mu mwijima na hato, ahubwo azaba afite umucyo w’ubugingo”.

Pasteri wacu Emeritus, wo mu Itorero rya Mount Paran Chuch of God, Dogiteri Paul Walker, bakoresha umurimo w’Imana buri gihe uburyo bwo kwerekana abantu bayo ko Imana itabaciraho iteka, ashinga agati ku butumwa bwiza. Izi ko niba ikuyeho igicumuro cyabo n’isoni zabo bishobora kuduhuza n’Imana kubwabo kandi Yesu yarangiza umurimo mu bugingo bw’umuntu.

Ibyo ntibyabaho niba waremejwe n’igicumuro cyangwa isoni. Niba ari igicumuro ubukurikiraho  kihane, icuze ibyaha byawe usabe Imana igufashe kwanga ibyaha byawe kandi irabikubabarira. Nyuma urabohoka wumve kuboneka kwayo muri wowe maze igukuze.

Yesu yitanzeho igitambo cyo gukozwa isoni kubwanjye kugira ngo dushobore kubohoka.

Abaheburayo 12:2 havuze ko Yesu yafashe isoni kubwacu, gusuzugurwa, kwiheba nk’ikintu yaremewe gukora kubwacu. Amanikwa yambaye ubusa umwicanyi imbere y’abantu benshi bamuzungurizaga umutwe biteye isoni, isoni z’ubwoko bwinshi butandukanye ubwo gutandukana bwashyizwe kuri we.

Abaheburayo 12:2 havuga ngo: “Dutumbira Yesu wenyine ariwe Banze ryo  kwizera kandi ariwe ugushoboza rwose, yihanganiye umusaraba kubw’ibyishimo byamushyizwe imbere. Ntiyita ku isoni zawe, yicaye  iburyo bw’Intebe y’Imana.”

Kimwe mu bintu byazanye Yesu ku isi, nk’uko byanditswe muri Yesaya 61 byari ugukuraho isoni. “Mu cyimbo cyo gukorwa n’isoni kwanyu muzagererwa kabiri, mu cyimbo cyo kumwara kwabo bazishimira umugabane wabo, nicyo gituma mu gihugu cyabo bazagaburirwa kabiri, bazagira umunezero uhoraho.”

(Yesaya 61:7)

 

Niba ari isoni, amaraso aboneye, arakuhagira wese nk’urubura.

Byose ni ibijyanye n’indangamuntu yacu,

Mu by’ukuri niba uzi uwo uri we nk’uko Imana ikubona mu isoni.

Mu by’ukuri niba uzi uwo uri we nk’uko Imana ikubona isoni zizakurekura.

Humeka neza kandi urebe uwo uri we mu by’ukuri werekeje ku maso y’ukuri. Ni ijambo ry’Imana  ry’ukuri ryonyine rizi igihe cyawe cy’uwo uriwe. Niba uzi uko uri , ntuzitwara bisa n’uwo utari we. Ukuri ni intwaro ifite imbaraga nyinshi ccyane ku isi.

Yesu  yikoreye isoni zacu ku musaraba kandi aduha indangamuntu ye yejejwe.

« Abakubita nabategeye umugongo n’imisaya nyitegera abamfura uruziga, kandi mu maso yanjye sinabahishe gukorwa n’isoni no gucibwaho amacandw ».(Yesaya 50 :6)

Ijambo ry’Imana ni ikintu cyonyine gishobora kongera kugira bundi bushya ibitekerezo byacu kuri yo1 Iga kandi wongere usubire muri uku kuri, wature ibyanditswe, umaramaze ntacyo umutimanama wawe ukubwira kugeza igihe kukugira bushya mu bitekerezo byawe.

Nyamara ntiwazagira urangiza ibitekerezo byawe byongera ku kugira bundi bushya ku kuri kw’ijambo ry’Imana kugeza igihe mu by’ukuri uha Imana ku kuru kukureba ubwawe. Ugomba gukingura ibyumba byawe byose, ukora ibi mu buryo bworoheje ubwira Imana isa n’inshuti nyanshuti. Yibyire imyumvire yawe yose, ibyaha, ibiguhangayikishije, kudatanga imbabazi n’uko ugira urukundo ruke, ntugire icyo uhisha ! Ntishobora kukwereka uwo uriwe muriyo kugeza ubwo  uyeretse uwo uriwe yo idahari, udakoze ibi bizaguheza mu bubata.

Duteganyirijwe kunguka ukuri, indangamuntu yacu y’ukuri ku Mana yerekera ku ijambo ryayo.

Ndakwingingira kwiga inkuru iri mu Kubara ibice 13 na 14 ivuga ku Bisirayeli no ku batasi cumi na babiri, Yosuwa na Kalebu, bari bafite kwizera guhagije mu ijambo ry’Imana bibona ubwabo nk’abanesheje abanzi babo.

Abandi cumi baravuga bati : « Kandi twabonyemo abantu barebare banini. Twibona tubamezeho nk’inzige nabo bakabona tumeze nkazo » (Kubara 13 :33).

Satani abiba imbuto zera ishusho isa n’ibibi muri twe.

Muri Matayo 13:1-23 Yesu yabwiye abigishwa be umugani ijyanye n’ijambo ry’Imana riterwa mu mitima yabo nk’imbuto babiba. Yasobanuye uko rikora n’uko satani agerageza kuririnda akaribuza gukora, nyuma asobanura ko Atari satani gusa ugerageza kwiba ijambo ry’Imana arijyana hanze y’imitima yabo, nyamara ko satani nawe ari umubibyi w’imbuto.

“Nuko abacira undi mugani aravuga ati: “Ubwami bwo mu ijuru bugereranywa n’umuntu wabibye imbuto nziza mu mutima we, nuko abantu basinziriye umwanzi araza abiba urukungu mu masaka, aragenda.” (Matayo 13:24-25).

Ibikurikira ni ibikorwa bimwe na bimwe ushobora gusubiramo.

Ibi bikorwa ni imbuto nziza, zizabyara imbuto nziza mu bugingo bwawe.

1. Wari warazimiye nta byiringiro ufite?

Ibyo bisobanura ko undi muntu yagombye kugushaka. Abefeso 2:12 (a & b) havuga ngo: “Mwibuke ko icyo gihe mwari mudafite Kristo mutandukanijwe n’ubw’Isirayeli, muri abashyitsi ku masezerano y’ibyasezeranyijwe, ari nta byiringiro mufite by’ibizaba ahubwo mwari mu isi mudafite Imana Rurema.”

2. Mwari mupfiriye mu byaha byanyu.

Ntihari gusohoka ku muntu wapfiriye, uretse kwakira ubugingo. Abefeso 2:1 havuga ngo: “Namwe yarabazuye, mwebwe abari bapyuye muzize ibicumuro n’ibyaha byanyu”.            Amaraso ya Yesu yamenetse ku musaraba yakoze byinshi cyane biruta gukuraho no kubabarira ibyaha byawe. Menya neza ko mu Byanditswe gusa twe dufite imbabazi n’ugucungurwa “Muri We” Abakolosayi 1:14 havuga ngo: “Niwe waducunguje amaraso ye ngo tubone kubabarirwa ibyaha byau.” Abedesi 1:7 havuga ngo: “Niwe waduhesheje gucungurwa kubw’amaraso ye, ariko kubabarirwa ibicumuro byacu nk’uko ubutunzi bw’ubuntu bwayo buri.”

3. Imbabazi zacu z’umwimerere rimwe na rimwe zumvwa nabi.

Abantu benshi bumva ko bari umuntu umwe  nyamara ubu Yesu yarangije akuyeho,   abababariye ibyaha byabo.

Bibi! Wabambanywe na Kristo.

Ikintu cya mbere Imana yakoze kuri wowe cyari “ukugushyira” muri Kristo ngo ubane nawe mu rupfu. Kamere yawe ishaje ya Adam, yawe ya mbere, nta shingiro yari ifite byo kwezwa, wagombye gupfa. Ibihembo by’ibyaha ni urupfu. Inkuru nziza ni uko wapfuye wari warangije kuba “ muri Kristo”  igihe yabambwaga wifuje kubihishurirwa, urizera kandi urabyemera.

4. Wari wamaze kuba “muri Kristo” igihe ibi bikurikira byabaye

“Nabambanywe na Kristo ariko ndiho, nyamara sinjye uriho abubwo ni Kristo uriho muri njye. Ibyo nkora byose ndi mu mubiri, mbikoreshwa no kwizera umwana w’Imana wankunze akanyitangira (Abagalatiya 2:200

5 .Wapfanye na Kristo

“Ubwo wateranyijwe nawe gusangira urupfu nk’urwe, niko tuzaba duteranijwe nawe gusangira gusangira kuzuka nk’ukwe” (Abaroma 6:5).

6. Mwahambanywe na Kristo

“Nuko rero kubw’umubatozo twahambanywe nawe mu rupfu rwe kugira ngo nk’uko Kristo yazuwe n’ubwiza bwa Data wa twese, abe ari nako mu bugingo busha” (Abaroma 6:4). “Kuko mwahambanywe nawe mu mubatizo kandi ni mo mwazuranywe nawe, kubwo kwizera imbaraga z’Imana yamuzuye mu bapfuye.” (Abakolosayi 2:12). Niba ufiye ibihe bikomeye ku ndangamuntu, ndatekereza ko wafata mu mutwe Abaroma ibice 6. Nkoze ibyo byagize icyo bikora kinjiye mu bugingo bwanjye.

7. Wagizwe muzima na Kristo

Abakolosayi 2:13 havuga ngo: “Kandi ubwo mwari mupfuye muzize ibicumuri byanyo no kudakebwa kw’imibiri yanyu, yabahinduranye bazima nawe imaze kutubabarira ibicumuro byose”(Abefeso 2:5 havuga ngo: “Kubw’urukundo rwinshi yadukunze, ubwo twari dupfuye tuzize ibicumuro byacu (ubuntu nibwo bwabaki.

8. Mwazanywe na Kristo mwicazwa na

KrisTo.

Abefeso 2:5-6 havuga ngo: “Kubwo urukundo rwinshi yadukunze, ubwo twari dupfuye tuzize ibicumuro byacu (ubuntu nibwo bwabakijije) nuko ituzurana nawe, itwicazanya nawe mu ijuri  mu buryo bw’umwuka turi muri Kristo Yesu.” Uku ni uguhagarara kwacu kwemewe n’amategeko ku Mana kandi uyu munsi urufatiro rw’uburenganzira bwacu bwemewe n’amategeko kugeza ku mwuka w’isi urebwa, uruhande rwawe ruri kumwe na Kristo mu ijuru. Uri mu cyicaro cy’ubutware. Satani n’ibitekerezo byawe bizakubwora ko uticazanywe na Kristo mu ijuru, nyamara icyo ni ikinyoma Ukeneye kumenya ko Imana yakwicazanya na we igihe wari umunyabyaha

9. Uri icyaremwe gishya

2 Abakorinto 5:17 havuga ngo: “Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize, dore byose biba bihindutse bishya.”

Kandi imaze kuzanisha amahoro amaraso yo kumusaraba we n’ibintu byose aribyo kw’isi cyangwa ibyo mwijuru .

Kuki ntatekereza kunzira

Nejejwe cyane n’uko mwabajije,kiriya kibazo ni girakamaro.

Byagutwaye imyaka kugirango ubone isi “nindi imana”wowe ubwawe. Kandi ibyasigaye kubyo Kristo yababarijwe mbishohoje ubwanjye mu mubiri we, ariwe torero

nkurikije ubusonga Imana yampaye k’ubwanyu kugirango mbwirize abantu, ijambo ry’Imana ryose, aribwo bwahishuwe uhereye kera kose uheeye kera kose ariko none bukaba bwarahuishuriwe abera bayo, abo Imana yishimiye kumenyesha kumenyesha ubutunzi bwiza bw’ubwo bwiru, bageze mu banyamahanga aribwo Kristu uri muri mwe aribyo byiringiro.

1Nigute twakwemera iyi mpano

. Urema kwiyemeza kwizera ijambo wumvise kuva wavuka kugeza no mu bukuru bwawe, ugomba kwiyemeza kubaha ijambo mu buryo bwose wanyizeyemo.

Abaroma 10:9-10

havugango niwatuza akanwa kawe yuko Yesu ari Umwami ukizera mu mutima wawe kuko Imana yamuzuye uzakizwa kuko umutima ariwo yizeza ukabarwaho gukiranuka   kandi akanwa akaba ariko yatuza agakizwa.

2. Kuba inyangamugayo hamwe n’Imana mu mibereho yawe

Ibintu byose bizaba bigaragara ari umucyo, ibintu byose bizaba biri munsi mu mwijima, ugomba kuzana imibereho yawe mu mucyo muri Yesu winyangamugayo. Niba ushobora kubyemera hamwe n’abandi Bantu mushobora kuba abanyambaraga nyinshi kuri wese ashobora kubagirira icyizere mu bandi.

3. Babarira abandi kandi nawe wakire kubabarirwa nawe

4. Enera uko uri wowe ubwawe nuko Imana yakuremye kuba

Uzi yuko Imana yakuremye uko uri n’umurimo wawe uhambaye ni ubuhe busobanuro bw’umuvugo cyangwa isoko cyangwa ub umwe mu muryango bw’uwo muvukana.

Imigani 14:35 “Ineza y’umwami ayigirira umugaragu ukorana ubwenge, ariko umujinya wo awugirira ibiteye isoni.

Dukeneye kwitondera cyane, tugomba kuyoboramo ducyeneye kuyobora abandi munzira izaba izabafasha kubabarirwa  (kutabarwaho) icyaha, mugihe tubonako icyaha giteye isoni kizagaruka gikurikirana abagikoze, birashoboka ko Uwiteka ashobora kudukoresha kugirango dufashe k’ubw’urukundo yakunze umuntu. Abantu bamwe bumva ko ibyabo ari byiza akaba ariyo mlpamvu nashakaga kubabwira yuko mfite uburambe ku mibereho y’abantu bakeneye gufashwa.

Cannery Row.

Mugitabo cya Cannery Row harimo  uburyo twakwirinda icyaha ndetse no gukorwa n’isoni (ikimwaro). DOC yari umusore w’umukinnyi kandi yari umusore w’umukinnyi kandi yari umuhanga naje kumusaba yuko twajya dukinana muri uko gukina kwacu naje kwibagirwa izina rye nkajya mwita Joe yakundaga gutekereza ( kwibaza) cyane kubijyanye no kuba kunkombe z’amazi kuko yumvaga ariho ubuzima bwe bwagenda neza, ari nyamara aho hantu hatumaga akora icyaha ku buryo bumworoheye.

I           gihe cyimwe nagerageje kumwegera no kumwitaho. Igohe kimwe donc yubatse kubwato akajya ajya no kuroba amafi, noneho igihe kimwe,

Doc ari mu mujyi aho bagomba kunywera mu minsi mikuru ako  kanya yahise abona inzozi (inzozi ze zahise zirotorwa) ako kanya yaranyoye arasinda ahita agwa mu cyaha. Ako kanya yahise asaba Imana imbabazi kuko yari aguye mu cyaha ariko agira isoni kuko abantu bari bamuzi bamubonye anyway inzoga ndetse akora n’ibindi byaha bituma abamubona babona ari ibintu bidasanzwe kandi biranabababaza cyane mugihe nawe yari ababaye cyane, yari ababajwe cyane nuko yari atakaje inzozi z’ubuzima bwe. Byaramubabaje cyane kandi yagize isoni mubandi k’ubw’icyaha yari yakoze. Mu byukuri niba mugenzi wawe aguyemu cyaha ukabona kimuteye isoni mufashe kuva muri icyo cyaha no mungaruka zacyo.

 

Gusenga (isengesho) Mushorera w’ubugingo bwacu ni nihe twakura umugenzi, twakugize uwambere Uwiteka ndemera ibyaha byanjye, ndarizwa n’umubiri wanjye n’umwuka wanjye, rwose mbabarira  kandi unyuhagire ibyaha byanjye byose, kandi Uwiteka nkuragije inzira zanjye zose z’imibereho yanjye n’imitekerereze yanje, unyiyoborere uko usha no mu nzira ushaka, Mana undinde inzira igana mu irimbukiro, kandi Mana ndifuza ko wampa ibitekerezo bishya ugahindura imitekerereze yanjye ukayingirira mishya.

“Yesu” uri Uwiteka wanjye nkuzaniye ibyaha byanjye, ndakereka n’ibyo abandi bankoreye, ese ni iki nakorera abandi? kuko njyewe nari umunyabyaha imbere yawe, urakoze Uwiteka kubw’amaraso yawe wamennye kugira ngo mbabarirwe ibyaha byanjye kandi nawe wari umuziranenge njyeweho nari umunyabyaha, ubu kandi nizeye ijambo wivugiye ubwawe uti: “Sinzigera mbabaraho icyaha kuko ibya kera ntazabyibuka.”

Ni inde izazamuka umusozi w’Uwiteka?

Ni inde uzahagarara ahera he? Ni ufite amaboko atanduye n’umutima uboneye, utigeze kwerekeaa umutima we kubitagira umumaro, ntarahire ibinyoma. (Zaburi 24:3-4)

 

Umutima mu mwuka

2. Hari uburyo bwinshi bugaragara bwaremwe buri mu nzibutso z’insengero. Turashimira abanditsi b’iki gitabo kubyo twumvisemo turabashimira mu buryo mwitanze (mwatekereje). Kuri Minisiteri iri kuri Florida USA kugira ngo natwe tugire icyo dukora ku  buzima bw’umukristo benshi mu bayobozi bacu babigezeho bafashijwe n’Uwiteka Yesu Kristo.

Byanditswe * 1992 na Dunklin Memorial Church bwakozwe mu burenganzira bwa ISOB

Appendix A

Ubusobanuro bwanjye nyakuri.

Ndizera yuko muri Yesu ariho nababariwe ibyaha byanjye bya kera ari n’iby’ubu, ibyo mu gihe kizaza kuko ahorana imbabazi, nkaba narakiriye kubohoka nta kintu nshobora kumuburana kuko naboneye byose muri we kandi yambereye byose mu buzima bwanjye.

Muri Yesu nabonyemo ubuzima nyakuri sinkiri uwo kwa Adam, ubu ndi icyaremwe gishya Yesu ari mu mucyo kandi yabonye ko ari ingenzi kuri njye, sinzakorwa n’isoni kandi azanjyana mu ijuru kuko arankunda. Mu gihe satani angeragea kinjyana mu byaha cyangwa kunyibutsa ibya kera, mpita nibuka ko ndinzwe, nkahita menya ko ngomba kwita kuri ejo hanjye nkibuka Imana inkunda. Muri Yesu sinkiri umunyabyaha nahinditse icyaremwe gishya nkibuka iby’Imana yamvuzeho iti: “Ibemeze kuba abana b’Imana bazahinduka ibyaremwe bishya, ibya kera ntibizibukwa ukundi kandi umwuka wera uzabana nanjye iminsi yose.

Muri Kristo niho ubuzima bwanjye bwibera kandi niho butunganirizwa, niho hari ubugingo burambye. Ubuzima bw’imbere, ubuzima nyakuri, ababyeyi banjye nyibampaye ubuzima bwo muri Kristo na data wankundaga, muri Kristo hari ubuzima bw’iteka kandi singitinya ngo ngire ubwoba kuko ibyo byose ntabikiriho. Kuva nava kwa satani nibwo natangiye kugira ubuzima nyakuri, mu batangiye kugereranya mu buzima nyakuri mba narapfiriye mu byaha iyo nguma kwa satani ariko ubu Yesu ni byose nta muntu, ni ubuzima bwanjye, ni byose Amen.

<top>