freetobeyoukinyarwandacoverfront

Igice cya 11

Urukoko n’igisebe n’inkovu

 

Mu gice cyacu cyabanje ku mbabazi twanditse ibirebana n’imbabazi uko zikuraho  ibyaha byacu, muri ubwo buryo zigakiza ibikomere byacu bidakurwaho ahubwo bihindurwa bivanwa mu rukoko rw’ibisebe bijyamwa ku nkovu. Birahagije kumenya ko Yesu arinda inkovu ze. Yohana 20:27 havuga ngo:

“Maze abwira Toma ati: “Zana urutoki rwawe urebe ibiganza byanjye, kandi uzane n’ikiganza cyawe ugishyire mu rubavu rwanjye kandi we kuba utizera ahubwo ube wizeye.”

Ibikoko by’igisebe bitwikira igikomere n’amaraso yanyu. Ashobora kugikuraho mu buryo bworoshye. Inkovu ni aho igikomere cyari kiri, ariko ntibabaza inkovu ntivamo umubabaro iyo ikozweho.

Ubuhamya

Mu gice cyabanje kirebana n’imbabazi, natanze ubuhamya bugufi bujyanye n’umubabaro udashobora kwihanganira ku Mwami birebana n’ibikomere bisohoka mu mbabazi. Ubu mfite intsinzi hejuru y’ibyo byari bikomeye, nyamara sinigeze mbyibagirwa. Ku gutungurwa kwanjye, iyi bibuka abo bantu n’ibyo byabaye, nshima Imana kubw’ibyo byabaye, mbaha ukunu ubwo buzima bubabaje bitafashije kuzuza imiterere mu mibereho yanjye.

Nyamara ubu iyo nongeye kwibuka ibyo bihe bibabaza ubwo abantu bambabaza, nta mubabaro mwinshi wari uhari. Ndashima Imana kubw’ibyo kuko byamfashije cyane, byari inkovu ubu mfite ubushuti  n’ubusabane kuri buri muntu nababariye. Ubu barakora kubw’inyungu zanjye, nk’uko inkovu za Yesu zahishuye ubushake bw’Imana butunganye kuri wowe nanjye.

 

Ibikoko by’igisebe n’inkovu biterwa n’imibereho ikomeye umuntu yabayemo.

Niba warafashe cyangwa icyemezo cyo kuba mu bwami bwa Yesu ntibizakubuza guhura n’ibibazo, niba ubona basa n’ibishoboka uribeshya mu mibereho yawe. Byaba iby’ubukungu, iby’isano , ubuzima, ugushinga urugo cyangwa ibintu ibyo aribyo byose.

Impamvu zibi ni byinshi kandi ziratandukanye. Mu kwizera ubu buryo bw’ibikomeye tuzana mu busabane butugenga ku Mana, bukatwerekeza ku mwuka w’urugamba, bizana umugambi n’amasezerano by’Imana mu mibereho yacu, bikaganisha ku gutwika kamere yacu ishaje maze bikadukuza mu ishusho ya Kristo.

Uko dusubiza kuri ibi bikomeye dufite igikorw cy’umumaro ku mibereho yacu. Abantu bahinduka abasazi kubwo kubyemera ko biba, abandi Bantu cyangwa ibigo by’imishinga ibihe byabo bikomeye, urugero, abantu bikomeza kuri Guverinoma y’ibihugu byabo  kubw’ibihe bikomeye by’ubukungu, abandi bashobora gushinga iby’ubukwe bucitsemo kabiri kubw’abana bigomeka n’ibindi bintu bisa bityo.

Kwiringira Bantu byakudanisha mu bubata kazndi byatera ibikomere kuba bisigara ari nk’inkoko z’ibisebe. Mu byukuri ntawe wo kubabarira, nyamara birakomeye kubahaka , ikintu cy’amatsiko, naho cyaba ikintu kibi cyakiriwe gishobora gutera igikomere. Mu maraso y’Imana nyacyo bitwaye ufite icyo  yitaho. Yifuza  kukwereka imbaraga zayo zikorera kuri wowe kugira ngo uneshe ntawe wishingikirizah. Hari inzira eshactu zo kuburuka ukava mu bigeragezo no mu mibabaro. Dushobora kugira umutima winangiye kumwe ugushakaho ugomba gukora ni ukugendana n’Imana, dushobora gukuza umutima umenetse, kimwe cyo cyica imitekerereze kandi ntiyigere ikira.

Gupfa kubw’ubugingo binezeza benshi, cyangwa dushobora  gukuza uburinzi bw’umutima. Uburinzi bw’umutima bwakoreshejwe hejuru  y’amabwiriza y’Imana kandi yuburukanye kwizera ahindukirana ibikomere byose mo imigisha.

Igisubizo ni ukugira ibyiringiro ko ubusabane bwawe n’Imana nzima, niba uri gukorana nayo uganisha ku mwuka wera, nyuma izakugendesha mu bihe by’imibereho n’amasezerano, izakweraka uburyo wagendera ku mibereho ifite intsinzi

Bukuriyemo:

  1. Gukomeza ubushobozi bwawe n’ubusabane ugakomeza kubaho ku Mana.
  2. Kuyumva ikuvugaho ibijyanye n’uko ubu umeze
  3. Kumva ikuvugaho ibijyanye n’uwo uriwe muri, indangamuntu yawe
  4. Kugendera mu mwuka, bikubiyemo kwihana inzira zawe ukerekeza ku bugingo
  5. Gukomeza urugamba rwawe rw’umwuka urwana n’imbaraga z’abadayimon

i

Imibabaro ishobora kuba inyungu

Nshobora kuvuga niringiye nte ndashimira buri wese kubw’ibigeragezo byanjye byinshi kandi bikakaye. Nshobora kubibona inyungu ibivamo. Byerekeza kuri ayo masezerano y’Imana yazanywe n’imibereho yanjye. Aya masezerano yatanze igisubizo mu migisha y’ikirenga bitari gushoboka nta kubabazwa.

Umusaraba, ipfundo ry’imyizerere

Imana ntiyahanagura ibyaha byacu bya kera twibuka. Ibikiza yerekaza ku mbabazi, kuki? Dushingira kuri ibyo kandi tukerekana icyubahiro cyayo. Ikihe cyubahiro? Igitangaza gikomeye cyakoze umurimo w’umusaraba we w’umuzuko we. Kubamba Yesu ku musaraba cyari icyaha. Kibi giteye ubwoba bwinshi cyane cyabagaho buri gihe kirwanya ikiremwa. Nti byari gusobanurwa ko uwo muntu ari nta cyaha afite.

Nyamara reba uko cyahindukiranyemo igikoresho gifite imbaraga zikomeye ziganisha ku mbabazi. Yesu ntiyigeze yibagirwa umusaraba, nyamara ubu iyo yongeye kuwutekerezaho, abona agaciro kawo. Bitari icyo gikorwa kibi giteye ubwoba yakorewe n’umuzuko we utangaje njye nawe ntitwakizwa uyu munsi.

Abakolosayi 1:20 havuga ngo: “Kandi imaze kuzanisha amahoro amaraso yo ku musaraba we imwiyungisha n’ibintu byose ari ibyo mu isi cyangwa mu ijuru.” Mbega igitekerezo gitangaje?Ibintu byose uko byagenda kose icyaha giteye ubwoba byabaye inshuti binyuze ku musaraba wa Yesu.

Abaroma 16:25 havuga ngo: “Imana ibasha kubakomeresha ubutumwa bwiza no kubwiriza ko ibya Ysu Kristo nababwirije bihuza n’ibnga ryahishwe uhereye kera.”

Eleanor Roosevelt yagize ati: “Nturi uwo gupfa nta ruhushya rwawe.” Ibyo ntibyari ukuri igihe twari abana, nyamara ni ukuri ubu, ntitwari abo gupfa nk’abana, gusa ko dutanga uruhushya rw’ibyo bikomere, gusa na none tugahata ngo dukureho ibikoko by’igiseba.

Copyright 1992 by Dunklin Memoral Church used by permission ISOB

<top>