freetobeyoukinyarwandacoverfront

Igice cya 10

Imbabazi

Gukira kw’imbere mu mutima

Twaganiriye byishi ku birebana no gukira kw’imbere mu mutima no kugira ubuzima buzira umuze mu bice bibanza, nyamara intego y’imbabazi ni kimwe mu bintu bigize urufunguzo rwo gukira mu mutima. Iki ni ikintu cy’ingenzi cyane.

Imbabazi zari urupfu rwahushye gutsinda kwa satani ! kutababarira guha satani uburenganzira bwo gukorera mu gihombo bwawe ! Intumwa Paul iduhwiturira mu 2 Abakorinto 2 :10-11 havuga ngo : « Ariko uwo mu gira icyo  mubabarira nanjye mba nkimubabariye, kuko nanjye ubwanjye iyo ngize icyo mbabarira , nkimubabaririra kubwanyu imbere ya Kristo, kugira ngo satani atagira icyo adutsindisha kuko tutayobewe imigambi ye. »

Ikizanye Yesu nk’uko biboneka muri Yesaya 61, kandi nk’uko abivuga muri Luka 4, ni ukutubohora, binyuze ku mbabazi ziva mu bintu bitugira imbata.

« Bamuha igitabo cy’umuhanuzi Yesaya, arakibumbura abona ibice by’igitabo byanditswemo ngo : « Umwuka w’Uwiteka ari muri njye, nicyo cyatumye ansigira  kugira ngo mbwirize abakene ubutumwa bwiza. Yamtumye kumenyesha imbohe ko zibohorwa , n’impumyi ko zihumuka, no kubohora ibisenzegeri, no kumenyesha abantu iby’umwaka umwami Imana agiriyemo imbabazi !

Amaze kubumba igitabo agisubiza umwurizi w’inzu, aricara. Abantu bari mu Isinagogi baramutumbira, nuko atangira kubabwira ati : « Uyu munsi ibyo byanditswe bisohoye mu matwi yanyu.»

 

Umwaka wo kwemerwa n’Uwiteka bawukura kuri Yubile, ivugwa mu Barewi ibice 25. uyu wari isabato y’amasabato. Umwaka w’isabato wari buri myaka irindwi kugeza igihe abantu barekaga bwabo ntibuhingwe.

Buri mwaka wa 50 wari umwaka wa Yubile aha niho imbata zose zabohorwaga n’imirima tatanzweho ingwate n’imyenda bigaharwa. Muri make uyu wari « umwaka b’imbabazi zuzuye », na Yesu yavuze asoza iby’iri sezerano muri we. Uyu cmwaka wa Yubile utangira ku munsi wo gucungurwa , wari umunsi umwe buri mwaka umutambyi yinjiraga Ahera cyane n’amaraso yo gucungura n’imbabazi z’ibyaha.

Imbabazi ni ukubaga gukuraho ibyaha ni intamwe nkuru iganisha ku gukira

Bisa no kubaga mu buryo bw’umubiri. Ijambo kubabarira risobanura kongera gukuraho. Ni ijambo ry’umuzi w’urupfu, risobanura gutandukanya

.

Abantu bagerageza kuvura ibikomere by’imbere.

Ikibazo ni uko tutagaragaza ibitubaho inyuma ngo bibe igisubizo cy’ibikomere by’imbere muri twe, ahubwo tukagerageza ubwoko bw’imiti n’ibikorwa nta na kimwe cy’umurimo, rwose hakora ibintu bibi cyane. Imbabazi, nk’uko twanditse ibirebana nazo mu gice cya mbere cy’iki gitabo.

Gukira kw’imbere kuzana buri gihe gukira no kugubwa neza kuri biriya bivuka inyuma bitugomba. 3 Yohana havuga ngo: “Ukundwa ndagusabira ngo ugubwe neza muri byose, ube mutaraga nk’uko umutima wawe uguwe neza.”

Ibikomere byinshi by’imbere biterwa n’isoni, kwangwa, kubura urukundo no gucikamo kabiri k’ubusabane mu buryo bw’ibanze, mu buryo bw’umwihariko n’amashusho ya  ba se. Imana yaturemeye kubw’ubusabane no ku rwego rw’ubusabane bwacu bw’ibanze bwabaye uko bwakabaye ngo butungane, hakubiyemo abantu bose kuri  urwo rwego risa rutyo tugira ibikomere by’imbere mu mutima. Imbabazi ni uburyo Imana yaremye kugira ngo yimurire ibyo bikomere kuri Yesu.

 

 

Imbabazi mu buryo buhamye ni iki?

Abantu benshi cyane, naho baba abakristo basobanukiwe nabi imbabazi , ni ubwo buryo bagumye mu bubata. Imbabazi ni ukubohora bivuye mu rubanza , iyo tutabohoye anandi ngo bave mu rubanza no kureka uburenganzira bwacu ngo twungwe, tukishyira mu mwanya w’umuntu mukuru muri Matayo ibice 18 hasi utarashaka kubabarira umwenda umwenda w’imbata mugenzi we. Nutemera imbabazi z’Imana zikwiriye, ntuzaba ukwiriye kugirirwa impuhwe, ubwo rero uzasarura umubabaro. Dusarura ingaruka z’umubabaro w’imanza zitabera dushyira ku bandi. Kugundira kutababarira ni kimwe no gucira abandi urubanza, kubabarira ni ikinyuranyo cy’urubanza.

 

freekr03

 

Imbabazi ntacyo zigomba gukora ku myumvire mu buryo bwuzuye biterwa n’ububasha bwacu. Niba dutegerera kugeza igihe twumva dusa n’abagomba gutanga imbabazi, nti tuzigera tubabarira.

Uku ni ukuri mu buryo bw’umwihariko mu gihe aho ibikomere undi muntu yateye bicengera. Icyemezo cyo kubabarira gikorwa gifatwa ku bushake bwacu kandi tukerekana ibyo twumva muri twe ku Mana mu gihe gikwiriye.

 

 

 

 

Imbabazi ziboneka mu byerekezo bibiri

Ni kubw’ibyaha twakoze no kubw’ibyaha twakorewe.

Si ugusaba umuntu  imbabazi cyangwa icyaha cy’umuntu runaka. Ntibibabarira icyaha mu rwego rwo kubabarira icyaha umuntu agomba kwemera cko ikosa ritewe ubwoba ryakozwe. Byaba imbabazi zizana ugusaba kongera kwinjira mu gihe cyo  kunyuranya  n’amategeko n’ukuri kugira ngo utukwe, ugenzurwe cyangwa ukoreshwe n’abandi. Abantu benshi cyane bumva ko iyo bakoze icyaha bagomba kubabarirwa, nyamara ntibasobanukirwe mu buryo bwuzuye  ibijyanye no kubabarira abandi. Ishusho ikurikira yerekana ko Yesu ahagarara hagati yawe n’umuntu ugukorera icyaha. Yesu yikoreye ibyaha byawe, ibyaha byose ufite ugomba kubyeremera  noneho ukazabohoka.

 

Kubabarira bisobanura gutandukanya

Ni kimwe n’ijambo rikoreshwa mu isezerano rishya ry’urupfu. Gupfa ni ugutandukanywa. Kubabarira bisaba gutema icyaha ukagikura ku muntu maze ukagishira ku wundi. Imbabazi zisobanura : (ikigiriki)   aphiemi bisobanura kuvanaho, kwirukana, gukuraho, ubuntu bugirirwa umunyabyaha kubw’igihano kigomba imyifatire y’umunyabwaha, szi kuri wowe, ahubwo ni kuri Yesu, no kwemera ukemera icyaha n’igihano kigasigara hatriya na hariya cyonyine !

Icyaha ni umurimo urangizwa na Yesu

Twese icyo tugomba kwizera ni ukuri ko  ibyaha byose byamaze gushyirwa kuri Yesu. Iyo twemeye ko umurimo wakozwe, nyuma  uruhare rwacu rwaruzujwe,  kandi twarabohowe. Si byinshi cyane mu mikorrere yacu, nyamara byinshi mu kwizera kwacu no gufata igikorwa bisa n’ibyo twizera. Yohana 1 :29 havuga ngo : « Bukeye bw’aho abona Yesu aza aho ari aravuga ati : Nguyu umwana w’Imana ukuraho ibyaha by’abari mu isi. »

Yesu yaduhaye ubutumwa busobanutse n’icyo kwitondera muri Matayo 18.

Matayo 18 :21-35

21 Nuko Petero aramwegera aramubaza ati : « Databuja mwene data nangirira nabi nzamubabarira kangahe ? Ngeze karindwi ? »

22 Yesu aramusubiza ati : « Sinkubwiyeye ko ugeza karindwi, ahubwo yuko ugeza mirongo irindwi karindwi.

23 Nicyo gituma ubwami bw’Imana bugereranywa n’umwami washatse kubarana n’abagaragu umubare w’ibyo yababikiye.

24 Abanje kubara , bamuzanira umwe mur ibo bamwishyura italanto inzovu ijana.

25 Ariko ubwo yari  adafite ibyo kwishyura, shebuja ategeka kumugura n’umugore we n’abana be n’ibyo afite byose ngao umwenda ushyire.

26 Umugaragu aramupfukamira aramwinginga ati : « Mwami nyihanganire nzakwishyura rwose . »

27 Shebuja  aramubabarira, aramureka amuharira umwenda.

28. Ariko uwo mugaragu arasohoka asanga umugaragu mugenzi we yagurije idenariyo ijana, aramufata aramuniga, aramubwira ati : « Nyishyura umwenda wanjye »

29 Umugaragu mugenzi we yikubita hasi, aramwinginga ati : « Nyihanganire nzakwishura »

30 Ntiyakunda maze aragenda amushyira mu nzu y’imbohe, kugeza aho azamarira kwishyura umwenda. »

31 Abagaragu bagenzi be babonye ibibaye, barababara cyane cbaragenda babibwira shebuja uko bibaye byose.

32 Maze shebuja aramuhamagara aramubwira ati : « Wa mugaragu mubi we, naguhariye wamwenda wose kuko wanyinginze. »

33 Shebuja ararakara, amuha abasirikare kugeza aho azamarira kwishyura umwenda wose.

“Na Data wo mu ijuru ni ko azabagirira, nimutababarira umuntu wese, mwene so mubikuye ku mutima”

 

Muri uyu mugani umwami yarababariye, ariko umugaragu yanga kubabarira.

biragaraara ko umugaragu atizera ko yababariwe. Uwahaye abagaragu imyenda nta cyifuzo yari afite cyo gukusanya amafaranga. Uwabohowe ntiyashatse korohereza mugenzi we ngo bakemure ikibazo cy’amafaranga yari amurimo. Byaba ari kamere ku muntu waba wabohowe umwenda uremeye ari munini akaganda abyina inzira yose kurinda agera imuhira kurinda agera imuhira,  ntiyihanganire kubwira umuryango we iby’umudendezo babonye kandi bakitegura gufasha abandi imyenda isa n’iy’abo.

uyu mugaragu numbwo yasabye imbabazi, shebuja ngo agire umutekano maze agahakanirwa ntababarirwe. Gusa nyuma dukuraho imbabazi, twababarira abandi, iyo twanze kubabarira nitwe tubonramo ingorane.

Twishyura igihano cy’ibyaha buri gihe iyo tutababariye abandi.

Menya ko umugaragu w’umugome atagombye kwishyura umwenda we w’umwimerere ahubwo yarababariwe, bisobanura neza mu murongo wa 25, nyamara we yagombye kwishyura umwenda umuntu atababariye nkuko biri mu murongo wa 34.

Wakira ibyo ntababariye, wibuka, ibitekerezo, ibikorwa, uzabamo hano cyangwa iteka. Iri ni itegeko ry’Umwuka. Menya neza ko igihano cyagombaga guhabwa abica abandi urubozo cyangwa abarenganya abandi, bisobanura abashyira abantu mu nzu y’imbohe. kutababarira bizatera kugirira nabi abandi. abica abandi urubozo twatanze, kuba bakubiyemo abanyaburakari, abanyamujinya, ubwoba, ibicumuro, ukwihorera, urwango, usharirira abandi, isoni n’indi. Iyo tugendeye mu kutababarira imiryango yacu ni ukwigisha abana bacu ububata.

Ni iki kiguha uburenganzira bwo kwanga kubabarira.

“Nabambanywe na Kristo ariko ndiho, nyamara sinjye uriho, ahubwo ni Kristo uriho muri jye. Ibyo nkora byose nkiri mu mubiri, mbikoreshwa no kwizera umwana w’Imana wankunze akanyitangira (Abagalatiya 2:20).

Niba nk’ibyanditswe bigenzura, rwose wabambanywe na Kristo, kandi ubu aba muri wowe byongeye ukamutunga biturutse mu kubabarira? atunze kubabarira cyane. Uwo ni uriho! niba utababarira uramuhakana.

Ni ikibazo gikomeye.

Niba twibona mui urwo ruhande dufite umutima w’ubugome, twabyikuraho 1Yohana 1:9 nivugango, “ariko nitwatura ibyaha byacu. niyo yo kwizerwa kandi ikiranukira kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose.

Imana yaduhaye impano z’ibimenyetso bimwe na bimwe byo kwitonderwa bidufasha kwibuza ingaruka ziteye ubwoba zo kutubabarira. Abantu benshi nibabona urwango n’uburakari nk’ikimenyesto cyo kwitonderwa, nyamara ni ibyo kwitonderwa.

Na none niba wisanga ukomeza kuvuga ibirebana n’igikomere cyakorerwe kuri wowe. Ni ikikwereka neza ko utarangije kubabarira. Niba wumva aya mabwiriza mu mibereho yawe, shaka Imana mu buryo bwihuse n’ibirebana no kubabarira. Ibimenyetso byinshi byihuta byo kwitonderwa bishobora kuba mu buryo bw’umwuka, mu mutima ndetse byaba no ku mubiri. birasobanutse neza muri Matayo ibice 18 ko inkuru yo kutababarira ko ikivamo ari ugutoteza.

Ubuhamya

Kuva nkimara guhura n’umwami nagiye nihutira kubabarira. Nyamara ntibyagiye byoroha. Hari igihe nagombye kwiramburira hejuru y’ibibi byankorerweho, nkababarira ibyankorewe ku  bushake bwanjye. Singira kamere yo gusuzugura ikinyoma cyavuzwe kuri njye, nyamara byabaye ikigeragezo, gikomeye cyane kuri njye mu kubabarira habayeho igihe natambutse, uburyo bw’imbabazi z’imyaka mbere yuko ushobora kumva “itsinzi”. Nibuka igihe cy’itsinzi yuzuye yuko mbabazwa biteye ubwoba n’Umwami bitewe no kubabarira abantu bamwe.

Ubwo narimo ntembera umunsi umwe, mpagarara kuri resitora ngirango ngire ico mfata. Ako kanya nibuka ko ndi muntera ngufi z’aho uyu muntu aba. Numva Umwuka Wera akorera kuri njye, nuko icyo gitondo ibindimo biherako bikira ndabohoka. Nyuma uyu muntu aza kuri njye yanditse ibyo agomba kunsabaho imbabazi.

Ibabarire ubwawe

Byavuye mu gitabo Reaching Towards Heights (gera ku tumunga) – Richard  Wurmbrand

“Bene data, si nibwira yuko maze kugifata, ariko kimwe cyo nibagirwa ibi inyuma, ngasingira ibiri imbere “(Abafiripi 3:13).

Shema Israel, Adonai, Eloheiner, Adonai, Ehad.

“Umva Isirayeli we, Umwami Imana yawe ni Imana imwe. Iri ryari isengesho (amagambo yo hejuru ni igiheburayo cyabo cy’umwimerere) ryabaga mu minnsi y’Abayuda benshi bajyanwaga ku byumba bifite gaze ya Eichman akabareba amwenyura.

Imyaka ishize ari makumyabiri afashwe n’ibiro by’ubutasi bya polisi ya Isirayeli muri Buenos Aires.  Mu nzu y’imbohearimo yatangajwe n’abarinzi basubiranamo., iri sengesho rimeze nk’iryo bariya b’Isirayeli basengaga bagiye kwicwa, ibi byarantangaje cyane avugako adashobora kuba umwizera na gato.

Namenye neza ko isi arimo abicanyi n’abanyabyaha. Indangamuntu itangaje ni abakorerwa ibyaha byabo biba mu mitima yabo, iba mu mitima yabo. Abicanyi benshi b’Abayuda  bakozwe n’isoni kuruta uko umuyahudi wese yari amaze icyo gihe.

Ababiri umwuga wo gukuramo amada bazakozwa isoni n’isi y’abana bazatungwa agatoki, babaza bati “Kuki wanyishe?” umuntu wateye bombe atomike kuri Horoshima, igihe yabazwaga n’abanyamakuru bati “Ese ubyumva ute? “ nawe arasubiza at “ Ahubwo bo babyumve bate?

Dufite benshi bagwa mu mibereho. Yesu yabaye icyitegererezo cy’ababugwamo, Umwana w’Intara utagira inenge wagambaniwe, aratukwa, agirirwa nabi, yicwa k’ubwibikorwa byacu bibi. Kandi yapfanye ijambo, “Data, bababarire kuko batazi icyo bakora.”

Nyuma atwireherezaho avuga ati, “Njye, ubabajwe, ndakubabariye. Abawe bose bari mu isi aho imbabazi zitegeka , Ni wowe gusa utibabarira. Ukorwa n’isoni z’ibyo wakoze, emera imbabazi. Ibabarire indangamuntu itari iy’ubuzima kubantu wakoreye nabi uyireke, uzagira ubuntu bushya.

Sobanura imbabazi nk’urupfu, kandi uzigereranye n’urupfu rw’umwana uvukira ahantu hashya. Kubabarira ni urupfu rw’Ibyaha, Ibyaha byinjira mu bundi bwami bukurwa muri wowe buhya muri Yesu.

Ibuka uwo uriwe !

Uri urwabya rwuzuye Imana, urusengero rw’Imana.

Isengesho

Yesu, njye, ku gikorwa cy’ubushake bwanjye n’amagambo yanjye, kangera kumenya ko icyaha cyangiriye nabi ku bw’abandi, byikorewe nawe. bifate si njye, kandi ndabohotse mvuye mu bikorwa by’ibyo byaha.

Na none njye, ku bushake bwanjye n’amagambo yanjye nongeye kumenya kandi naturiye ibyaha byanjye kuri wowe Mwami.

Amagambo yawe avugako iyo natuye ibyaha byanjye ari ;uwo kwizerwa kandi utunganira kumbabarira no kunyezaho gukiranirwa kose (1 Yohana 1:9).

Dunklin yanditse ibi bikurikira abikuye mu gitabo Inner Healing (Gukira imbere mu mutima).

Imbabazi si :

  1. Ugusuzugura ibibi twakorewe : Dusuzuguye dukunda kwizera ko iyo dusuzuguye ikibi twakrewe, gikurwaho.  Mu by’ukuri si byo. Ikintu gusuzugura  si imbabazi, ni ishusho yo guhagarika igikorwa cyangwa ugusuzugura ikintu.

bwamwe muri twe bakomerekejwe n’ibyo abantu bavuze cyangwa bakoze nk’uko twakuraga kandi tugerageza gusuzugura ibyo bintu. Nyamara ukuri ni uku, byagize ingaruka ikomeye ku mibereho yacu.

Guhagarika igikorwa no gusuzugura ibicumuro ntibivugako twababariye. Niba hari umubabaro w’imbere mu mutima ukomeje kubaho, ni ikimenyetse cy’uko hari ukutababarira gukomeje kuba muri wowe imbere.

  1. Gusaba imbabazi z’ibibi twakorerwe

Iyo tugerageza kwisabisha imbabazi no kwigandika mu bicumuro, tuba tugerageje kwivuga ko mu by’ukuri nta kibi na none cyabaye gisa gityo. Ibi ni ukwemeza cyangwa kumaramaza, nyamara si imbabazi.

  1. Isesengura rikorerwa mu bwonko bw’umuntu kamere y’umuntu igomba gusobanura impamvu yadukoreye ikibi.

Ni ingirakamaro ko dusobanukirwa mu buryo budasubirwaho ibyabaye, nyamara ukubisobanukirwa n’imbabazi ni ibintu bibiri bitandukanye. Igihe Yesu yari k’umusaraba yaravuze ati “Bababarire kuko batazi icyo bakora” nk’uko dusohora iby’ubutabire by’inyongera, dushobora gusesengura ibikorwa byacu ariko mu byukuri ntidushobora  kubisobanura iyo ibo bikorwa bisa.

Kumenya kwakanguriye umuntu kwitara neza mu buryo afite bizadufasha kubabarira uwo muntu. Ariko kumenya si kimwe no kubabarira. Dushobora kumenya ibirebana n’umuntu , kandi na none dushobora kumenya impamvu yitwaye atyo, nyamara nta gukomeza ku mubabarira. Ugusobanukirwa Imnyitwarire y’umuntu ntibisobanura ko twamubabariye.

Icyaha ni ubugoryi bwo mu mategeko agenga abantu mu mibanire yabo. Ntibisobanutse neza intumwa Paul yavuze ati “ Sinzi ibyo nkora ahubwo ibyo nanga bikaba aribyo nkora” (Abaroma 7:15). Ubwo rero tugomba kumenya ko tudashingira imbabazi zacu kumyumvire. Bivuga ko tutagomba gusobanukirwa kugirango tubabarire.

Abantu benshi bamaze imyaka myinshi mu kwifashisha no mu matsinda yo kugaburira abana bagize ikibazo cy’Imirire mbibi, bagerageza gusesengura ubwana bwabo no gusobanukirwa impamvu ababyeyi babo bafata nabi. Rimwe na rimwe bagatakaza ibyiringiro byo kubona. Si byiza kubitakaza nyuma y’umwete wabo uruta uwa mbere batangiranye. imbabazi ni urufunguzo rudukingura tukava mu manza z’agahato twagize mu mibabaro yacu yak era. tugomba kwireba imbere yuko dusogongera gukira. Birashoboka kuri twe gukira kuvuga ngo”nsobanukirwe impamvu data yakoze muri ubu buryo. Nsobanukiwe aho yari aturutse ariko sinshobora kumubabarira”.

Niba tudashaka kurenga imyumvire yacu maze ngo dufate icyemezo cyo kubabarira, ntituzigera twakira gukira kwimana mu mibereho yacu.

Nyamara nyuma dushobora gusobanukirwa impamvu  y’imyitwarire myiza y’umuntu, nyamara niba tudafite ubushake bwo kubabarira, ntakubabarira kuzabaho ku ruhande rumwe cyangwa urundi.

Kwamagana ikibi twakorewe, ibi bibaho rimwe na rimwe mu bitutsi by’umwnana. kwamagana  si kimwe n’imbabazi. Ni umwihariko kuri twe kutemera imyifatire yacu yuko tubayeho. Niba twarafashwe kungufu mu buryo bw’umubiri, ubwimitekerereze cyangwa ubw’imibonano mpuzabitsina duhohoterwa nk’abana. Nti byari ikosa ryacu. Niba tutararyemeye icyo si imbabazi. Benshi mubafashwe kungufu bafite ikintu  cy’umuziro kuri bo. Abana benshi baguye muri uwo mutego babwire ko ari ikosa ryabo, niba barabyemeye bafite uruhare muri byo maze bakumvako kutemerwa bitari ugukomeza kuba kimwe nk’imbabazi. Byarema imyumvire y’imbabazi biganisha k’uwahohoteye cyangwa uwafashe ku ngufu, nyamara ni icyo gusa kuko uburakari bwasubijwe imbere.

Imyifatire yose ntihwitse, aribyo bitera ibibazo by’imbere no kutumvikana. dutera ibibazo kubyo Imana ishaka kuzuza muri twe, niba tugerageza kwishyira mu mwanya y’iyi myitwarire iyo ariyo yose y’imbabazi.

Imbabazi ni :

Gukoma imbere ikibi kizwi kuri twe. Dushobora kukibabarira cyangwa kutakimaramaza. Tugomba kuba abiringirwa. Hasi hari amagambo atandatu. Fata ijambo muri ubu buryo wigengaho, uhombeke amaso yawe n’ishusho yo mubitekerezo byawe byabayeho bivugwa kuri yo.

 

  1. a) Kwangwa

Ibintu byabayeho bifite ishusho ushobora kuba warumvise ibyifuzo by’urukundo no kwemerwa nyamara wari ubihishwe, washatse kwitonda ariko urasuzugurwa.

 

  1. b) Agasuzuguro

Urugero rufatika  rw’agasuzuguro mu muryango w’abasinzi ni igihe ababyeyi bapfusha ubusa amafaranga ku bisindisha aho kugura ibyo kurya cyangwa ibindi by’ingenzi.

 

  1. c) Kurenganywa

Iki ni igihe igihano kidahwanye n’icyaha umuntu yakorewe. Niba warigeze umenya umenya niba brugiye gukanyangwa, bishobora kuba bitarakoroheye gusobanukirwa ibyateye imyifatire itandukanye.

  1. d) Kwishimira kurenganya abandi cyangwa   ubuhubutsi

Ibi bishobora kuba byarabaye mu buryo bufatika cyangwa mu magambo. Amagambo ababaza arakuranga  n’ibikorwa bwawe. Urugero, ntiwabwiwe gukora ikintu runaka cy’uburyo, wabwiwe ko uri injiji bitewe n’uko wakoze

Urupapuro rw’ibanze

Kora urutonde rw’abantu baguteye umubabaro mu mibereho yawe.

Kora urutonde rw’abantu wagiriye nabi nabi maze ubababarire.

Andika mu magambo yawe bwite, biturutse mu myumvire yawe uko wumva ibirebana n’abantu. Ba  umwizerwa ntubeshye ibyo udakora.

Nk’igikorwa cy’ubushake ubu, bidaturutse mu myumvire yawe, vuga, “Mbabariye …………………… mpisemo kubona ibyaha byanyanduzaga bijye kuri Yesu nk’uko yikoreye ibyaha byanjye. None Data ndasaba ushyire imyumvire yanjye ku murongo hamwe n’icyemezo cyanjye cyo kubabarira. Ariko nimutababarira, na  So nawe ntazababarira ibyaha byanyu (Matayo 6:15).

Noneho kora urutonde rw’ibyaha wakoze mu mibereho yawe. Byature ku Mwami, kwatura ibyaha bisobanura kuvuga, nyamara na none kwemerana na Yesu uko abibona. “Ariko nitwatura ibyaha byacu , noyo yo kwizerwa kandi ikiranuka kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose” (1 Yohana 1:9)

Data uyu ntazigera agusiga!

“Uko ubwayo yavuze iti: “Sinzagusiga nahato, kandi ntabwo nzaguhana nahato.” (Abaheburayo 13:5b) ntiwongere gutinya na hato. Imyifatire awe ntitunganye, uzakomeza gukora ibyaha buri gihe., ntazigera agusiga na hato  cyangwa ngo agutererane. Imana iri hafi ngo igukebere kandi yongere ikuzane.

Richard Wurmbrad-Reaching  For the Heights.

Living Sacrifice Book Copmpany. Bartles Ville, ok., 1979, pages 221 – 223./

<top>