freetobeyoukinyarwandacoverfront

Igice cya 1

Intumbero yo gukira imbere muri wowe

 

Nk’uko byongerwa ku magambo abanza y’iki gitabo, ndamanza kubanza guhishura imimerere y’Imana n’iy’ubumuntu.

Muri Matayo igice cya 12 umurongo wa 1- 21 Yesu asobanura kimwe mu miterere y’ingenzi y’Imana yerekana ko Imana n’abantu bashenjaguritse kuruta  ko ibaha amategeko n’amab

wiriza bagenderaho.

Abafarisayo bahaye Yesu igihe kigoranye kubirebana no gukora ku isabato.

Igihe Yesu yegeraga umuntu ufite ukuboko kinyunyutse mu isinagogi yabo, Abafarisayo baramugerageje bamubaza niba amategeko yemera gukiza umuntu ku isabato. Ku murongo wa 12 Yesu yavuze ko umuntu yari afite agaciro kuruta inyamaswa zitabarwa ku munsi w’isabato. Ku murongo wa 13, “Maze abwira uwo muntu ati”: Rambura ukuboko kwawe. Maze uko kuboko k’uwo muntu kumera nk’uko andi maboko ameze.

Dore icyo wamenya, Abafarisayo bajya inama yo kumugambanira ngo bazabone uko bamwica. Ihishurirwa nyakuri riza muri  Matayo 12:18-21 aribyo byanditwe muri Yesaya 42:1-3, dore umugaragu wanjye nkunda natoranyije, umutima wanjye ukamwishimira, nzamushyiramo umwuka wanjye, azamenyesha amahanga ibyo gukiranuka. Ntazatongana, ntazasakuza ndetse no mu nzira ntazumva ijwi rye. Urubingo rusadutse ntazaruvuna, kandi n’urumuri rucumba ntazaruzimya, kugeza ubwo uzaneshesha gukiranuka kwe, kandi izina rye abanyamahanga bazaryiringira,

(Matayo 12:18-21).

Abana bari bamenyereye kujya mu kibira gutera imbuto zo gukoramo imyirongi.

Iyo bakomereretsaga urubingo, ntibarusanaga, barukuraga mu zindi bakongera bakajya ku mugezi gutema urundi rubingo. Urubingo rucumba rusa n’urutambi mu itara rya petrole. Iyo rutangiye gucumba aho gutanga urumuri rwiza rufite umucyo, bafata rwa rutazmbi bagakuraho agace gacumba maze bakagata hanze. Amagambo yanjye  kuri iki sinjugunya abantu banjye hanze kubera ko bangujwe. Nta gaciro bifite kuri njye kubera ko ubugingo bwawe, bwangijwe ntibwerekeza ku mucyo w’intego y’Imana uhabwa, nyamara ni urumuri rucumba, sinzacika intege kuri wowe nzaba nkize uwavunitse maze nsane ubugingo bwawe kugira ngo umucyo wawe wongere ushashagirane n’imigambi itangaje y’Imana. Sinzakwirukana n’umugambi wawe ntuzatereranwa. Gukiza ahavunitse hawe bizatuma urumuri rwawe rushashagirana, ukizamo imbere yawe havunitse bizatuma ugera mu mwanya wo hejuru mu mugambi Imana igufiteho no ku ntego y’imibereho yawe.

Abantu bagira imyumvire iryohereye y’umwuka n’uw’amarangamutima bifite urutonde rurerure ibyo dushobora gukora. Ubwo Imana yaremaga Adamu yamuremeye kugira ngo ajye asabana nayo, Imana yari yaramubwiye kurya kubituruka ku giti cy’ubugingo, ijambo ry’Imana no guhura n’Imana mu ngobyi ya Edeni. Yazanye Eva imbere ya Adamu nk’umufasha mu busabane mu buryo bwiza cyane, uretse ko yaje kubw’Adamu no kubw’Imana ngo bose basabanire hamwe. Yaremye Adamu kugira ngo akenere Imana nka se umumenya akamuteganyiriza.

Igihe adamu na Eva bakunze igiti kumenyekanisha ubwenge bw’ikiza n’ikibi, bagize ibyo biyungura n’ubwenge nyamara Imana itabigizemo uruhare, baciyemo umubano ufite agaciro cyane kuri se nabo bapfuye. Bapfuye mu buryo bw’umwuka bigaragara n’ubu imibiri yabo yarapfuye.

Ibi byabatandukanyije na se kubera igicumuro, isoni no kwiyunga.

Muby’umwuka ubu icyo cyaha cyabo cyageze no kubana babo, no kuri wowe nanjye no nko kudakurikiza ukuri ibyo rero byitwa imivumo y’ibisekuru.

Gucikamo ku mubano n’imikorere mibi y’imiryango nyamara bishobora kubonerwa igisubizo.

Gukora nabi byagiye bihererekanywa ndetse no gucikamo k’umubano bikabaho ku bisekuruza ukagera ibindi. Twisanga twaravukiye mu miryango yuzuye gucikamo ibice, cyangwa se yaratandukanijwe n’ibicumuro by’abasekuruza. Benshi baba mu miryango ari imfubyi kuri ba se, ariko bibona ko ari nk’igitutsi. Abandi bafite ba se, ariko banyina ntibabemerera ko base bagira icyo babamarira mu buryo bwo kubaha uburere. Icyo bakabona ari igitutsi giterwa na ba se. Ibyo bibakururira kuba mu mibereho idasobautse. Ibi bikubiyemo imibareho Imana tageneye umuntu wayo kugira ngo abe mu mibereho isa ityo. Ahari twariye iby’inyongera, ibiyobyabwenge na alukoro byiyongera ki bindi dusanzwe tutya , ahari twararengeje bidutera uburwayi, cyangwa tuba abakurikira iby’Imana  tugendera ku mategeko arengeje urugero. Ni uburyo bwose bwo kugerageza gukiza ibikomere byacu by’imbere byateyemo no gucika k’ubusabane, byaba ishema cyangwa amafaranga dukoresha cyangwa ahari byaba ugukora imibonano mpuzabitsina itagenwe cyangwa kubana kw’abashakanye kudashimishije ntibibe uko Imana ibishaka cyangwa yategetse. Kwivuza muri ubu buryo dushaka uko byatanga umusaruro n’ubusabane bwacitsemo, bimwe muri ibyo usanga  biteye isoni, kwiyanga guta ubwenge umuntu ugasanga yarataye umutwe, uburakari kugerageza kwiyahura, urwango, kwikunda, guhitamo kwishyingira ku Bantu batari beza ku mpamvu zitari nziza, uwabirondora byaba byinshi.

Bamwe bajya mu bigirwamana, abandi bajya mu byigisho by’imibereho y’abantu no mu bahanga bize iby’imiterere y’umutwe w’umuntu, abandi bagasaba ubujyanama. Abandi bakiroha mu buvuzi bwabo, bagashyira igisitaza imbere ya buri wese, bakaba mu buzima budafite icyerekezo, “Akaronka byinshi bigapfushwa ubusa natangaho ingero kwinezeza, kujya mu bitateganijwe, kubona intsinzi, amafaranga, imbaraga n’ibindi”.

Ryari ihishurirwa ry’ukuri ubwo nahishuriwe ko ubu burwayi bwose bw’abandi ari inkomoko y’ikintu kimwe, uko gucikamo k’ubusabane no no kwangwa nabyo byifatanya nabyo, byaba ibyo mu gihe cyashize cyangwa se cy’ubu by’umwihariko n’amashusho ya base. Tuvuge ko icyo Imana iha umwanya w’imbere ari ubusabane na yo no kubana neza n’abandi, nta gutungurwa ko ku busabane bucitsemo kabiri butera ibi bizo byose.

Nubwo byaba ba data beza cyangwa imiryango ifite amateka meza, niba ubusabane na Data wa twese uri mu ijuru utaboneye, turi mu murongo wo kugerwaho na biriya navuze hano. Ibyanditswe Abaheburayo bitwereka inkuru ku nkuru ku mikorere mibi y’abantu. Itegereze Aburaham, Isaka na Yakobo, Dawudi, Mose n’abandi bose twavuga, izo nkuru zitwereka amategeko y’ukuri. Bitwereka ko Imana itigeze icika intege mu irema ryayo , nubwo ibyakurikiyeho byagiye biba bibi ikagira ibindi bitekerezo.

Ibyandikiwe Abaheburayo bituzanira ibyiringiro, bikavuga ubuhora, Mesiya, ugomga kuzana igisubozo cy’ibyari byacitsemo kabiri  hagati yacu na ba data, ariko by’umwihariko Data Imana yacu. Bitubwira amaraso y’umwana w’umwana ukiranuka amenwa ngo aducungre.

Zaburi 103 hazana ibyiringiro nk’uko havuga ngo murongo waho 1-4 n’uwa 12-13 , “Mutima wanjye himbaza Uwiteka, mwabindimo byose mwe muhimbaze izina rye ryera. Mutima wanjye himbaza Uwiteka ntiwibagirwe Ibiza yakugiriye byose. Niwe ubababaririra wakiraniwe byose, agakiza indwara zawe zose, agacungura ubugingo bwawe bwose ngo butajya muri rwa rwobo, akakwambika imbabazi zo kugirirwa neza nk’ikamba.” Nk’uko aho izuba rirasukira hitaruye aho rirengera, uko nuko yajyanye kure yacu ibicumuro byacu. Nk’uko se w’abana abagirira ibambe, niko Uwiteka agirira abamwubaha.

Ibicumuro no gukiranirwa ntibidutera intimba gusa iyo tubivuze natwe tubifatiye umwanzuro, nyamara tukagira intimba iyo ducumuweho. Icyitonderwa nuko Imana ifite igisubizo cyiza kuri ibyo byose dukora kuko cyangwa se dukorerwa. Kubibonera igisubizo byombi ni ingirakamaro. Fata imbabazi nk’ikintu Imana idukorera iyo dukoze icyaha ariko tuzarushaho kuziga nk’ibi bice bitagenewe ubushumba bw’Itorero.

Birakomeye gusobanukirwa urukundo rw’Imana

Watchman Nee mu gitabo cye mu ndirimbo za Salomon yakoze umurimo utangaje kandi mwiza cyane unoze. Kimwe mubyo yashyizeho umwete yanditse kuby’urukundo rw’Imana twabikuye mu gitabo cye ku rupapuro rw’ijana na cumin a gatanu (115):

“Maze mu mutima wanjye urukundo ruba rwinshi rumwuzuramo.” (Indirimbo ya Salomon 5:4b). ijambo mu mutima kurisobanukirwa ni byiza cyane nk’icyicaro cy’amarangamutima uko umerewe, kugira ngo tubirebe neza tubicengere tubyumve neza biboneke mu bike 5:4 aho uyu mukobwa avuga ati: “Munda yanjye haranyeganyega kubera we.”

Uyu murongo uduha ikindi kintu ngenderwaho Yesu nawe yavuzeho, yari aguye neza ariko ahagurutswa no kumva afitiye abantu urukundo rwinshi. Ihembe ry’inzovu nta buzima riba rifite iyo rigurishwa nk’ibuye  ry’agaciro, rikurwa ku mutonzi w’inzovu. Ihembe ry’inzovu ni ikintu kiboneka ku Buryo bw’umubabaro bishatse kuvuga ko urukundo rwayo rwagaragaye nyuma amaze kubabarira mu isi akikorera ibyaha byose. Icyo twakumvamo cyane kubera ko abantu be bagaburiwe ibyo kurya biturutse mu mimerere ye mwiza y’imibereho kubera kubabazwa kwe gukomeye n’urupfu rwe yabapfiriye.

Iyi myumvire: “Yuzura muri we” ni nk’amashusho abazwa mu mahembe y’inzovu avuga ubwiza akozwe n’abanyabugeni b’abahanga. Aho kubaza amahembe y’inzovu bikubiyemo  kutwereka imiterere y’urukundo rwe no kurinda imyumvire ye  ntibyagereranwa.

Iyo myumvire “Amabuye ya safiro ashashwe” byerekana neza ubusobanuro bw’ijuru nk’uko tubibona neza mu Kuva 24:10 “Bareba Imana y’Abisiraheli, munsi y’ibirenge byayo hameze nk’amabuye ashashe ya safiro ibonerana ihwanye n’ibuye ry’umubyemure ubwayo ubwaryo.” Hari amabuye ya safiro ashashwe mu myumvire yayo: aha iyo myumvire y’urukundo ivuye ku mutima umwe ukundwa , niko abo mu ijuru bababara.

 

Igisubizo:

Zaburi 68 izana ibyiringiro byo gukira kubera gucikamo kabiri k’ubusabane bwa Data, byari uburyo bw’urufunguzo ku bibazo byacu byo kwangwa, baba bonyine mu miryango. Imana iri mubuturo bwayo bwera, ni se w’imfubyi n’umucamanza urengera abapfakazi. Imana ibesha abatagira shinge na rugero mu mazu, ibohora imbohe ikaziha kugubwa neza, ariko abagome bakaba mu gihugu gikakaye.” (Zaburi 68:5- 6) aha Imana irivugaho nk’umuntu wuva ibyifuzo byacu tugomba kugira na  ubusabane na  Data cyangwa umuryango kuri bose. Biratangaje abantu bava mu butamenya bagahumuka bakava mu butamenya basaba n’abazimiye tukabona ubugingo bwabo kubo babonye Imana ari Data ikiranuka.

Twibuke Yesu yikoreye ibikomere byacu byokwangwa we na se ku musaraba. Ku  isaha ya kenda Yesu avuga ijwi rirenga “Eloyi, Eloyi, lama sabakitani?” Risobanurwa  ngo “Manjye, Mana yanjye, ni iki kikundekesheje?” (Mariko 15:34). Imana yakoze ikintu gitangaje ku muhanuzi wayo Malaki mu gitabo giheruka ibyandikiwe Abaheburayo, mu isezerano rya kera. “Dore nzaboherereza umuhanuzi Eliya, umunsi w’Uwiteka kandi uteye ubwoba utaragera. Uwo niwe uzasanganya imitima y’abana n’iya  ba se kugira ngo ntazaza kurimbuza isi umuvumo.” (Malaki 4:5-6).

Nageregeje kwiga ibi byanditswe njye ubwanjye imyaka myinshi nshaka ihishurirwa. Nshobora kubisobanukirwa nyamara ngira iki cyifuzo cyo kubona byinshi muri byo birenze ibyo namenye nagiye mbona. Reba muri Bibiliya isobanuye cyane no mu magambo yo mu Baheburayo y’ibi byanditswe bishobora kuba bivuga bitya: “Dore nzaboherereza umuhanuzi Eliya, umunsi w’Uwiteka ukomeye kandi uteye ubwoba utaragera . uwo niwe uzasanganya imitima y’abana n’iya ba se, kugira ngo ntazaza kurimbuza isi umuvumo”.

 

Malaki yabwiye Zekariya ise wa Yohana umubatiza amagambo asa n’ayo.

“Azagendera imbere yayo mu mwuka w’ububasha bya Eliya, asanganye imitima ya ba se n’iy’abana n’abatumvira Imana azabayobora mu bwengwe bw’abakiranutsi, ngo ategure ubwoko bw’abatoranyijwe n’Umwami Imana” ( 1:17).

 

Yesu yashohoje igitangaza nk’uko byanditswe muri Mariko ibice 2 nshaka kubabwira iby’iyo nkuru bitari mu buryo bwa tewolojiya (Mariko 2:1-12).

  1. Nuko hasize iminsi asubira muri Kapernaumu, bimenyekana ko ari munzu.
  2. Benshi bateranira aho bugurura inzu barenga no mu muryango, nuko ababwira ijambo ry’Imana
  3. Haza abantu bane bahetse ikirema,
  4. ariko babuze uko bakimwegereza kuko abantu bahuze, basambura hejuru y’inzu aharinganiye n’aho yari ari, bamaze bamaze kuhapfumura bamanuriramo ingobyi ihetswemo icyo kimuga.
  5. Yesu abonye kwizera kwabo abwira ikirema ati: “Mwana wanjye ibyaha byawe urabibariwe.”
  6. Ariko hariho abanditsi bamwe bicayemo, biburanya mu mitima yabo bati:
  7. “Ni iki gituma uyu avuga atyo?  Arigereranyije. Ninde ushobora kubabarira ibyaha uretse Imana yonyine?”
  8. Uwo mwanya Yesu amenya mu mutima we yuko biburanya batyo mu mitima yabo arababaza ati: “Ni iki gitumye mwiburanya mu mitima yanyu?”
  9. Icyoroshye ni ikihe, ari ukubwira ikirema nti “ibyaha byawe urabibabariwe, cyangwa ari ukumubwira nti byuka wikorere ingobyi yawe utahe?”

10.Ariko ni mumenye ko umwana w’umuntu afite ubutwaremu isi, bwo kubabarira abantu ibyaha. Nuko abwira icyo kiremwa ati:

11. “Ndagutegetse byuka wikorere ingobyi yawe utahe”

12. Arabyuka yikorera ingobyi ye uwo mwanya asohokera imbere yabo. Nuko ba se baratanga bahimbazi Imana baravuga bati: “Bene ibi ntabwo twigeze kubibona.”

Icyitonderwa umurongo wa 5 igihe Yesu yavuze ati:

“Mwami wanjye”. Ijambo “Mwana wanjye mu kigiriki ni Tekonos, aribyo bisobanura ngo: “Wowe wabyawe na se wari udafitanye isano n’undi wese” icyitonderwa nuko umuryango w’uyu muntu uterigeze umuzana kuri Yesu  byamara ahubwo byakozwe n’abagabo bane bagize ukwizera, Yesu aramubwira ibyahe bye mbere ya byose, na none yongera gushyiraho ubusabane bwe bwari bwaracitswemo kabiri nyuma noneho araza aramukiza.

<top>