freetobeyoukinyarwandacoverfront

Igice cya 15

Urugamba rw’umwuka

Ntushobora kubohoka niba utazi uburyo satani akoresha arwana.

Tugomba kumenya ko dutuye imbere mu isi.

Isi tubona iranwa n’umwijima gusa y’ukuri ku isi kutaboneka yo dushobora kubona n’amaso y’umwuka Imana ihumuye kubwacu.

Imbere muri iyo si y’umwuka y’ukuri hari Imana abadayimoni, imyuka mibi iterwa n’abadayimonin’abamalayika. Hari ikirere cyangwa uburyo bw’isi butegekwa na satani.iki nicyo cy’ukuri niba dukomeje kugerageza, tukagenzura tugaha umurongo isi ifatika ,………………………mu mihati yacu. Tugomba kumenya ko dutuye mu isi y’umwuka.

Muri iyo si y’umwuka imbere twese tubanzira nvk’abaturage b’isi y’umwijima, y’ubwami bwa satani. Nyamara Imana iduha amahitamo yo kuba abaturage b’ijuru kandi tukinjira mu bwami bw’ijuru. Igihe duhindutse abaturage b’ubwami b’Imana, nyuma tugomba:

1. Kumenya abo turibo (kwicara, Abefeso 2:6)  2.Kubaho dusa nabo turibo (kugenda, Abefeso 4:1)

3. Noneho birangira, kumenya uko twakongera gukora kuri satani umwanzi w’iby’umwuka (guhagarara, Abefeso 6:11). Niba tugerageza gukuraho icyo ari cyo cyose cyo muri bimwe bihejwe hejuru, ntuzabaho nka Yesu wacgie icyifuzo kubwacu ngo tubeho. Intego y’urugamba rw’umwuka , ubwami bwa satani n’abadayimoni buragutse, nta buryo buhagije bwo kuizavuga kuri iki gice, ahubwo turashaka gutanga ishusho y’ibikorwa bimwe na bimwe twese dukeneye dushobora. Hari ukwicisha bugufi k’umwana twifuza kuvugaho.

 

Ibyavuye mu gitabo Watchaman Nee , ameza mu butayu.

Mwambare intwaro zose, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa satani. (Abefeso 6:11)

Hari inshinga: “guhagarara” isobanura “kwihangana”. Si mu mvugo  nshya y’igihe. Itegeko ryo kugenda ukigarurira igice cy’igihugu cy’amahanga kugira ngo uyibemo uyitsinde. Imana ntiyatubwiye gukora ibyo , guhagarara byumvukana ko ubutaka bugirwaho Impaka n’umwanzi mu by’ukuri ari ubw’Imana, kubw’ibyo ni ubwacu. Ni umwami Yesu wajyanye ibyaha mu bwami bwa satani, turonke kubw’urupfu n’umuzuko instinzi ifite ubushobozi. Uyu munsi turwanira gufata no gukomeza instinzi Yesu yaronse, niyo mpamvu hari intwaro isobanurwa ari intwaro yo gukoma imbere igitero mu buryo bugari, kubw’ibyo ubutaka ni ubwayo, ntiturwanira gufata ubutaka. Tugomba kubufata turwanya ababitera.

Ibi bikurikira ni urutonde rw’inzira rusange nyinshi za satani akoreramo na zimwe na zimwe mu ntambwe zoroshye, cyane ushobora gufata ngo wirinde udahubuka ibyaturuka mu buryarya bwe.

1. Dutuye muisi yangiritse

Imana ishaka ko wera imbuto. Ntizagusiga nk’imfubyimu bigeragezo byawe niba muby’ukuri ugerageza kuyishaka n’umutima wawe wose.

2. Niba tutagenda uko bikwiriye abo turibo tuzabaho dutwazwa igitugu na satani.

Mu gice kibanza twahishuriwe “ukugenda kwacu” n’Imana. Ntitwumva dushaka gucirwaho iteka niba tudatunganye, nyamara Imana ishaka ko tugira umutima wa kera kandu utunganye imbere yayo. Niba  twaraje imbere yayo kubw’imbabazi, tuba abana bumvira, tuyisaba kweza imitima yacu, twumva dufite ibyiringiro no kuruhuka muri we.

3. Satani agerageza kwiba ijambo ry’Imana nyuma y’uko riterwa nk’imbuto.

Iki ni igitero cyo kubuza gihagarara kw’ijambo ry’Imana. Na none ushobora kwita kuri iki gitero cyo gukiranuka. Imana ishaka guteganya ibyifuzo byacu byerekeza kugutera ijambo ryayo mu mitima yacu kandi ikaribona ryera imbuto zayo, iyi niyo ngabo satani arwanisha. Satani yashoboye kumvisha Adamu na Eva ko bashobora gukora mu mibereho yabo badafite ijambo ry’Imana (Intangiriro ibice 3). Satani agerageza Yesu mu buryo busa butyo muri Luka ibice 4. azakoresha amayere asa n’ayo kuri wowe . niba satani ashobora kukugeraho ngo ukorere hanze y’umudendezo wawe udaha ijambo ry’Imana umwanya wa mbere mu bugingo bwawe, satani aba atsinze. Satani ashaka ku marangamutima yawe no mu bitekerezo byawe bibi urutisha ijambo ry’Imana.

Gushidikanya ku ijambo ry’Imana ni intwaro ya satani. Uku ni ukubaho ku rugamba rw’umwuka. Nta gukomeza ibintu, mu buryo bw’ishingiro, urugamba rw’umwuka rwerekeza ku kwizera cyangwa ku gushidikanya ijambo ry’Imana. Imana ishaka ko twizera ijambo ryayo kuruta ibindi byose. Rimwe na rimwe biragoye kwizera ukuri ko kudashobora kubona kandi twakumva n’ibyumviro byacu bitanu bya kamere. Yesu yigishije abigishwa be muri Mariko ibice 4:9-11 havuga ngo: “Arababwira ati: Ufite amatwi yumva niyumve, yirereye abari kumwe na new cumin na babiri, bamusobanuza iby’uwo mugani. Arabasubiza ati: “Mwebweho mwahawe kumenya ubwiru bw’Imana, ariko abo hanze byose babibwirwa mu migani.”

Ubwami bw’Imana bwuzuye buza busa n’umugani nk’uko bisobanura muri Mariko ibice bine.

Ibushize nakiriye ubutumwa buturutse kuri Internet ku mupasiteri w’Umunyafilipini urimo kwiga igitabo cyacu “Gukura no Gupfa” afite ibyo yongeraho bikurikira: ubu nsobanukiwe ku Imana ko ari umuhinzi ko turi ubusitani. Mbere sinarimfite igitekerezo ariko ubu ndacyungutse. Urakoze cyane, uku ni ugucengera cyane koroshye. (Mariko ibice 4:11).

Imana itera imbuto z’ijambo ryayo mu mutima wawe (Nta mahitamo ko umutima wawe umeze). Izi mbuto zihagarariye imigambi y’Imana y’imibereho yawe. Kuvuka bwa kabiri ni umugambiwa mbere. Ukurikiraho ni ukuzuwa umwuka wera, gukira mu buryo bw’umubiri, mu marangamutima no mu bitekerezo no kugira ibyifuzo wateganyirijwe n’Imana, ijambo rikuzane mu busabane bwawe buboneye mu mibereho kandi rikaguteganyiriza imigambi irenze, harimo gukora umurimo w’Imana. Imana ikoresha ijambo ryayo imenyesha imigambi yayo kuri wowe. Imbuto n’uko tugirwa inama yo kubaho.

Petero yavuze ko byose twifuza kubwo kugendera mu nzira y’Imana n’imibereho itangwa kuri twe kubw’amasezerano y’Imana, 2 Petero 1:3-4. Amasezerano ni imbuto y’ijambo ryayo ni ibintu bimwe. Adamu mbere y’uko acumura, Imana imubwira ko buri kintu yifuza cyaba mu nsi kandi ko azajya akibona abanje kwiyuha icyuya. Yesu rero afata umuvumo, none ubu twasibijwe aheza no kuba abantu bera imbuto.

Ibushize umuryangi w’Abamisiyoreri mu buryo bushinze imizi maze kwakira guhishurirwa guturuka ku gitabo cyo “Gupfa cyangwa Gukura, bahishuriwe uburyo imbuto ziterwa n’izera ku biti zabohowe mu buryo bw’icyubahiro.

Igihe gikurikiyeho bagiye babwiriza iteraniro, ntibabwiriza, bahagarara aho basaba buri wese kurimba, Yesu arigaragaza. Abantu cumi na babiri bari ku ruhimbi barabohorwa, abantu makumyabiri na batanu bari hasi bajya mu mbaraga z’Imana, Yesu yariyerekanye kubera ko abantu bane bari biyemeye kwera imbuto, kandi Yohana 15:8 yinjira mu gikorwa!

Hari ukwiyoroshya guhamye kw’uko ubwami bw’Imana bukora.

Nk’uko twemerera Imana kweza imitima yacu kandi tugahimbaza nayo, ikavuga. Nkuko ivuga ijambo ryayo kuri twe, iryo jambo rhinduka imbuto mu mitima yacu rishaka kwera imbuto. Imbuto ni k’ubw’imiterere yacu, ibyifuzo byacu, no kubwo kuba mu kuyihesha icyubhiro ku bandi. Yohana 15:8 havuga  ngo, “ibyo ni byo byubahisha Data, ni uko mwera imbuto nyinshi, mukaba abigishwa banjye. Iyo wezeimbuto aho ujya hose, Yesu azagirwa umunyakuri ku bandi. Iyo nshuti yanjye ifite imbaraga! Ntutangare ko satani arwana ngo yibe ijambo ry’Imana, imbuto, ngo abishyire hanze y’Imitima yacu. Ntutangare ko satani arwana inkundura ngo yitiranyishe abantu n’uburyo bwose bw’agahunda ziyobokamana babemo badasenga bibe amayobera y’ubwami bw’Imana

Menyako mu mugani w’umubibyi satani aza kwiba ijambo.

Mu by’ukuri iyi ni intwaro satani afite arwanisha arwanya umuntu, kwiba ijambo ry’Imana cyangwa kudutera ubuhumyi mu ijambo ry’Imana 2Abakoronto 4:4 havuga ngo: “Aribo batizera ab’imitima y’iki gihe hahumiye imitima, kugira ngo umucyo w’ubutumwa bwiza bwa Kristo, ariwe shusho y’Imana utabatambikira”

Igihe ijambo ritewe mu mutima wawe, ugomba “guhagarara”, cyangwa ugahagarara udatsinzwe kugeza igihe imbuto zikuriye. “Nuko rero mutware intwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe gukomera ku munsi mubi, kandi murangije byose mubashe guhagarara muzatsinzwe.”

Ibitero bikorwa imbere no guhagarara mu mwanya wawe, kurinda ubutaka ufite. Ukora ibyo ukomeza wongera gusubiza indangamuntu yawe muri Kristo, ukomeza kwihana inzira yawe werekera ubugingo nk’uko “ugendera mu mwuka” kandi no kubwo kuvuga ijambo ry’Imana mu buryo bwa’amagambo birwanya kubaho kwa satani.

Na none nizera ko Bibiliya itwigisha ko mu gihe cyo gutegereza, tugomba gukoresha ijambo ry’Imana nk’inbkota.

Abefeso 6:17b havuga ngo: “Mwakire n’inkota y’umwuka ariyo ijambo ry’Imana.”

Uku gutegereza igihe kwaba iminsi runaka, amezi, imyaka, imyaka mirongo. Igihe byamara si ikibazo. Kumara iki gihe hari imigambi myinshi isozwa, si mike yo kweza imiterere yacu. Imana ishobora kuduha isezerano mu rwego rwo kuba inzabya zikwiye kuzura iyerekwa.

Iyo tuvuga ijambo ry’Imana ararifata akarishyira Data akamusaba kuryuzuza.

Twabwiwe mu Baheburayo 3:1 “Nicyo gituma bene Data bera, abafatanyije guhamarwa kuva mu ijuru, mukwiriye gutekereza Yesu, ariwe ntumwa n’umutambyi mukuru w’ibyo twumva tukabyizera.” Yesu afata kwatura kwacu akabujyana kuri Data nk’umutambyi wacu mukuru na Data akabona ko kuzuye. Umwanzi nawe afata kwatura kwacu, guhakana Imana, agasohoza ibyo twabuze.

Iyo ijambo ryatuwe kandi igasengerwa ku muntu cyangwa mu gihe, ni iby’imbaraga Yesu yaremye buri kintu akoresheje ijambo rye, Yesu ni ijambo ry’Imana, Yesu yaduhare ubutware bwo gukoresha ijambo ry’Imana niba rimeze n’uko icyo gihe imeze abivuga!

Yohana 1:1-3 havuga ngo “mbere na mbere hariho Jambo; Jambo uwo yahoranye n’Imana kandi Jambo yari Imana. Uwo yahoranyen’Imana mbere na mbere. Ibintu byose niwe wabiremye, ndetse mubyaremwe byose nta na kimwe titaremwe na we.

Yohana 16: 23 havugango “uwo munsi nta cyo muzaba. Ni ukuri, ni ukuri ndababwira yuko icyo muzasaba Data cyose mu izina ryanjye azakibaha.

Dushobora kwinjira mu buruhukiro kandi tukareba ijambo ry’Imana rigakora umurimo.

Abaheburayo 4:1 havugango, “nukorero, ubwo isezerano ryo kwinjira mu buruhukiro bwayo rikiriho, dutuye kugirango ahari hatagira uwo muri mwe wasa nkaho atarishyikira.

Abaheburayo 4:12 havugango “kuko ijambo ry’Imana ari rizima, rifite imbaraga kandi tikagira ubugi buruta ubw’inkota zose, rigahinguranya ndetse rikageza aho rigabanya ubugigingo n’umwuka, rikagabanya ingingo n’umusokoro kandi rikabangukira kugenzura ibyo umutima wibwira ukagambirirwa.

Abamarayika bajya gukora iyo bumvise Ijambo ry’Imana

Zaburi 103:20 havuga ngo, “Muhimbaze Uwiteka mwabamarayika mwe, mwa banyambaragamwe nyinshi mwe basohoza itegeko rye, munkumvira ijwi ry’Ijambo rye. Abadayimobi bahunge!

Zaburi 149:5-9, havugango “abacunzi be bishimire icyubahiro abahaye, baririmbishwe n’ibyishimo, baririmbire ku mariri yabo. Ishimwe ryo gusingiza Imana ribe mu mihango yabo, n’inkota ibe mu ntuki zabo, yo guhoresha amahanga, no guhamisha amoko ibihano bakabohesha amoko yabo iminyururu n’abanyacyubahiro bacyo imihama kugirango babasohoze itekaryanditswe, icyo ni icyubahiro cy’abakunzi be bose Haleluya”

 

Guhamya Imana k’ubwo kwizera

TGIF Today God Is First by OS Hillman

“Kugirango Abisirayeli bibihe byose bamenyerezwe intambara, kuko muri bo harimo abari batazi uburyo bwazo”.

Imana yazanye ubwoko bwa Isiraeli mu gihugu cy’amasezerano cy’I Kanani ikoresheje Yosuwa.  Nyuma ya Yosuwa haje abandi b’ikindi kigero bari bafite uburambe buke mu kurwana urugamba rusa n’urwananoranye ya Yosuwa. Amahugurwa no kugerageza abantu b’Imana ni imwe mu ngambi z’Imana ngo ishoboze abana bayo gutsinda intambara y’umwuka.

Iyi niyo mpamvu tutabaho ubuzima bw’umudendezo ahubwo tubaho mu bigeragezo. Ibi bigeragezo bidasanzwe byoherezwa kugira ngo harebwe niba ukwizera kwacu ari uku kurfi cyangwa se niba ari amagambo yacu yambaye ubusa nakiyarimo, turi ab’amagambo gusa.

“Ariko barekewe kugira ngo bagerageze ab’Ibisirayeli, kumenya ko bakwitondera amategeko Uwiteka yategekesheje ba sogokuruza ururimi rwa Mose” (Abacamanza 3:4). Imana yemera amategeko ngenderwaho kugira ngo ikuze ubugingi bwawe itange kwizera kwawe guhamye. Ni igihe gusa tugeragejwe mu rugamba ko duhinduka abarwayi babifitiye ubushobozi. Ugomba kumenya ushikamye ko Imana izemera ibigeragezo kuza mu nzira zawe binyuze binyuze mu bihe bisa n’abakire badatekereza, abacuruzi banga guhemba, ibitero bidasobanutse ku miterere yawe, ubusabane bukomeue bugoramye busaba urukundo  rutagira amategeko ndenderwaho.

Izi ntambara zoherejwe mu nzira zawe kugerageza kugerageza ibyo uzi mu bitekerezo mu rwego rwo kugira ngo bibe bishobora guhindura igice cy’umutima wawe. Uzahishurirwa niba  waranyuze mu bigeragezo cyangwa ugomba intambara nyinshi zizaguha uburyo bwo kwiga umwuga w’urugamba rw’umwuka. Imana yamaze kuguha intsinzi kera niba uhitamo kugerwaho n’Imana no kuyubaha, nyuma uzaba umwe mu barwanyi bakomeye cyane b’Imana, bafite ubushobozi mu rugamba rw’Imana.

 

Ushobora kureba ijambo ry’Imana rishingiye ku isengesho kuri http://www.isob-bible.org/abf/prayerbook.htm.

Nee Watchmana. A table in the wilderness. Tyndale House Publishers.

Wleeaton, ILL.1965. Pages from November 6th.

Excepted permission from the book TGIF Today Dod is First, by Os Hillmana. Copyright 2003. Reprinted by permission For free daily email subscription to TGIF Today God Is First jya ku rubuga rwa Internet www.todaygodisfirst.com cyangwa www.marketplaceleaders.org .

<top>