freetobeyoukinyarwandacoverfront

Igice cya 4

Ibikomere biva ku bandi

Mu by’ukuri  birababaza

Nagiranye ikibazo n’umugore umwe wari umuganga wize iby’indwara yitwa Alizeyimeri. Amenyesha ko iyo umuntu afite  ikibazo cy’ihahamuka biterwa kurenga ibikorerwa mu bwonko bigahaga bisa n’ibisunika nko koherezwa umwuka mu bwonko.

Ikigaragara nyuma nuko hari ibyiyandika ku bwonko. Ibi byiyanditse mu bwonko ibi gigira imbaraga zo kongera gutera ihahamuka. Uyu mugore ni umukristo. Namubajije niba atekereza ibyo gukira kw’imbere mu mutima n’imbabazi zinyuze mu maraso ya Yesu ashobora gukora ibyo byabaye ku Bantu bagahahamuka. Arambwira ati yego byose birashoboka cyane cnta gushidikanya.

Ndahamya ko ibyo bigaragara biva mu gisebe cy’umufunzo bihinduke mo inkovu. Ibi tuzabisubiraho mu gice cya nyuma, abantu bakoze ubushakashatsi basanga “Kongera kwibutsa ibyishimo” bivuye kuri ibi twavuze haruguru, bitera rimwe na rimwe na muzika bumvise, ibiyobyabwenge, kureba amashusho agaragaza ubusambanyi bukabije cyane n’ibindi byatera ingeso mbi. Abasezerewe mu ngabo bagira ihahamuka ry’ibyo babonye.

Kimwe mu ngaruka zo kwangwa ni umutima ushenjaguye.

Imigani 17:22 havuga ngo: “Umutima unezerewe ni umutima mwiza, ariko umutima ubabaye umutera konda”.

Iyo kwizera kwagiye ntihabaho amahirwe yo gukira aba ariho.

Imigani 18: 14 havuga ngo: “Umutima wihanganye ukomeza umuntu mu ndwara ye, ariko umutima wihebye ninde wawihanganira?”

Mu isi imbaraga zihebuje ni urukundo rw’Imana

Imana ni urukundo kandi urukundo ni imbaraga z’Imana zishobora ibirenze urugero. Twaremewe kugira ngo ducengere mu busabane buri hagati yacu n’Imana Zaburi 139 :13-16 hatubwira ngo : « Kuko ari wowe waremye ingingo zanjye, wanteranirije mu nda ya mana. Ndagushimira yuko waremye mu buryo buteye ubwoba butangaza imirimo wakoze ni ibitangaza, ibyo umutima wanjye ubizi neza. Igikanka cyanjye ntiwagihishwe, ubwo naremerwaga mu bwihisho, ubwo naremesherezwaga ubwenge mu byo hasi y’isi. Nkiri urusoro amaso yawe yarandebaga, mu gitabo cyawe handitswe iminsi yanjye yose, yategetswe itarabaho. »

 

Abefeso 1 :4-5 havuga ngo : « Nkuko yadutoranije muri we isi itararemwa, kugira ngo tube abera tutariho umugayo imbere yayo, kuko yagambiriye cyera kubw’urukundo rwayo, tubiheshejwe na Yesu Kristo kubw’ineza y’ubushake bwayo. »  Na none twaremewe guhurizwa kuri ba mama, ibi biraro byubatswe kubw’urukundo, kwemerwa n’agaciro gukora urugendo. Hagati y’aba bantu, Imana umubyeyi w’umugore n’umwana. Ni iby’umutima n’iby’imbaraga zifuza, dukeneye urukundo no kwemerwa nk’uko dukenera amazi n’ibyo kurya bya buri munsi. Imana yaturemeye ibyifuzo kuko ifite ibigomba kubisubiza binyuze mu busabane nayo. Yohana 4 :8, 16 hatubwira ngo : « Udakunda ntazi Imana kuko Imana ari urukundo. » kuko ikiri mu isi cyose ari irari ry’umubiri n’irari ry’amaso, cyangwa kwibona kubw’ubugingo budaturuka kuri Data wa twese, ahubwo bituruka mu isi. » Niba urukundo ari imbaraga zishobora zirenze ibintu byose mu kuremwa, noneho rero igikurikiraho nuko kubura urukundo iri imbaraga zidashobora zirenze ibintu byose mu  kuremwa, kwangwa ni uguhakana urukundo no kwemerwa mu mibereho yacu. Gushikirana n’Imana bicikamo kabiri iyo habuze gukorago, mu yandi magambo guhakana amakuru no kumva umutekano. Gukoraho bizana abantu hamwe. Gukoraho mu buryo bw’umubiri ni igice cy’ingenzi cyo gukura bigashyira hamwe no gutangira gushyikirana bahana amakuru. Umuntu wanjye wanteye inkunga mu bwanditsi bw’iki gitabo, Michael igihe yatemberaga muri Afrika yitegereje ukuntu abana baba hahetswe na banyina ku migongo yabo bari mu mutekano. Ni umumaro ku mwana. Michael yavutse adashyitse, nyuma mu mibereho mu mibereho imbere muri we Imana yamwishyuriye igihe yari mu conveuse ishyusha abana uko yari atewe ubwoba kandi bumwuzuye n’uburakari bwimvira mu mibereho ye. Rimwe na rimwe ibiraro byacu bigenda bicikamo kabiri cyangwa bikangirika bitewe no kwangwa. Kwangwa ni umubabaro mwinshi gusuzugurwa cyane,  gusuzugurwa cyane, kimwe mu bintu biranga ibikomere bitubabaza. Uku gucikamo kabiri k’ubusabane no kwangwa biza mu ngero zose mu mashusho yose, kandi bifite amasoko menshi. Muri iki gice nyuma tuzarebera hamwe  ibikomere bituruka mu kubaka, na none tuzabone ibikomere biterwa n’amatorero, umuryango w’Itorero cyangwa ubuyobozi  bw’Itorero ishusho y’Itorero ikahangirika. Amwe mu mashusho yo kwangwa ni uguhakanwa, gutereranwa, kwigizwayo, kugirwa insuzugurwa, kwirukanwa, kubuzwa ibintu runaka no kudatangirwa ibimenyetso. Biragaragara ko kwangwa atari ibikorwa n’umubiri buri gihe.

Kwangwa bishobora guterwa ubwoba bwo kwangwa cyane no kwiyanga.

Bimwe mu bikorwa byo mu kwangwa, kubijyanye n’igitabo cyo gukira imbere muri twe, twarimo dukoresha ni, unurakari, gusharira, imigenzo ya gipagani n’udutsiko tubi, kwiyanga, kubabara mu mutima, kwigirira impuhwe, kwiheba, guta umutwe, kwigunga no kwiyahura.

Igitabo cyo gukira imbere mu mutima tuzakoresha mu bika bine ibi bikurikira bizakoreshwa tuvuga imbuto zo kwangwa.

Imbuto zo kwangwa n’impamvu zo kwangwa.

Kwangwa bimeze nk’umuzi usharira. Gutanga imbuto zisharira gusa. Gukura ni imbuto zitandukanye  n’urwego rwo kwanga. Aya magambo ari kuri uru rutonde n’ingero zimwe na zimwe z’imbuto zo kwangwa n’umusaruro uboneka mu kwangwa ;

- Kudashobora kwakira urukundo twumva ntagaciro dufite,

- Gudashobora gukunda abandi, tuguma hamwe ntakwizera.

- Nta mutekano, twumva ko twangwa. kuva mubandi ukiha agahato,

- Urwikekwe, buri wese ntatugeraho

- Kumva uri hasi yabandi, kuberako twumva ko ntagaciro dufite

- Gutinya abandi

- Buri wese akakubona akurenze

- Gutinya gutsindwa,

- Kwemera ko  uri uwo gutsindwa, gutinya

umuntu « niba wamenyaga gusa uwo nari we »

- Gutinya kwangwa

- Kuturinda kuba ubwacu

-Kwiyanga, kwirinda ibinyoma ko turi ab’ukuri

-Inzozi twarose, tukiremera ukuri kwacu bwite

Impamvu zo kwangwa

Kwangwa bibanzirizwa :

1) Biremwa buhoro buhoro nyuma yo kubaka urugo

2) Bikorwa nyuma yo kuvuka k’umwana

3) K’umuryango ubukungu bugasiganirwa

4)Gutinya gutsindwa

5) Kubaho kwintambara hagati y’ababyeyi

6) Kugerageze gukuramo inda

7)Kutaringaniza abana mu rugo ukabasumbanya

Izindi mpamvu

Ibibazo byo kugirirwa nabi, gutukwa, amagambo, kugirirwa nabi, gufatwa kungufu, guhabwa amategeko, ugenderaho ukabigwamo.

 

Urugero :

Umwana utarerwa na nyina, aba ari umwana urerwa n’undi muntu, ababyeyi be baba batakibana, ibibazo abiterwa n’abarimu cyangwa bagenzi be bo mu ishuri. Imana yaturemye kuba mu busabane nayo nka Data, imizi ihari ni ukwangwa n’isi, ibi bytumye habaho ibikomere by’imbere ari nabyo byadukozeho. Igisubizo kiroroshye kukivugaho ariko ntibyoroshye kugisobanukirwa.

Kwemera umwuka awera akatuyobora nk’umurongo ngenderwaho wo guhishurirwa imizi yinjiye ifite imbaraga mu bugingo bwacu, kubabarirwa, noneho ugakurikira Imana Data wo mu ijuru  n’umutima wawe wos, .Abaheburayo 12 : havuga ngo : « Mwirinde hatagira umuntu ugwa, akava mu bintu by’Imana, kandi hatagira umuzi usharira umera ukabahagarikira imitima benshi bagahumana. »

Iyi mizi yo kwangwa yinjiye igakurira mu bwana bwacu  no mu nda za ba mama. Uku kwangwa kuba uburyo bwacu bwo kwizera.

Urugero : Abashakanye basamye inda y’umwana nyuma yo gushakana  ako kanya batinye iki kintu kibabayeyo.  Uyu mugabo atinye kujya kwa muganga  ngo barere iby’isamwa ry’uyu mwana utizewe kandi udashakwa kuri iki gihe.

Mbese mu gutinya kwe n’umutekano muke utangira ubwo ijoro ryose banywa n’iminsi mikuru n’inshuti ze ngo birukane wawundi udashakwa. Ni kuri ibi umugore azababara kandi atewe n’ibibazo biza kuri uku gutwita yatandukanye n’umugabo we. Azibaza niba yakagombye gushakana na we mu bihe bya mbere.

Bashobora gushishoza neza kuvanamo inda cyangwa se  kuzareresha umwana kubera uko gutwita kutari guteganyijwe. Uku gutinya kose, n’intambara, kwangwa,  byimurirwa ku mwana uri mu nda. Uku kwangwa gushobora kuba intangiriro yo kwiyanga ku mwana. Umwana ashobora kuvuka mu buryo budashitse bitewe n’umunaniro wabayeh mu gihe bari bamutwite.

Biturutse cku kuvuka adashitse umwana ashobora kuba atari adahuye neza na nyina mu minsi mike yabanje cyangwa byashoboka na none amezi y’imibereho ye kuko yashyizwe muri couveuse ishyushya abana. Kwangwa k’uyu mwana ni kurekure kandi ni imizi y’uku kwanga guterwa b’ibi bibazo. Iri ryaba itangiriro ryo vkurakarira Imana kandi bishobora no kuba umuzi wo kwifuza gupfa kubera ko yumva ubwe ari « akabangamiye abandi » cyangwa umuntu wavutse adashitse.

Hari icyakorwa ngo umubabaro usubizwe inyuma nukureba ibikomere byacu byo mu gihe cyashyize. Nk’abantu, twishakira buri gihe inzira y’ubusamo itaturushya, iyaba twemeraga Imana tugasubira aho twakomerekeye mu mitima yacu twakira ibyo bikomere twagendera mu mudendezo wa Kristo yaje kuduha.

Bizadushoboza gutsinda ibigeragezo, kwanagwa n’imibabaro yo mu bukuru bwacu. Nk’uko twabyerekanye mu gice cyabanje, Yesu yakoze igitangaza gikomeye biboneka muri Mariko ibice bibiri. Iyi nkuru y’ikirema itwereka ko imbabazi, icyaha cyo kwangwa byihanganiwe na Yesu uretse wowe, bizana gukira ko mu mutima imirimo n’imbuto byatewe no kwanga bikurwaho bikibagirana.

Ushobora kutaba ikirema cyo mu mubiri nyamara ukaba ikirema cyo mumwuka cyangwa mu buryo bw’ubugingo.

Ahari waba uri ikirema cyo guhagarika gukoresha ibiyobyabyenge. Ahari ntishoboba guhagarika imibonano mpuzabitsina ikorwa mu buryo butemwewe, kubera amashusho mabi yerekana ingeso mbi z’ubusambanyi bukabije, uburakari, cyangwa guta umutwe.

Nyamara biroroshye gukuraho uwo mubabaro wawe. Bamwe barihuzenza bakajya muri siporo abandi bagakora imirimo yabagusha mu mutego n’ibindi. Uburema bwawe bw’inyuma bufite imiti y’imbere mu mutima Yesu yishyuye igiciro kinini. Ahari ntumenyereye imibereho ihenze.

Ubundi bwoko bw’ibikomere biturutse ku bandi, ibyavuye muri raporo ya Dunklin

Abantu bavuka mu miryango ikora nabi, ibyo ntibivuga ubusinzi, ibiyobyabwenge ni isoko y’imikorere mibi. Hari ubwoko bwinshi bw’imikorere, ardiko mu buryo bwo koroshya imvugo, mu rugo rwose Yesu atari umutwe warwo rukora nabi baba imivumo. Gukoresha nabi imbaraga, ibitekerezo, ibitsina no gusaba ababyeyi ibirenze byabyara imikorere mibi mu rugo.  

Umubyeyi uhoraho asaba ko ibintu bitunganywa neza buri gihe agahora yerekera abo mu rugo. Umwana yakira urukundo vuba kimwe no kwigishwa kwitondera ibyo abwiwe.

Gukoresha nabi imbaraga

Mu buryo bwo gukoresha imbaraga umwana aterwa ubwoba ndetse agashyirwa mu rujijo. Ntagushidikanya ko mu bitekerezo haba habayemo kwangwa. Byigeho neza kwiyuvamo uburakari no guhana bitangira kubaka, kuko umwana fite uruhare rwo gukora nabi, yikoresha nabi.

 

Gukoresha nabi ibitsina

Umwana utaregerejwe bandi akura adafungutse ubwenge atinya n’bantu, agira ibitekerezo bike akabura kwiringira abandi, byumwihariko kumva hari ubutware afite .

Ibikomere bituruka mu busambanyi birinjyira cyane, byateye abantu benshi kuba mu mibereho ibarimbura. Bisa no kubatera kwiheba no kubura ibyiringiro. Nabonye ko abantu bakize indwara mu buryo budasanzwe bagiye bakoreshwa n’Imana gukiza abandi.

Ibikomere bituruka ku gucika mo kabiri kw’abashakanye.

Iyo umuntu agira ibikomere mu gihe cy’imyaka y’ubusore bwacu.

Bishobora kwangiza cyane, ibikomere bishobora kubaho mu gushakana kutabonejwwe neza twembi n’abana bacu, dushobora kuhangirikira cyane tukaba abakandida bo gukira imbere mu mitima, umulimo w’Umwuka Wera ni uwo kuzana imbabazi; kwihana, kwikosora, nyuma tugakira.

Ugushaka ni isezerano ry’amaraso, bisa n’amasezerano y’amaraso bisaba urupfu rw’ibice bibili gukorerana.

Buri gace gato ko muri ibi kabyara ibikomere bigomba gukira byombi muri abo Bantu bashakanye no mu bana, Yeremiya 34:18-20

Havugako uwishe isezerano azatangwa mu maboko y’abanzi be. Nyamara tuziko imbabazi no kwihana bizadukuraho abanzi mu mibereho yacu.

Kwiyemeza gushaka byaba byiza cyane umuntu avuze ati “sinzigera ntandukana n’uwo tuzashakana “ gukora iyi mvugo kandi bikagutwara igihe kinini n’inshuti zawe kirenze icyo umarana n’uwo mwashakanye bizabatera gutandukana, kwiyemeza kubaka urugo ni ibyo uzakora, si ibyo rero utazakora, ibyo rero twavuze Imana ishaka kukweza ikagukura mu gucirwaho iteka ko kwica isezerano ty’abashakanye.

Niba warakiriye mu bibazo, ikihana warababariwe, byaha yawe byarahanaguwe byose. Niba uwo mwashakanye yaragucumuyeho mubabarire kugirango ubohoke.

Inyigisho zimwe na zimwe zivugako gutandukana kwabashakanye ari icyaha kitababarirwa. Imana ntiyateganije guciraho iteka mu ijambo ryayo. Dufite ibika byitwa gukira ibikomere guturuka mu mubano w’abashakanye ruboneka ku rubuga rwacu rwa Internet, htt: //www.isobbible.org/marriage/tocmar.htm. Indi soko nziza ni igitabo cyanditswe na Dogiteri M.G Mctuhan, Mariage and Divorce.

Imana yaturemanye gukenera Data

Mpereye kubyo nize, gucikamo kabiri k’ubusabane na Data “ni urufnguzo ku myumvire yacu yo kwangwa n’ibikomere muri twe. Nkuko byanditswe mbere, byashoboka cyangwa ntibishoboke gucikamo kabili kwako kanya mu busabane twari dufitanye na Data. Ni igicumuro cy’abasekuruza kiza gisanga abariho ubu. Bishobora kuba byaratewe no gucikamo kabili mu gihe cya Adam n’Imana.

Dawidi yemerera Imana ko ababyeyi be, abavandimwe be n’umuryango baba barabaye kure yo gutungana, ariko icyifuzo cye kimwe cyari ukuba umwana w’Imana no gukomeza Inshuti ya Se wo mu ijuru.

Zaburi 27:10’ Ubwo data na mama bazandeka,

 

Uwiteka azandarura”

Zaburi 27:4 “Icyo nsaba Uwiteka ni kimwe nacyo nzajya nshaka, ni ukubamunzu y’Uwiteka iminsi yose nkiriho.

Yesu ntiyishyuriye kubabarirwa no gukira byacu ngo twongere dusubire mu   migenzereze ipfuye ya Kera. Yishyuye ibihenze kugirango duse na Dawidi tugirane ubucuti na Data mu buryo buhoraho.

Michael Philippe mugitabo cye cyitwa “Imana ni Data mwiza acengera cyane iby’ububyeyi bw’Imana mu by’ukuri ko bwiziritse ku nkingi y’umutima wanjye.

Ukuri kuruta ibintu byose mu isi gushobora kuvungwa mu magambo atatu. Imana ni Data.

Iyo dusomye mu butumwa bwiza mu buryo bushya amaso yacu yatojwe, tubonako ububyeyi bw’Imana ari ukuri kutagereranywa kuri Yesu ahora yerekana kuri Yesu ahora yerekana. Niyo ntego ye yuzuye hano muri iyi si.

Muri ibi bishya byamuzanye, Yesu aremera indi si nshya. Tugiye kurunade rw’ibyo twavugaga ho mu isezerano rya kere Imana ntiyigeze nka Data, ntakumenya umwana kwabayeho, nta mutimanama w’umwuka wera. Yohova yari « Umwe » Data ryari ijambo buri wese yakoreshaga kugira ngo amuvuge neza.

Nyamara hari idini ya Kiyawudu mu minsi ya Yesu y’umwihariko. Babonaga Imana ariyo ijya mbere nk’uwubaha amategeko akaba umucamanza, Mose na Dawudi bagendeye mu bushuti bwemewe n’Imana, nyamara si abantu bose. Amategeko yagombaga kubahwa, kandi umucamanza witwaga Yehova akitegura guca imanza iyo babaga baciye ukubiri nayo. Imana ntiyateganije guciraho iteka mu ijambo ryayo.

Dufite ibika byitwa biboneka ku rubuga rwa Internet, http :iiwww.isob-bible.org/marriage/tocmar-HTM. Indi soko nziza cyane ni igitabo cyanditswe na Dogiteri M.G Mtuhan, Marriage and Divorce.

Imana  yaturemeye gukenera Data

Mpereye kubyo nizeye, gucikamo kabiri k’ubusabane bwacu na Data ni urufunguzo ku myumvire yacu yo kwangwa n’ibikomere by’imbere muri twe, nk’uko byanditswe mbere, byashoboka cyangwa ntibishoboke gicikamo kabiri kw’ako kanya mu busabane twari dufitanye na Data.

Ni igicumuro cy’abasekuruza kiza gisanga abariho ubu. Bishobora kuba byaratewe no gucikamo kabiri mu gihe cya Adamu n’Imana. Dawudi yemereraga Imana ko ababyeyi be, abavandimwe n’umuryango kuba barabaye kure yo gutungana, ariko icyifuzo cye kimwe cyari ukuba umwana w’Imana no gukomeza kuba inshuti ya Se wo mu ijuru. Zaburi 27 :10 « Ubwo data na mama bazandeka , Uwiteka azandarura. » , zaburi 27 :4 » Icyo nsaba Uwiteka ni kimwe nicyo nzajya nshaka, ni ukuba mu nzu y’Uwiteka iminsi nkiriho. » Yesu ntiyishyuwe kubabarirwa no gukira byacu ngo twongere dusubire mu migenzereze ya kera ipfuye. Yishyuye ibihenze kugira ngo duse na Dawidi tugirane ubushuti na Data mu buryo buhoraho.

 

Micahael na Phillips mu gitabo cye cyitwa Imana ni Data mwiza acyengera cyane iby’ububyeyi bye muby’ukuri kobizziritse ku nkingi y’umutima wanjye.

Ukuri kuruta ibintu byose mu isi gushobora kuvugwa mu magambo atatu : Imana ni Data , iyo usomye ubutumwa bwiza mu buryo bushya amaraso yacu yatojwe. Tubona ko ububyeyi bw’Imana ari ukuri kutagereranwa kuri Yesu ahora yerekana. Niyo ntego ye yuzuye hano muri iyi si.

 

Muri ibi bishya byamuzanye, Yesu arema indi si nshya. Tugiye ku ruhande rw’ibyo twavugaga ho mu isezerano rya kera Imana ntiyigeze ifatwa nka Data, nta mwizerere y’ubutatu bwera, nta ntero ngo Data, nta kumenya Imana kwabayeho, nta mutimanama w’umwuka wera Yehova yari « Umwe » Data ryari ijambo buri wese yakoresha kugira ngo amuvuge neza. Nyamara hari idini ya Kiyawudi mu minsi ya Yesu y’umwihariko. Babonaga Imana ariyo ijya imbere nk’uwubaha amategeko akaba umucamanza Mose na Dawudi bazgendeye mu bushuti bwemewe n’Imana, nyamara si abantu bose.

Amategeko yagombaga kubahwa, kandi umucamanza ushobora byose witwa « Yehova » akitegura guca imanza iyo habaga haciwe ukubiri nayo. Nta hanu muri Tewolojiya cyangwa muri Filozofi  y’igihe cya Yesu, yari imiterere itangaje yahawe na Se. Mu isi ba data bamize ubwiza bw’ububyi bw’Imana birengagiza kubumenya. Kuba umubyeye kwayo ni ikintu cy’ingenzi ku muntu, kwaremye muri twe gutumbira ijuru no kubona Data.

 

Yesu yazanywe no gukiza ikiremyamuntu ngo tuve mu kudasabana nayo kwacitsemo kabiri.

Nashyize agati mu isezerano rya kera ko Imana yasabaga abantu ngo bave mu mazu ya base ngo bayikurikire.  Reba kandi wige muri Yohana ibice 8 birakwereka umutima wa Yesu kuri ibi icyo bitanga Abayuda mu mwanya wabo bavugaga ko Aburahamu ariwe se, nxyamara Yesu arabihinyuza ababwira ko Imana ariwe se, bidatinze abereka ko satani ariwe se.

Amagambo menshi ya nyuma ya Yesu yanditswe muri Yohana ibice 14-17 yashatse kutwereka uko twashyikirana na Data. Yavuze ko umwuka wera azaza akaba umuhuza ku Mana Data. Yesu ni inzirab, bzivuga gutegura ibintu babirebeye mu ijambo ry’Imana, nyamara umwuka wera ni umuntu muby’ukuri uduhuza mu gihe gikwiye.

 

Yesu ni inzira itugeza kuri Data

Twari dukeneye umuntu ufata ibyaha byacu kugira ngo tube umwe na Data Imana. Yesu rero yakoze ibyo. Menya ko imbabazi z’ibyaha zigenda zigaruka. Si ibyaha byonyine twakoze byashyizwe kuri Yesu n’ibindi byadukorewe mu rwego rwo gukomeza ubushuti n’ubumwe na Data Imana dukera Yesu. Ijambo ry’Imana ni Yesu kandi Jambo ni inziri itugeza kuri Data. Yesu arambwira ati : « Ni njye nzira n’ukuri n’ubugingo : Ntawe ujya kwa Data ntamujyanye (Yohana 14 :6)

Yesu yahishyuye umutima w’urukundo rw’Imana

« Yesu aramusubiza ati » Nabanye nanwe iminsi ingana ityo, kandi ntiwari wamenya Filipo ? umubonye aba abonye Data ni iki gitumye uvuga uti : « Twereke Data wa twese ? » (Yohana 14 :9), niba Data asa na Yesu, twavuga duti : « Aba, Data, dufite ishema , Abagalatiya 4 :6 havuga ngo : « Kandi ko muri abana bayo, nicyo cyatumye Imana yohereza umwuka w’umwana wayo avuga ati : « Aba, Data ».

Yohana 16 :27 havuga hati : « Kuko data nawe abakunda ubwe  kuko mwamukunze mukizera yuko navuye ku Mana. »  Tekereza kandi usubiremo uyu murongo :  « Imana ifite umutima wo kunkunda ! » Genda ubivuga !

 

Dufite ubushuti nyabushuti, ubumwe na Yesu na Data

« Ngo bose babe umwe nk’uko uri murinjye, Data, nanjye nkaba muri wowe ngo nabo babe umwe muri twe, ngo ab’isi bizere ko ari wowe wantumye. » (Yohana 17 :21).

 

Uyu Data ntazigera agutererana

« Kuko ubwayo yavuze ati : Sinzagusiga na gato kandi ntabwo nzaguhana na hato » (Abaheburayo 13 :56). Ntugomba kongera kugira ubwoba na hato, imyitwarire yawe nitaba myiza uzakomeza gukora ibyaha igihe cyose. Nyamara So ntagusiga, ntaguhana na hato, ahora hafi agutegereje kuguhindura no kukugarura , ni umunyampuhwe kuri wowe.

Shushanya mu bitekerezo byawe no mu mutima wawe urukundo rw’Imana kubwawe n’uko igitambo cya Yesu cyakuguze wese.

Tekereza ishusho ya Yesu ihagaze hagati yawe n’umuntu wagututse, bihita bibyara igitutsi kuri wowe. Tekereza ko igitutsi kitagira icyo kigukoraho kuko Yesu wakiriye. Muby’ukuri ibi ni aho Yesu yari ari igihe wanzwe kandi utukwa. Yari intungane hariya, afata kandi yikorera ibyaha byawe kubwawe.

Na none bika mu bitekerezo byawe iyo ucumuye ku bandi. Iyo wemera Yesu akamira ibyaha byawe ubabarira umuntu wagututse, uba ubohotse ! Iyo utemeye uko kuri kandi ugahitamo kutababarira, uzakomeza kugwa mu byaha, uzasigarana ibikomere.

« Ni ukuri intimba zacu yishyizeho, imibabaro yacu niyo yakoreye, ariko twebweho twamutekereje nk’uwakubiswe n’Imana, agacumitwa nayo, agahetamishwa n’imibabaro. Nyamara ibicumuro byacu nibyo yacumitiwe, yashenjaguriwe gukiranuka kwacu, igihano kiduhesha amahoro cyari kuri we, kandi imibyimba ye niyo adukirisha (Yesaya 53 :4-5).

 

Igusubizo

Niba bzyinshu mu bikomere byacu by’imbere mu mutima bituruka mu kwangwa bibi cyane cyangwa ubusabane bucitsemo kabiri n’iwbya Data, noneho gusabana no gukiza ni ukwa Data Imana. Kwangwa ni imbaraga zifite ubushobozi bwinshi zinyuranya, mu gihe urukundo ari imbaraga zifdite ubushobozi bwinshi zemeza.

Gukira ko mu mutima gufite intambwe ebyiri :

  1. Yesu yikoreye ibyaha byacu, twe tugashobora kubabarira bariya batwanze no kubabarira ibyaha byatewe n’uku kwangwa. Uyu ni umuryango ugana ku ntambwe ikurikiraho.
  2. Kuba mu bushuti  na Data biganisha gukomeza gukorera mu mucyo kwacu, kuri Yesu ariwe Jambo, no kubaka ubumwe nayo wubaha no kugurana hagati y’abantu babiri Yesu natwe. (Abaroma 12 :2) havuga ngo : « Kandi ntimyishushanye nk’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, arqibyo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.»

Yesu yaranzwe kandi acumitwa kubwawe

Ndasenga ngo umwuka wera agusobanurire by’ukuri ibi byanditswe « Ku isaha ya cyenda avuga ijwi rirenga ati ; Eloyi, Eloyi, lama sabakitan ?’ risobanurwa ngo : « Mana yanjye, Mana yanjye  ni iki kicyendekesheje    » (Mariko15 :340) Yarasuzugurwaga akagwa n’abantu, yari umunyamibabarowamenyereje intimba, yasuzugurwaga nk’umuntu n’abandi abandi bima amaraso natwe ntitwumwubahe. (Yesaya 53 :3)

Umwitozo wo kwangwa

Senga Imana iguhishuriwe uburyo butanu wanzwe ufite imyaka iri munsi y’icumi. Usabe Imana ikwereke imizi wameze ishirira kuba buri kwangwa waragize n’imbuto weze mu mibereho yawe biturutse kuri ya mizi. Gusenga werekeza kuri ibi byabayeho usaba Imana kukwereka aho yari iri igihe uyu muzi wo kwangwa wameraga, Saba Imana cikwereke uburakari n’umutima wo kongera kuyikuda  wari ufite, wowe ubwawe, nawe, n’abandi kubera uku kwangwa no kwihana.

Ibikomere bituruka mu mivumo w’ibisekuru

Nk’uko nagize amahirwe yo kwiga iby’umuco mu bice by’umuco mu bice by’isi birasobanuka nez ako imico myinshi ifite iyobokamana ripfuye ryitwa iya gakondo. Mu busobanuro bw’ayo magambo ni imyuka y’abakurambere, ya basogokuruza bacu bapfuye cyera. Nabonye aho basuka ibyo kurya ku mva kugira ngo iyo myuka ngo ibe ariyo ibirya. Igishimiashije nuko ibyo biryo basutse ku mva biborera aho ngaho bitigeze biribwa. Rimwe na rimwe ubu buryo bwo kwambaza buba bufite intego y’imikorere y’imico yua kera ariyo ya gakondo.

Ubu bambaza bakora ibi bambaza bashingiye ku mabwiriza bahawe na bamwe bafite inshingano zo kubaha imigisha mu mibereho yabo, bakavuga bati : « Uyu mukurambere atanga umugisha uyu n’uyu ». Nibwira ko mu mibereho y’abantu bateye imbere amadini gakondo atahaboneka nta ntego yaba ahafite. Bigenda bikwirakwizwa mu buryo butandukanye iyobokamana ya gikristo ikagenda yogera maze amadini ya gakondo akagenda acika.

Nyamara si mu nzego zose, umuryango uraterana bikaba igikoresho gifite imbaraga cyo abadayimoni bashobora gukoresha. Mu mico myinshi yo kuririmba babyina birasa n’umuryango uterana. Bizihiza umwaka ishize kandi bifuza kugira abadayimoni uko kwambaza kukazakomeza n’undi mwaka. Ibi twabibonye muri Hayiti. Ndizera ko Mardi Gras muri New Orleans Louisana ari  « umwana » w’iyi migenzo ya Hayiti. Mu gitekerezo cyanjye, izi mbwino n’indirimbo zinyuranya n’indirimbo z’Imana zigaznisha ku migisha.

Nyamara zirakwirakwizwa, ni ugusenga ibishushanyo, ni ugusenga abadayimoni ni imbaraga z’imyuka mibi muri iyi si.

Abakorinto 10 :9-21 harabihamya

« Icyo mvuze ni iki ? » Boshye ibyaterekerejwe  ibishushanyo ari ikintu, cyangwa ko igishushanyo ubwacyo ari icyo kintu ? Reka da ! Ahubwo mvuze yuko ibyo abapagaani baterekereza babiterekereza abadayimoni, batabitura Imana, nanjye sinshaka ko musangira n’abadayimoni.

Nti mushobora gusangira ibyo ku meza y’Umwami wacu n’ibyo ku meza y’abadayimoni. Gusenga ibishushanyo byagiye bigaruka kenshi mu mateka qy’isezerano rya kera bari bafite uburyo bwo gutesha agaciro ibitsina. Amayele ya satani aha ugaha ni menshi cyane kandi agenda yinjira mu bantu.

Amenya uko umuntu ari umunyantegenke yashyirwa mu rujijo rwo gusenga ibishushanyo n’agahato k’abadayimoni hateshwa agaciro ibitsina.

Umuryango wawe ni nde ?

Yesu yagiye avuga ibyo « kwangwa » umuryango wawe ugakunda Imana, nyamara ntiyavuze kwangwa nk’uko tubisobanura .Ahubwo  yavuze ko tutagomba gushyira imbere umuryango wa kamere ngo tuwuhe umwanya w’imbere muri twe, ahubwo bisobanurwa mu muryango mushya w’Ubwami bw’Imana. Amenya umuryango ugenzura umuntu ijana ku ijana umuntu wiyemeje gukurikira Imana. Matayo 12 :50 havuga ngo : « Umuntu wese ukora ibyo Data wo mu ijuru ashaka, niwe mwene data, niwe mushiki wanjye, niwe mama. »

Abantu benshi bamara amasaha menshi kandi bikabatwara n’amafaranga menshi banyura mu migenzo y’ibisekuruza n’iy’imiryango. Ntacyo byungura ngo bigire agaciro ku babikoresha. Nzi abantu menshi bari mu myanya ikomeye  y’ubuyobozi bahawe kuzamurwa mu ntera bivuye ku mbaraga z’imyuka mibi ikomoka ku basekuru. Umurongo wagenderaho  mwiza mu muryango ni unmuryango w’abavutse bwa kabiri bitari umuryango w’abaturutse rimwe kubw’akamere.

Ni kuki kuki utakwiyemeza ngo ushyire umwami hejuru y’ibintu byose mu mibereho yawe, azaguhishurire ko uri icyaremwe gishya. Umwe mu bwoko bwa Yesu yatangiye igihe yazukaga mu bapfuye. Igihe urora, reba muby’ukuri, uwo ariwe muby’ukuri ko utangira gusanisha imibereho yawe yo hanze n’iyo urimo ubu. Ni byiza guhagarika kwinenga ubwawe, gusuzugura uko ubayeho no gutsindwa kwawe, tera intambwe uhishurirwe ukuri, ko Kristo ari muri wowe, ibyiringiro by’icyubahiro. (Reba umugereka wa A).

Adamu

Adamu, umuntu wa mbere yaremewe kuba mwiza atavangiye. Bivuga ko yari afite umwuka w’Imana utuye muri we, yari yabwiwe gukomeza kuba mu Mana binyujijwe mu ijambo  ry’Imana, igiti cy’ubugingo, ntiyiringire ubwenge bwe yigengayo. Nyuma rero atangira kwiringira ubwigenge bwe biturutse mu ijambo ry’Imana, yisanga ari imboye ya satani, we n’abamukomotseho bose basanga nta gukorana n’Imana bagifite mur ibo.  Nk’uko twabyize twavukiye muri uku gutandukana n’Imana, maze tubohokera guhitamo gucungurwa no kuvuka bushya no kuvuka kwa kabiri. Iyo duhisemo twisanga muri ibyo bitekerezo bishaje bijyanye n’indangamuntu yacu .Bibiliya itubwira ko ikeneye  ko ibitekerezo byacu bigirwa bundi cbushya kugira ngo dushobore kubona ukuri kwabayeho mu kuvuka bundi bushya. Ubu tugira ibihe bikomeye byo kwizera, bimwe muri byo bigoye ni ugucibwa intege na satani, gucibwa  intege n’umuco, imiterere y’isi n’imitekerereze yacu « iteye iseseme »

<top>