freetobeyoukinyarwandacoverfront

Igice cya 13

Urugamba k’ubwimibereho yawe y’Ibitekerezo

Abaroma 12: 2, havugango “Nuko bene data ndabingnga k’ubwimbabazi z’Imana ngo mutange imibiri yanyu ibe igitambo bizima bera bishimwa n’Imana ariko kuyikorera kwanyu gukwiriyekndi ntimwishushanye n’abikigihe, ahubwo muhinduke rwose mugire imitima mishya kugirango mumenye neza ibyo Imana Ishaka aribyo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.

Uburyo nateguye bwo gusoma Bibiliya “ mu ijwi kandi mbishimira Imana” n’ibyo Paulo yandikiye abaroma mug ice cya 1-8 no mug ice cya 9,10 na 11,12, aho Paulo agira ati : “Paulo imbata ya Kristo wahamagariwe kuba intumwa, kandi watoranirijwe ubutumwa bwiza bw’Imana. Uwo yasezeranije kera mu kanwa k’abahanuzi bayo mubyanditswe byera bavuga iby’Umwana wayo wavutse mu muryango wa Dawidi k’umubiri, yerekanwe n’ubushobozi ko ari Umwana w’Imana mu buryo bw’Umwuka wera bigahanywa no kuzuka kwe. Kandi si ibyo gusa a Rebeka uburyo yari afite inda atwite,Isaka sogokuruza yabwiwengo umukuru azaba umugaragu w’umuto nkuko byanditswe ngo Yakobo naramukunze Esawu naramwanze.

Nuko bene data ndabinginga k’ubwimbabazi z’Imana ngo mutange imibiri yanyu ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana ariko kuyikorera kwanyu gukwiriye Abaroma 12:2. Risobanura kimwe n’ijambo ridusaba kwitandukanya cyangwa se guhinduka n’abikigihe. Kwitandukanya n’abishushanya.

Intwaro zacu zirinda kwizera kwacu n’ubugingo bwacu kandi zirinda ubwihisho bwacu n’umucyo

Nubwo tugenda dufite umubiri w’umuntu nti turwana mu buryo bw’abantu kuko intwaro z’intambara zacu Atari iz’abantu ahubwo imbere y’Imana zigira imbaraga zo gusenya ibihome no gubikubita hasi impaka n’icyintu cyose cyishyira hejuru. Kumenya Imana bifata mpiri ibitekerezo byose mu mitima ngo twinjire muri Kristo.

Dukeneye impinduka mu bitekerezo byacu

Na nyuma yuko tubyarwa bwa kabiri tukaba abana b’Imana, ibitekerezo byacu bya kera bigomba guhinduka tukabona Imana yaturemeye kubaho. Ishaka ko tumenya ko turi ibyaremwe bishya muri Kristo, igice cy’ubwoko bushya bw’abantu. Ubu Kristo aba muri twe kandi yatumye tubyarwa ubwa kabiri mu bwoko bushya dufite ubutware bw’ikirenga bukandagira satani. Twasubiranye ishusho y’umwimerere Imana yari yaremanye umuntu. Ubu nyamara dufite Umwuka uzura wa Kristo, ikintu Adamu na Eva batishimiye.

Kuki dukeneye imoinduka mu bitekerezo byacu ?

Dukeneye impinduka mu bitekerezo byacu tukava mu kinyoma tujya mu kuri. Ukuri ni intwaro ifite imbaraga nyinshi cyane mu isi. Ni iby’igiciro cyane kurindwa n’umurinzi ibinyoma.

Ibyo dukeneye bizakora k’ubyo tuvuga, kandi n’ibyo tuvuga bizakora ku mibereho yacu

Luka 6:45, havugango, “umuntu mwiza atanga ibyiza abikuye mu butunzi bwiza bwo mu mutima we, n’umuntu mubi atanga ibibi abikuye mu butunzi bwe bubi, kuko iby’uzuye mu mutima aribyo akanwa kavuga. Yakobo 3:4-6, havugango kandi n’inkuge nubwo zaba ari nini zite, zikagendeshwa n’umuyaga uhuha cyane ingashya ntoya cyane niyo izeekeza aho umwerekeza ashaka, n’ururimi narwo niko ruri.

Hari intambara z’ubugingo bw’ibitekerezo

Imana yatugize abami n’abatambyi. Umwami aremesha urugamba n’abatambyi bahagararira umuntu ku Mana n’Imana ku muntu, cyangwa mu yandi magambo umurimo w’Imana. Ntitwagira ibyzuye mu mibereho yacu cyangwa umurimo w’Imana ku bandi nta kwiyemeza urugamba rufite intego mu bitekerezo byacu.

 

 

 

Kumenya Imana ni buri kintu

Isezerano ry’amaraso n’ibijyanye no kurimenya.

Kumenya ni igitekerezo cyo kugira umubano n’ubushuti nyakuri bw’umuntu. Nyamara turi mu ntambara kubw’ibyo. Intamabara iri mu bitekerezo byacu kandi ihari kubw’ibitekerezo byacu dukoresheje intwaro Imana yaduhaye.

Yesu yamaze kunesha satani ku musaraba. Yamaze kuduha isezerano ry’amaraso rishitse. Intambra yacu si ugutsinda satani, ahubwo ni ukurwanira umugabane wacu utunganye, byongeye Yesu ni umuhuza w’amaraso y’amasezerano. Ahari ari uwo kutwiringiza ko twakira isezerano ry’amaraso riduhesha ubuntu, nyamara ibuka yitwa Jambo. Iyo urimo “umenya” “Yesu’ igihe cy’ubu, umubona ariho ku isi n’imigambi ya satani yaratangiwe ngo idashika. Nyamara umugambi niba ashobora kugenzura ibitekerezo byawe ntuzamenya Yesu n’imigambi y’umwanzi satani  ishobora kukugeraho. Ibuka Yesu yambiye bamwe muri Matayo 7:23 “Sinigeze kubamenya.”

Urukundo rw’icyaha nicyo kitwemerera kumumenya, Yeremiya yarabikamuye

Yeremiya 24: 7 na 31:34 havuga ngo: “Nzaba umutima wo kumenya ko ari njye Uwiteka, bazaba ubwoko bwanjye nanjye nzaba Imana yabo , kuko bazangarukira n’umutima wabo wose.” Kandi ntabwo bazigisha ngo buri wese yigishe mu genzi we, n’umuntu wese bava indimwe ati: “Menya Uwiteka kuko bose bazamumenya uhereye kuworoheje inyuma y’abandi ukageza ku ukomeye. Kurusha bose, niko Uwiteka avuga kuko nzababarira gukiranirwa kwabo kandi icyaha cyabo sinzakibuka.

 

Niba utagisabana n’Imana ubaho nk’uri wenyine, nttagaciro k’ibitekerezo byawe, nukora wahindura ubusa buri kintu yashaka kuguha binyuze ku bushuti nyakri bwayo.

Gutekereza k’umunyabyaha kushobora kudukura  mu kuyimenya Abefeso 4: 1 “Nuko ndabingiga njyewe imbohe y’umwami Yesu ngo mugende uko bikwiye uko mwahamagariwe.” Abefeso 4:23 havuga ngo: “Mugahinduka bashya mu mwuka w’ubwenge bwanyu.”

Pawulo yasengeye Itorero ngo arimenye kandi rimenyere kubana n’Imana.

Abefeso 3:16-20 havuga ngo: “Ngo abahe nk’uko ubutunzi bw’ubwiza bwe buri gukomezwa cyane mu mutima wanyu kubwo umwuka we, 17 kandi ngo Kristo ahore mu mitima yanyu kubwo kwizega kugira ngo ubwo mumaze gushorera imizi mu rukondo mukaba mushikamye, 18 muhabwe imbaraga zo kumenyera hamwe n’abera bose ubugali n’uburebure bw’umurambararo , n’uburebure bw’igihagararo, n’uburebure bw’ikijyepfo bwarwo ubwo ari bwo, 19 mumenye n’urukundo rwa Kristo ruruta uko rumenywa, ngo mwuzuzwe kugeza ku kuzuzwa kw’Imana, 20 Nuko ibasha ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo zidukoreramo.”

Gutoza ikinyabupfura imitekerereze yacu ni uruhare rukuru. Kuba umutwe mu bintu by’Imana muri ubu bugingo byadushyirisha mu rupfu rw’iteka ryose, menya rwose ko tutari kugerageza gupfobya imbabazi n’ubuntu bw’Imana, umurimo warangijwe na Yesu ku musaraba, atekereza uburyo bumwe na bumwe bw’agakiza abikoresheje gahunda y’imirimo cyangwa yemewe n’amategeko. Ntituri gutanga igitekerezo ko Imana yicajwe no kureba ko turi gukora neza. Oya! Ibikorwa byose.

Nyamara itwihaningiriza ko tunesha ariyo mvugo ikoreshwa mu rugamba kuvuka kwacu kupfa kuba kubohowe nyamara tuguma dushyizwe mu bugingo bw’Imana. Tubumbatiye igihe cy’ubushuti nyakuri nayo, bituma itwuzuza, kudukoresha kubw’icyubahiro cyayo no kuzana imigambi y’ubwami bwayo kuri iyi si. Urugamba rw’umwuka n’ikinyabupfura birakenewe kugira ngo turinde ibitekerezo by’ubugingo bwacu bihujwe mu ijambo rye no kwihanganira ibitekerezo by’amabombe ya satani. Igishishikaje satani ni ukujyana ibitekerezo byacu kugira ngo acagagure imiyoboro iduhuza n’ubugingo bw’Imana . ibitekerezo ni inyungu za satani n’aho aremeshereza urugamba hera imbuto nyinshi cyane.

Imana yamaze guteganya igisubizo.

Tugomba gusanisha ibitekerezo byacu n’ukuri kwayo. Ugomba kumenya ukomeje, ko Imana ibwayo yakoze ki kintu gikenewe kugira ngo ikize ibikomere byawe mu buryo bwuzuye  binyuze mu murimo wa Yesu, ubugingo, urupfu, umuzuko no kujyanwa mu ijuru kwe byuzujwe kugira ngo ugaragare ushitse utabuzeho na gato. Uruhare rwacu ni ukwizera ukuri.

Kongera kugira gushya kw’ibitekerezo byacu ku kuri ni uburyo bushobora gufata igihe. Ni iby’ukuri nubwo byaba bidasa n’ukuri. Mu by’ukuri ibitekerezo byacu bishobora guhinduka, iri hinduka rikora ku bugingo bwacu bwuzuye. Nahamya ko ukuri mu mibereho yanjye bwite no mu mibereho ya benshi. Umwanditse wanteye inkunga Michael Vincent avuga uko yanesheje ibyamuhuriragaho byo ku mva amaze nk’ikigoryi, adakwiriye, Atari mwiza bihagije. Igihe Michael yatangiraga ishuri bamubwiye ko kuva ku munsi wa  mbere ko atakwiga asa n’abandi bana. Buri munsi akajya ku ishyri maze ikinyoma kirakomezwa kigira imbaraga, kirongera kigira imbaraga, ibyamuhurizagaho birubakwa. Umwaka ku wundi yazaga yacitse intege zo kwiga. Nyuma y’imya 20 kunywa ibiyobyabyenge, alukore Michael yabonye ukuri ko mu bukristo gushingiye kuri gahunda y’ibiyobyabwenge na alukolo.

Igihe kimwe mueri gahunda yo gutangira gufata mu mutwe ibyanditwe. Ubwa mbere “Gutungana gutangiye” n’umutima we wigometse washakaga gukomeza ikinyoma ko atashobora kubikora, nyuma yo gufashwa no guterwa umwete n’amasengesho y’abandi Bantu yari yaratangiye gufata icyanditswe ku gihe, igihe kimwe asenga yumva amenaguwe n’uburakari no kwicira urubanza rw’ibyo afite imbere kuko yizeraga ko yizeraga ko Imana yakoze amakosa igihe yamuremaga. Nyuma yo gusana guhabwa imbabazi z’Imana yanze icyifuzo atashobora kwiga.

Nyuma ashima Imana ko yamuremye yizera ko Imana itakoze ikosa kandi yaje mu mwanya ko nubwo atasoma igitabo ko ari uwo Imana yaremye kuba uwo ariwe. Imana yaturishije umutima we, imuha kwihanganira gusoma ijambo ry’Imana rimwe ku gihe runaka no gutangira gufata mu mutwe ibyanditswe byinshi. Ubu imyaka irindwi irashije amaze gusoma ibitabo 100 bya gikristo, asoma Bibiliya buri munsi kandi agendera mu buryo bwo kunesha ibyo ahura nabyo bibaho cyane mu mibereho ye.

 

Ukuri nyakuri ni igicumbi

Urugero, mu Bagalatiya 2:20 havuga ngo: “Nabambanywe na Kristo ariko ndiho, nyamara nyamara sinjye uriho ahubwo ni Kristo uri muri njye. Ibyo nkora byose nkiriho mu mubiri, mbikoreshwa no kwizera umwana w’Imana wankunze akanyitangira.” Abaroma 6:3-4 havuga ngo: “Ntimuzi yuko twe ababatijwe muri Yesu Kristu twabatirijwe no mu rupfu rwe? Nuko rero, kubw’umubatizo twahambanywe na we mu rupfu rwe, kugira ngo nk’uko Kristo n’ubwiza bwa Data wa twese ariho natwe tugendera mu bugingo bushya.”

Si ibyaha byawe gusa byakuweho, na none n’umuntu wacumuraga yashyizwe ku rupfu, maze uzuzwe na Kristo none wicajwe hamwe nawe mu by’icaro by’juru. Wavutse ubwakabiri winjizwa mu bwoko bushya bw’bwuzuye n’abantu. Iyo utangiye kwizera uku kuri, ibitekerezo byawe bigirwa bishya. Ibyo  bibaye uburyo bwo gukira imbere mu mutima, gushobora kugira umudendezo, wako bwite usendereye wo gukora umurimo wabo muri wowe. Ukuri ugucebgera cyane mu murimo kuruta gukira kw’amarangamutima. Naho baba abatizera bakwakira gukira kw’amarangamutima. Nyamara umwana w’Imana gusa w’umwigisha ashobora guhindurwa mu buryo budasanzwe!

Iyo ibitekerezo byawe bigize bishya ku kwizera by’ukuri, bitari mu mitekerereze, ahubwo kubw’ubwenge bw’ihishurirwa, ko mu by’ukuri wabambanywe na Kristo, uri muri we mu by’ukuri igihe yaterwaga imisumali ku musaraba, hanyuma uzamenyera umudendezo wawe w’ukuri.

Ingero zo kwangirika kw’ibitekerezo

Dushobora kwakira ibitekerezo:

  1. Birwanya imiterere y’ukuri y’Imana,
  2. Birwanya indangamuntu yacu y’ukuri muri Kristo,
  3. Birwanya abandi,

Imana ifite urukundo ibitekerezo byacu byacu byose ni itegeko. Yesu yavuze kuri: nawe aramusubiza ati: “Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose n’ubugingo bwawe bwose, iryo niryo tegeko ry’imbere. N’irya kabiri rihwanye na ryo, naryo ngiri: “Ukunde mu genzi wawenk’uko wikunda.”

Ibitekerezo bidakwiwe biva he?

Ibitekerezo byinshi biza umuntu atabishaka biturutse mu busabane bwacitsemo kabiri, by’umwihariko biturutse kuri ba data. Uburyo bugenderwaho bwacu bwa cyera cyangwa bw’ubu bishobora kuduha ibitekerezo bitazana ibyiza, kwangirika kw’ibitekerezo na none gushobora guturuka na none ku nshuti zacu dufite muri iki gihe, cyangwa kukava kubyo duhanzeho amaso, amatwi n’ibyo tumaramarije gishyiraho ibitekerezo byacu. Iyo Yesu aturokore, ibitekerezo byacu biruzuzwa, iyo tujya mu ijuru imibiri yacu igirwa mishya kandi ikuzura. Nyamara igihe turimo ku isi tugomba gukira no kugubwa neza kw’imitima yacu, bikubiyemo ubushake bwacu, ibitekerezo n’amarangamutima. Abaroma 12:1-2 habisobanura neza cyane ko tugomba gukurikira ihindurwa rishya ry’ibitekerezo byacu.

Mu gihe ywavutse bwa kabiri,  twongera umubare w’ibyaremwe bishya, tumenya ibirari by’inzira za kamere z’umuntu wa kera mu mibereho yacu y’ibitekerezo, ntituri ab’indangamuntu ebyiri nk’uko bamwe babigerageza kubyigisha, nta Bantu babiri baba muri twe. Turi icyaremwe gishya cyizuye, ikiremwa gishya muri Kristo. Nyamara umuntu wakera yasize ibitekerezo bishaje mu bitekerezo byacu kandi aho  urugamba rukomerera, Imana ishaka ko bigirwa bishya, satani ashaka kubitugenzurisha.

Fata mpiri ibitekerezo byawe.

Iyo twumvise ijambo ry’Imana, imbuto iba itewe, icyo ni igikorwa cy’ubugingo.

Amagambo ahinduka ibitekerezo nyuma akabyara imbuto, satani we atera amagambo ahinduka ibitekerezo (Matayo13:25)

Dore uburyo bworoshye bwo gufata mpiri ibitekerezo byawe no kugira bundi bushya ibitekerezo byawe.

  1. Fata mpiri ibitekerezo byawe. Ibibiga bw’indege bigira abacunga umutekano n’ibyuma bibona buri muntu na buri gice cy’umutwaro cyagirira abantu nabi mbere y’uko bishyirwa mu ndege. Kora ibintu bisa n’ibyo. Niba wumvise igitekerezo, hagarara kandi ubaze: “Mbese iki gitekerezo nta kintu kibi gihetse cyagira ingaruka? Iki gitekerezo kiranyungura kubaho mu nzira z’Imana. Iki gitekerezo kiva kuri satani cyangwa kuri kamere yanjye?” kuri iyo ngingo, ufata icyemezo cyoroshye uvuga icyo gitekerezo”, “si ukwemera kwinjira. Nkugize imboye kandi ndakwirukanye mu izina rya Yesu”. Nyuma yo gushyira mu bikorwa uzongera umenye neza ko ibyo bitekerezo bituruka ku Mana, rimwe na rimwe ibitekerezo biza ku mana biza nk’ibijyanamo byikora.

Simbuza ibitekerezo byawe ibitekerezo byawe by’inzira z’Imana.

Ntushobora gutaha amara masa, ugomba kuzuza ibitekerezo byawe bimwe na bimwe ibintu byiza.

  1. Tangira gutekereza  ku ijambo ry’Imana. Saba Imana igufashe ubone icyanditswe, nyuma ucyandike ugifate mu mutwe, “Ryuzuze’ ubisubize umunsi wose. Tekereza ku nkuru yo muri Bibiliya, uyitekereze mu bitekerezo byawe. Amashusho amaze atya dutekereza, niyo mpamvu ibyanditswe byacu by’urufunguzo, 2 Abakorinto 10:3-5 byavuzwe hejuru kwirukana intwekerezo cyangwa intecyerezo cyangwa asobanura zimwe na zimwe ibitekerezo by’ijambo ryakoreshejwe. Ijambo rifitanye isano n’intekerezo, ibitekerezo byacu bikorera mu mashusho kuruta mu magambo.
  2. Vuga ijambo: Gira akamenyero ko kuva utera hejuru, usakuza ntiwatekereza ibitekerezo bibi ngo uvuge ibintu bitandukanye na byo bigerageze.

Incamake

Muri make Yesu yaduhaye isezerano ry’amaraso. Kimwe mu nyungu z’ingenzi n’uko ushobora kumumenya mu buryo bw’ubushuti nyakuri. Iyo  turi mu gihe cy’umucyo kumumenya, imbaraga zikora muri we kubwacu no kubw’abandi mu isi yatani aziko imibereho yacu y’ibitekerezo iturinda kuva mu mbaraga z’Imana, nyamara aho niho yegeranyiriza intwaro ze nini arashisha.”

Nagize imbohe ibitekerezo byanjye kubwawe.uzakora ibisa gutyo kubwanjye?

Abafilipi 2:5 havuga ngo “ Mugire wamutima wari muri Kristo Yesu  Imirongo kurikiraho ivugako ibitekerezo bye ari ubugwaneza no kwifuza kwikorera umusaraba we. Tugomaba kwikorera umusaraba wacu iyo twumvise dufite ibitekerezo bidakwiriye bigerageza kutugora.

Ibyavuye mu nyigisho ya buri munsi ni umugambi uyobora ubugingo bwawe.

Ku rubuga rwa Internet, warebera kuri www,purpose drivenlife.com a Ministry of Saddlebackchurch 1 scddlebackpkwy Lake Forest, CA 92630 Tel (800)633-8876

Rinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa, kuko ariho iby’ubugingo bikomoka. Imigani 4:23

Kimwe mu bushakashatsi bukomeye bw’imiterere y’umuntu bwo mukinyejana cyahise ni uko ibitekerezo byawe bigenzura ibikorwa byawe. Niba ushaka guhindura inzira ukoreramo mbere na mbere ugomba gusha uko utekereza.

Ubu, imyaka ibihumbi irashize, Salomo yashumangiye ibi uwo yandikaga ati “rinda umutima wawe kuruta ibindi byose byose birindwa. Kuko ariho iby’ubugingo bikomoka

(Imigani 4:23). Bibiliya ivugako ibitekerezo byacu bihata inzego esheshatu z’imibereho yacu:

Gusobanura kwanjye guhata igihe ndimo. Si ibimbaho ntacyo bitwaye icyo nahitamo kubibona. Uburyi ntekerezamo buzamaramarizamo  niba ibyo ntegekwa kuzuza bingira mwiza cyane cynagwa usharira. Nabona buri kintu nk’inzitizi cyanwa umwanya wo gukura, gutera intambwe ahatanyurwa cyangwa ugana ahatari ibtare.

Bene data mwemere ko ari ibyishimo rwose nimugubwa gitumo n’ibibagerageza bitari bimwe, mumenye ko kugeragezwa ko kwizera kwanyu gutera kwihangana. Ariko mureke kwihangana gusohoze umurimo wako, mubone gutungana hatabuze na gato. (James 1:2-4).

Ibyo ngambiriye bihatira kunsha intege, muyandi magambo ibitekerezo byanjye bikora bikora ku mimerere yanjye, ibitekerezo byanjye bigaragaza ibyiyumviro byanjye . niba wumva ucitse intege kuberako mpisemo gutekereza ibitekerezoby’urucantege. Kubirebana n’umurimo wanjye, umuryango cyangwa ikindi kintu icyo aricyi cyose. Mugiheudashobora kugenzura ibyiyumviro byawe buri gihe, washobora guhitamo ibyo utekereza bizagenzura uko wumva umeze “Mana tegera ugutwigusenga kwanjye, ntiwirengagize kwinginga kwanjye” (Zaburi 55:2).

Kwizera kwnjye guhata imyitwarire yanjye buri gihe gukora ibijyanye n’imyitwarire yacu, nubwo ibyo bitekerezo byaba bipfuye. Urugero nk’umwana, niba warizeraga igicucu mu cyumba cyo kuraramo n’ijoro cyari gifite ishusho itameze nk’uko wari uri, umubiri wawe wagiraga ubwoba (binyuze mu mutwe) nyamara. Utekereza ibitari ibyo.

Niyo mpamvu ari iby’ingenzi cyane kwiringira ko uri gukorera ku makuru y’ukuri! Kwiyemeza  kwawe n’ibikureba ubwawe, ibereye amaso ubugingo , nibyo Imana ihatira imyitwarire yawe. “Nuko Yesu abwira abayuda bamwmeye ati “Ni muguma mu ijambo ryanjye muzaba abigishwa nyakuri” (Yohana 8:31)

Kwivugaho kwanjye guhata kwikunda kwanjye. Mu buryo bukomeye wivugaho wowe ubwawe nta kwigira inama. Iyo ugendeye mu icyumba cyuzuye mo abamyamahanga. Wumva witekerezaho iki ? ukibaza ku cyubahiro cyinshi ugiye guhagarika ukacyiyambura (Imigani 23:7).

Imyifatire yanjye ihata ubushobozi bwanjye. Abakina bizera gutsinda kurora kwawe kugenzura gukora neza kwawe. Mohamed Ali yatsinzwe kabiri mu mwuga we. Mbere yabo bombi bo muri bo, yavuze ikintu atigeze avuga mbere yundi mwana “iyaba batsindaga iyi ntambara “ byose bishobkera uwizeye”(Mariko 9:23).

Kwibwira kwanjye gushobora gusohoza  ibitekerezo byanjye. Muyandi magambo inzozi zawe zisohoza umugambi w’Imana kuri wowe. Kuzuza ikintu icyo aricyo cyose ugendereye, intego ibyiringiro, n’intumbero cyangwa ibishurirwa” Aho guhishurirwa kutari abantu bigira ibyigenge, ariko ukomeza amategeko aba ahirwa” (Imigani 29:18).

Gukuraho ibikurwaniraho byafata imyaka bigaterwa nuko igikomere cyacengeye kandi nuko wizereye muri ibibikurwanya.

Twahamya ko mu mibereho yacu bwite kubwo kugira imbohe ibitekerezo byacu bwite aka kanya dusubiramo ijamabo ry’Imana. Dufata mu mutwe ibyanditswe tureba nuko tugenda buri munsi ko wakorana n’Imana. Ibi bikurwaniraho bizarimburwa byihuse cyane. Uko ukurikira Imana cyane wemerera urukundo rwayo rugufashe kubona ukuri uzaneshesha aho Umwuka w’Umwami ari haba umudenzezo.

<top>