freetobeyoukinyarwandacoverfront

Igice cya 9

Uguterwa intimba

Intambwe ziganisha ku gukira intimba n’imikorere y’umuntu ya kamere itazanwa n’ubushake bituruka kubura ikintu cy’ubwoko bwose. Icyo Nocyo dukora dufite intimba kikadutandukanya mu mibereho yacu. Twazihindura tukazifata nk’izitariho, cyangwa dushobora  gukomeza kugira imibereho yacu no gukomeza kwiringira impuhwe. Byombi muri ibi bisubizo mu bubata nyamara hari inzira nziza yo gukemura ikibazo cy’intimba bizemerera Imana kuduha umudendezo yifuza kuduha.

Yesu yamfiriye ibyo twari twaratakaje, yagurishije kuri twe, ubu dukeneye kwiga uko twakizwa nawe. Ukeneye kuba umunyakuri ku Mana  hejuru y’ibyo wabuze mu mibereho yawe. Bishobora kuba ibyo wiganyira guhera mu mabyiruka yawe, ahari abantu baraguhererekanyije, gutakaza uwo mwashakanye, cyangwa gupfusha umwana cyangwa kwigomeka n’ibindi. Abantu kubera kubura ibyo bifuza kugeraho ku cyerekezo baganamo n’imigambi y’imikorere yabo.

Nyuma bahinduka abasazi bitewe no kubura ibyabo, abantu benshi nyibajya bamenya imibabaro yabo nk’igihombo. Ibyo bibaho bikagira inzitizi ndende mu mitima nk’igikomere kiri mu mibereho yabo y’igihe kirekire.

Kwiraburira ni intimba

Matayo 5:2-7 havuga ngo: “Aterura amagambo ati: hahirwa abakene mu mitima yabo, kuko ubwami bwo mu ijuru ari ubwabo, hahirwa abashavura, kuko aribo bazahozwa.”

Kwiraburira bituruka ku cyacengeye mu mutima, bitari umunyabyaha wagize icyo akora, ahubwo biturutse ku kumenya ko uri umukene mu mwuka, ukihana biturutse ku kugerageza kubikora wowe ubwawe, no kubona urukundo rwayo n’ubuntu bwayo ngo bize bigufashe.

Nabonye igishushanyo cyari gishingiye ku  mateka nyakuri mu ishuri ry’iri Nyamerika bisobanura ku basore mu Mujyi w’imbere aho bahezwaga batemerewe kugera aho abandi bari. Abantu bo mu bahezwaga bari bafite imico itandukanye bose bazaga mu ishuri rikuri.

Abana b’imyaka 15 bari abanyamuryango b’itsinda ry’abanyeshuri, bakoresha ibiyobyabwenge, batagira ikinyabupfura na busa, nta nyungu ubona bateze aho ku ishuri. Ubugizi bwa nabi n’ubwicanyi bwari rusange, imico itandukanye, Abirabura, Abanyaburayi, Abanyaziya byose byabateraga kwangana. Aho berekana haje umwigishwa w’umusore w’umuhungu afite umutima wo guhindura ibintu, arwanya abana bari bafite agasuzuguro batubaha batubaha,baramwanga ntiyacika intege.

Uwo mwana yagerageje mu burambe bwe, ashiraho ingingo y’agaciro k’intimba mu buryo bwihuse. Aha buri munyeshuri ikaye kandi kandi buri munyeshuri kujya ashyiramo ibyakozwe buri munsi. Bashoboraga  kwandikamo icyo ari cyo cyose cyabanejeje, ntibari basabwe kumwemerera ibyo banditswe buri munsi. Nyamara ku bushake bwabo bagarukanye ibyo banditsemo bashaka ko mwarimo abisoma. Bandikaamo ibirebana n’Imyitwarire yabo y’urukozasoni yo mu bwana bwabo, ibibabaza muri twa dutsiko twabo twatewe no kuba baturuka ahantu bakabaha agahato bigatuma baba ibirara n’ibisambo, igitutsi kiva ku babyeyi babo n’ibindi bias bityo.

Aba bana bari bafite intimba. Bagira umutima w’impuhwe basuka amaganya yabo y’umutima, iyi nkuru y’ukuri yari itangaje, batangira  gukunda no kubaha umwalimu wabo, batangira  gusoma ibitabo bavuga abandi bahuye n’ibibababaza, nk’abanazi n’indi mico itandukanye, batangira kugirana ubumwe no gukundana. Byagenze bite? Biyambuye intimba zabo nyuma barakira. Babana n’Imana buri munsi ku birebana n’ibyo wabuze bizaguhesha imbaraga.

Ibikurikira byavanwe mu gitabo Inner Healing twakoresheje muri ibi bice

Kimwe mu bintu dukeneye ni ukwiga uko abantu bagira intimba ni ubushobozi bwo kumenya, ukugira intimba ni ubushobozi bwo kumenya no kwiraburira ibyabuze twabayemo.

Niba uwo ariwe wese wo muri twe yaratakaje umuntu wo mu muryango kubera urupfu, twaba twaragize intimba z’uko gutakaza. Ikibazo kizamuka muri twe iyo tubayeho tukabura ibyo twashakaga mu mibereho yacu, ariko ntugire intimba z’ibyo watakaje.

Aho kugira intimba twemera ubwacu tubabariremo imbere. Nk’igisubizo, dukora muri ibyo bintu mu buryo bubi. Ntitubabarira, tuba abanyamwijima  tukabarakarira. Ntitumenya,  igikomere, umubabaro n’igihombo, kandi ntitwemerere Imana  gukorera muri twe muri ubwo buryo.

Abo tubamo badukubise ikinyoma twiringira ko ari iby’ukuri. Twabwiweko abagabo batarira;  nyamara abana bato b’intwari ntibarira iyo bashaka kuba abagabo. Umugabo ntashobora kwerekana igikomere cyangwa ibimubayeho cyangwa umubabaro, ariko icyo ni ikinyoma.

Biba ikibazo cy’ingutu Kuri twe iyo titiyemereye kuvuga intimba zacu twiyumvamo. Ntitwakora ibyo nitudakingura kandi tube abizerwa ku Mana, izadukiza muri ubwo buryo bw’imibereho yacu nk’uko tuzana ibintu ku mucyo wa Kristo, ashobora gukorera muri twe akadukiza.

Ibintu byinshi bitubabaza byahejejwe mu mibereho yacu byahejejwe mu ndiri y’ibitekerezo byacu kubwo kwizera bizibagirana. Icyo tudakora ni uko ibi bintu bikomeza  kudukoraho mu bitekerezo byacu, kubyabaye n’abantu duhura nabo twigendera buri munsi dukeneye kwiga uko twaba abiringirwa, uko twashyira amarangamutima. Imana itangira muri twe uburyo buduha ugucengera n’ubwenge bujyanye nabyo.  Noneho gukira kugashobora kubaho.

Inzitizi ku gukira kwacu ni uko iyo tubabaye, dushobora kubona uruhande rwacu gusa turimo. Ntidushobore kubona ibihe bituruka ku ruhande rw’Imana, ibi bisobanura ko tudashobora kubona ishusho yose, tubona uruhande rumwe gusa rwayo. Hari ikintu giteye ubwoba mu kugira intimba, dushobora kugifatirwamo kandi ntidushobore ba busa kucyisohoramo. Niba twarafatiwemo mu kugira intimba duta umutwe cyane. Twibona twuzuye kwiringira impuhwe no kwiciraho iteka.

Kwiciraho igihe cyemewe n’amategeko cyo kwirabura nyamara hakaba n’igihe cyo gukwiraho kwirabura. Sintekereza ko hari umuntu uwo ariwe wese wakwanga ibiturutse ku Mana akayemera gutanga umusaruro mu mibereho yabo ibyo ni umugambi wayo w’umwimerere wabayeho buri gihe kubwabo.

Ni gute twasaba Imana, ni ibihe bimwe na bimwe mu rugo by’ingenzi? Nderekana ko hari byinshi, nyamara muri iki gice tuzibanda kubyo niringira byaba ibya mbere, iby’ingenzi cyane, kimwe tutabura gutekerezaho ni umugambi w’Imana ku mibereho yacu, uko ni ukuba umunyakuri ku mana.

 

Icyo kirungo ni umurava

Hari ingingo ebriri z’ibanze z’umurava

Zaburi 85 havuga ngo: “Iyo ukuri kwacu kuzamuwe kuva ku isi twakira gukiranuka kuvuye mu ijuru. Mu yandi magambo, Yesu umurava aba ahari , nyamara mu rwego rwo gusabana tugomba kohereza ukuri kwacu kuri we.

“Imbabazi n’umurava birahuye, kukiranuka n’amahoro birahoberana. Umurava umeze mu butaka, gukiranuka kurebye mu isi kuri mu ijuru. Kandi Uwiteka azatanga ibyiza, igihugu cyacu kizera umwero wacyo, gukiranuka kuzamubanziriza, kandi kuzahindura intambwe ze inzira yanyurwagamo.”

Ingingo ya mbere y’ukuri ni ukuba umunyakuri ku Mana wowe ubwawe n’Imana .

1 Yohana havuga ko ukuri kwacu kuyobora ku kwezwa.

“Ubu ni bwo butumwa twumvise buvuye kuri we tukabubabwira  ko Imana ari umucyo kandi ko muri yo hatabamo umwijima na muke.

Ntituvuga ko dufatanyije nayo kutagendera mu mwijima, tuba tubeshye tudakurikiza ukuri, nk’uko nayo iri mu mucyo, tuba dufatanyije ubwacu kandi amaraso ya Yesu umwana wayo atwezaho ibyaha byose. Ntituvuga ko nta cyaha dufite twe, ariko nitwatura ibyaha byacu, niyo yo kwizerwa ikiranuka kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose.

Nituvuga yuko ari ntacyaha twakoze tuba tuyise umunyabinyoma, kandi n’ijambo ryayo ntiriba riri muri twe.”(1 yohana 1:5-10).

Ntitwashobora guhakana cyangwa guhisha imyumvire yacu ubu, ibyo twabayemo n’amarangamutima tutishye ikiguzi cy’ubugome twagize. Mu gihe tudateganya kubaho mu myumvire igendanye n’inzira z’Imana cyangwa ngo tugombe kuyoborwa n’amarangamutima yacu, tugmba kubitanga ku Mana nk’ikintu cy’ukuri kubaho.

Ntiduhakana ko imyumvire n’amatrangamutima abaho, ariko duhakana ko ukuri kwabyo gutega imibereho yacu. Tubyatura  ku Mwami Yesu, agafata ibyo bice byose bitari ibye, icyaha, akababarira kandi akabikuraho.

 

Ibikurikira byakuwe mu gitabo Be real with God ( Ba umunyakuri ku Mana)

Umwimerere w’igishushanyo cy’Imana cy’imibereho yawe byari ukubaho usabana n’Imana. Intego y’iki gitabo ni ukugufasha kubona ubwo busabane no kubugenderamo. Si ukongera mu ruhare dufite Mu mubereho, by’umwihariko uwihaye Imana hari uruhare afite kandi uwihayimana akagira ikindi akora.

Ndasaba Imana ngo iki gitabo kizagutere umwete wo guhinduka ukorere mu mucyo ku Mana, umuremyi wawe kandi kuri uko gukora mu mucyo wo kwimenyereza urukundo rw’Imana rutangaje n’ubuntu bizatuma umera neza ugendere kuri gahunda.

Buri wese muri twe yishyire mu nzira nk’uko my by’ukuri turi abo turi bo.

Nyuma dukuza imyifatire itandukanye yabo dushaka kuba bo.

Gushaka kuba bitera kugira uruhare tuzagira. Rimwe na rimwe mu buryo bwuzuye ibi byemezo bifatwa mu buryo butatekerejweho. Byose muri iyi mimaro yubaka ahasa n’igice cy’umwihariko cy’igitunguru mu mibereho yacu. Ni umugambi w’Imana kongera kudufata kuba turi bo mu by’ukuri kuri wowe” wo Imana ishobora gukorana nawe kugira ngo igwuhindure wese ikuzuze no mu mibereho.

Dutinya guhishurirwa abo turi bo muby’ukuri

Imyaka myinshi twubatse ibice by’umwihariko cyo kwica integer hejuru yacu ubwacu bisa na cya gice cy’umwihariko cy’igitunguru. Dufite uburyo bwinshi bwo kwihisha inyuma y’imibabaro y’abandi cyangwa ubwacu twubatse. Iyi mimaro ni ukwica intege maze turagenda dutakara cyane inyuma yabyo ntitwashobora kwitabara.

Mbere yuko tubimenya turi guhungira inyuma ya bya bice by’umwihariko bya bindi ducikiraho intege zigashyira tukabicumbagiriramo Yeremiya yavuze: “umutima urusha ibintu byose gushukana, kandi ufite indwara ntiwizere gukira. Ni nde ushobora kuwumenya uko uri?”

Kwishima by’ukuri mu mibereho ni ukumenya ko wowe w’ukuri wemerwa. Ni ukumenya ko ushobora kuba uw’ukuri ku Mana. Ni ukumenya koutazi uko waba mu buryo bw’ukuri mu gihe kimwe gikuru kibaho, nyamara nk’uko wambuka mu mibereho imana izatuma ibyo bice by’umwihariko bikurwaho buhoro buhoro nk’uko ushobora kubabarira kandi ukacyemera.

Uzahishurirwa ko Imana ikwemera mu nzira urimo, nyamara irashaka guhataho igishishwa kuri bya bice bys’umwihariko ngo igere kuri wowe w’ukuri. Uzamenya ukuri kw’Imana mu mpande zose. Uzahishurirwa ko mu buryo bwuzuye ubugwaneza bushobora kukuzanira umubabaro. Aho hashobora kwihishamo ikintu mu mibereho yawe yuko udashaka umuntu uwo ariwe wese, by’umwihariko Imana, ikabishyira ku mugaragaro. Urabizi ko byatera umubabaro cyane.

Nyamara Imana yakubwira iti: “Komeza unyizere ukore kuri uriya mubabaro w’igihe kimwe. Nshobora gutera umubabaro mwinshi mu mibereho yawe nyikozeho, nyamara nyuma y’ibyo gukira kukaza. Bifite akamaro bisa n’umuganga ubaga uburwayi ubaza ati: “Bifite akamaro kwihanganira umubabaro w’icyuma cyanjye niba bisobanura gukata ugakuraho uburwayi?”

Hari itegeko ku mubumbe w’isi rikora buri gihe ibiba ribiba risarura (Abagalatiya 6:7-8). Ubiba byishi azasarura icyo aricyo cyose iri tegeko rikoreshwa na none ku kuri. Niba ubiba uzasarura. Niba ubiba guca intege no kutaba umwizerwa, uzasarura umwijima , kandi umurava  ntuzashashagira mu bugingo bwawe, “uw’ukuri wese yumva ijwi ryanjye” (Yohana 18:37b).

Umwami Dawidi yavuze ibi bikurikira muri Zaburi 32:2-3 nyuma yo kugerageza guhisha ibyaha bye biteye ubwoba. Dawidi ntiyigeze yibeshaho ubwe. Nyamara yahishuriwe ko Imana yubaha ukuri kandi ko ukuri ariko kuzabohora umuntu.

“Hahirwa umuntu utabarwaho gukiranirwa , umutima we ntubemo uburiganya. Ngicecetse amagufwa yanjye ashajishwa no kuniha kwanjye umunsi ukira” (Zaburi 32:2-3). Ntekereza ko uri busome Zaburi Yose ya 32.

Hari ikiguzi kubw’abantu baba abiringirwa mu buryo  bw’ukuri(Imigani 23:23 havuga ngo: “Gura ukuri ntuguranure, gura cubwenge no kwigishwa n’ubuhanga.” “Ikiguzi kimwe ugomba kwitegura kwishyura ni uguca bugufi”.

Nizera ko ikibi gikomeza gutambuka mu isi yacu kandi gikomeza kubaho gikorwa n’umuntu utari umwizerwa iki gishushanyo kiri hasi kirabyerekana. Ku rwego uteri umunyakuri ni urwego rw’ikibi gishobora cyangwa umwijima ubaho mu bugingo bwawe.

 

 

 

 

Kuba umunyakuri ni ingingo ya mbere y’ukuri, ingingo ya kabiri ni Yesu.

Ijambo rye ni ukuri guheruka, nyamara ijambo rye ntirizahishurwa ku Bantu badashira ukuri imbere, ni intera y’umuyoboro kuba abizerwa kuri bo ubwabo imbere y’Imana.

Yesu yitwa “ukuri”

Yesu arambwira ati: “Ninjye nzira n’ukuri n’ubugingo ntawe ujya kwa Data ntamujyanye” (Yohana 14:6).

 

freekr02

Izina ry’umwuka wera ni umuri “umufasha naza, uwo nzaboherereza ava kuri Data, ariwe mwuka w’ukuri ukomoka kuri Data ukomoka kuri Data azampamya (Yohana 15:26).

Umudendezo ugira ibintu bimwe na bimwe bikurikizwa, bimwe muri byo ni ukuri. Iyo ingingo z’ukuri zavuzwe haruguru zikoranaho, Imana irakora. Ibindi bigenderwaho byavuzwe hasi muri Yohana ibice 8 ni ugutura mu ijazmbo ryayo, kuba umwigishwa wa Yesu, kumwubaha. No kutigenga mu mibereho yawe bwite.

Nyuma muzamenya ukuri, aribyo kugirana ubusabane na we, ukuri ko gucengera mu muntu kukamuha ishusho agomba kuba!

“Nuko Yesu abwira Abayuda bamwemeye  ati : “Nimuguma mu ijambo ryanjye muzaba abigishwa banjye nyakuri kandi ukuri niko kuzababatura” baramusubiza bati: “ ko turi urubyaro rwa Aburahamu, akaba ari ntabwo twigeze kuba imbata z’umuntu wese, none uvugiye iki ngo tuzabaturwa?”  Yesu aramusubiza ati: “ Ni ukuru, ni ukuru umuntu ukora ibyaha ari imbata y’ibyaha.

Imbata ntiba mu rugo iteka, ahubwo mwene nyirarwo niwe urugumamo iteka. “Nuko umwana nababatura, muzaba mubatuwe by’ukuri” (Yohana 8:31-36).

Kugira intimba ugendera mu nzira z’Imana

Imana yasshyizeho intimba ku buryo bwacu , nyamara niba tudashishoza, twaba mu ntumba zitari iz’uburyo bw’Imana.

Hari inzego eshashatu z’intimba zikorera mu buryo bumenyerewe kuri ibi bikurikira, nyamara ni ibisanzwe kongera kugenda kwigira imbere muri izi ntambwe nk’uko dutera imbere;

  1. Uguhakana: Ntidukeneye kwemera ibitagira umumaro.
  2. Gucuruzanya n’Imana : Imana niba izasana cyangwa ikazahoza cyangwa ibyo tugiriramo intimba, dukore icyo ari cyo cyose ishaka.
  3. Uburakari: Ntidukwiriye rwose byabaye nyamara wumva utaritaweho neza, ibi bihamya uburakari bwacu.
  4. ukwera: Twebyemera ko byabaye kandi tukemera ko ntacyo  twakora kuri byo
  5. Intimba zo gutakaza: Tuba abiringirwa kubera ibyo twiyumvamo, gusangira ibyo twiyumvamo n’abandi tukiyemerera kugira ngo dukire.
  6. Igisubizo: Dukemura ikibazo dutora ibice kandi tuzamuka mu mibereho.

Indi ntera y’ukuri

Dushaka na none kuba abiringirwa kubirebana n’imitekerereze y’ibyaha byacu kubyatubayeho. Hari amahame atatu ashobora kuba, twarishe twarishe mu mitekerereze yacu  byo abantu baba baradukoreye cyangwa kubyo imibereho yacu yatubohoye.

  1. Urubanza, twabwiwe mu byanditswe ko tugomba guca imanza dutinya ko twacirwa imanza.
  2. Kubaha ba data nab a mama, nitutabikora, imibereho yacu ntingana neza kuri twe.
  3. Kubiba no gusarura, iyo duteye imbuto tugomba kwizera gusarura umubabaro.

 

Inkuru nziza!

Yesu yikoreye intimba zacu

 

“Ni ukuri intimba nizo yishyizeho, imibabaro yacu niyo yikoreye, ariko twebweho twamutekereje nk’uwakubiswe n’Imana, agacumitwa nayo, agahetamishwa n’imibabaro” (Yesaya 53:4)

Iyo turetse ukuri kw’intimba zacu kugahunga, nyuma dusarura ukuri ko gukiza kwe. Yafashe umwanya wacu! Yesu yafashe imibabari n’intimba za buri muntu ubaho igihe yapfiraga ku musaraba. Yabifashe kubwawe kugira ngo ubohoke!

 

Icyazanye Yesu ni  ukugira abantu imbohore, gukiza abantu mu mutima no kubohora abantu bakava mu byaha  bitubuza kuzuza amasezerano tutayatakaza .

Igitekerezo cya mbere Yesu yaje kuduha  ingurane, ikindi gitekerezo gikurikiraho ni amasezerano kuri bariya bemera impano ye. (Yesaya 61:1-11).

  1. “Umwuka w’umwami Imana ari kuri njye kuko Uwiteka yansize amavuta ngo mbwirize abagwaneza ubutumwa bwiza, yantumye kuvura abafite imvune mu mutima no kumenyesha imbohe ko zibohowe, no gukingurira abari mu nzu y’imbohe.
  2. Kandi hatumye no kumenyesha abantu umwaka w’imbabazi z’Uwiteka n’umunsi Umwami Imana izahoreraho inzigo, no guhoza abarira bose.
  3. Yantumye no gushyiriraho abantu itegeko ab’i Siyoni barira, cyo kubaha ikamba mu cyimbo cy’ivu, n’amavuta yo kunezezwa mu cyimbo cy’ubwirabure, n’umwambaro w’ibyishimo  mu cyimbo cy’umutima wihebye, kugira ngo bahere ko bitwe ibiti byo gukiranuka byatewe n’Uwiteka ngo bimuheshe icyiubahiro.
  4. Nuko bazubaka ahasenyutse, bazubura amatongo yabanje kubaho, kandi bazasana imidugudu yasenyutse yamaze ibihe ari imyirare.
  5. Abanyamahanga nibo bazabaragirira imikumbi, kandi abashitsi nibo bazajya babahingira inzabibu zanyu.
  6. Ariko mwebweho muzitwa abatambyi b’Uwiteka abantu bazabita abagaragu b’Imana yacu, muzarya ibyo abanyamahanga batunze kandi mu cyubahiro cyabo niho muziratira.
  7. Mu cyimbo cyo gukorwa n’isoni kwanyumuzagerera kabiri, mu cyimbo cyo kumwara kwabo bazishimira umugabane wabo. Nicyo gituma mu gihugu cyabo bazagabirwa kabiri, bazagira umuzero uhoraho.
  8. “Kuko njyewe Uwiteka nkunda imanza zitabera, nanga kwambura no gukiranirwa, kandi  nzabitura ibikwiriye iby’ukuri, nzasezerana nabo isezerano rihoraho.
  9. Urubyaro rwabo ruzamenyekana mu mahanga, n’abana bazamenywa mu moko, n’abazababobona bose bazamenya ko ari urubyaro Uwiteka yahaye umugisha.”

10.Nzajya nishimira Uwiteka cyane, umutima wanjye uzajya unezererwa Imana yanjye kuko yanyambitse imyambaro, y’agakiza, akamfubika umwitero wo gukiranuka nk’uko umukwe arimba akambara ikamba, kandi nk’uko umugeni arimbishwa iby’umwambaro bye.

Nk’uko ubutaka bumera umumero, kandi nk’uko umurima umeramo imbuto ziwuhingwamo. Ni ko Uwiteka Imana izameza gukiranuka n’ishimwe imbere y’amahanga yose.

 

Ni byiza kwita kuri Ibi byanditswe byo muri Yesaya 61.

  1. Yesu yaje gufata abantu bafite igihombo mu mibereho, abakene ab’imitima imenetse, imbohe n’abari mu nzu y’imbohe bahetamishijwe n’ububata bwo muri bo imbere.
  2. Nyuma arababohora kandi agahora ku barenganyijwe, yaba satani n’ingabo ze.
  3. Ahoza abantu, iri jambo risobanura kugira impuhwe ku ngingo ikirimo ibintu kwihana, bisobanura ko abari bahetamishijwe banona urukundo rw’Imana ikabumva kandi ikabayobora mu bugingo bushya. Siyoni ihagarariye 4. Ubwami bw’Imana, gushyira ku murongo kwigisha no guhindura. Imana ishaka kudukiza nyuma tukinjira  i Siyoni , Ubwami bw’Imana. Ubu ni uburyo  bwo kohereza  abatakaje n’abiraburiye.
  4. Byongeye itegereze umurongo 61:4-1 urebe amasezerano y’ibyo Imana izakorana na mwe no kuri twe

 

Ubuhamya

Mu mezi meke nyuma yuko Imana indokora muw’1979, nabaga ndi mu bwirabure bitewe n’ibi byinshi byaranze imibereho yanjye mbere y’uko mbona Yesu. Nabwiye Imana uko meze, nifuzaga ko nashobora ko nakwishima ko nakijijwe  ariko nkababazwa n’igihe cyatakaye. Naari nsinzeye ijambo ry’Imana nakurikiraga ababwirizabutumwa b’Abapantekote kuva ubwo ubutumwa bwabo bwaranejeje. Buri cyuma nakiraga amakasete atagaragaza amshusho yaturukaga mu Itorero The way in Calfornia. Pasitori Jeack Hayford yigishaga iteraniro ryo ku  cyumwero ajya mu butumwa bw’ubuhanuzi bwaganishaga kuri njye.

Natangaye kuva ubwo hari ku makasete kandi hari, nyuma ahantu bakoreraga iby’akazi kanjye Imana yavuganye imbona nkubone nanjye.

Parteri Hayford aravuga, mu buhanuzi, “Imibereho yawe imeze nk’ikizingo cy’urupapuro gifite gahunda y’imibereho yawe yanditswe kuri cyo, nyamara icyo kizingo cyatwikiriwe ku mbibi. Imbibi z’imibereho yawe cyahinduwe ivu barisuka ku kibuga. Ntiwakongera kuryegeranya hwamwe ngo usome umugambi w’imibereho yawe nyamara nshobora kuzura ivu nkongera nkarikoramo ikizingo cy’urupapuro rwawe ruriho gahunda y’imibereho yawe, uwo mugambo ukongera ukabaho.

Ni ukuri ndi Uwiteka ……… “Nzabashumbusha imyaka inzige yariye, nb’iyariwe n’ubusimba n’ubuzukirana kagungu, za ngabo zanjye zikomeye nabateje. Kandi muzarya muhage, muhimbaze izina ry’Uwiteka Imana yanyu kuko yabakoreye ibitangaza, kandi ubwoko bwanjye ntibuzongera gukorwa n’isoni ukundi. Muzamenya ko ndi mu Bisirayeli, kandi Ko arinjye Uwiteka Imana yanyu, nta yindi Mana ibaho. Ni ukuri ubwoko bwanjye ntibuzongera gukorwa n’isoni ukundi » (Yohana 2 :25-27). « Nzabikora nk’uko byari biri  nta gihe kizongera gupfa ubusa mu mibereho yawe »

Ku iyandika ry’iki gitabo, imyaka 29 irashyize navuga niringiye ko byabayeho. Nkurikije byinshi mu gihe cyanjye n’ibyo nabonye ! yampaye ubuzima kubw’ivu, amavuta y’ibyishimo kubwo kwirabura.

Niba utagira intimba z’ibyo watakaje ntuzabona ubugingo nyuma y’urupfu, ibitangaza by’umuzuko mu mibereho yawe y’ubu

Wite cyane ku byanditswe muri Yesaya ko dusezeranyijwe buri kintu, ibintu byose byo mu byiza , tubishyikirizwa mu buryo bw’ingurane : ubwiza kubw’ivu, amavuta y’ibyishimo kubwo kwirabura n’ibindi.

Iyo ngurane ni ihame ry’umusaraba, cyangwa mu yandi magambo, isezerano ry’amaraso n’Imana, buri kintu dufite kijya kuri we na buri kintu afite kijya kuri twe.

 

Iki nicyo yakiriye

« Yarasuzugurwaga akangwa n’abantu, yari umunyamibabaro wamenyereye intimba, yasuzugurwaga nk’abantu abandi bima amaraso natwe ntitumwubahe. Ni ukuri  intimba zacu nizo yishyizeho twamutekereje, imibabaro yikoreye, ariko twebweho twamutekereje nk’uwakubiswe n’Imana acacumitwa nayo, agahetamishwa n’imibabaro » (Yesaya 53 :3, 4).

 

Iki ni igisubizo cy’ibyo yakiriye

Azabona ibituruka mu bise by’ubugingo bwe bimwishimire, bimuhaze. Umugaragu wanjye ukiranuka azatuma benshi baheshwa gukiranuka  no kumenya kandi azishyiraho gukiranirwa kwabo (Yesaya 53 :11).

Gusuka intimba zawe hasi, uha Yesu igihombo wagize mu mibereho yawe bizamushoboza kugukuraho no kukwerekezaho umuzuko udasanzwe w’igiciro utarashobora kubyara uretse igihombo cyawe, urupfu rwawe n’umuzuko.

<top>