growordiecoverkinyarwandafront

 

Igice cya 2  : Uruzi rutemba
Ibyavuzwe na Watchman mu gitabo cye yise A TABLE IN THE WILDERNESS June 20 twakita Ameza yo mu butayu”Aho noho nzajya mbonanira nawe hejuru y’intebe y’ihongerero” hagati y’abo bakembi hari ku isanduku y’ibihamya, nikonzajya nkubwirira amategeko yanjye yose ntegeka Abisirayeli.

Ni iri he pfundu ry’ubumwe n’Imana? Ni icyubahiro cyayo ku ntebe y’imbabazi n’igiciro cyayo cy’abagerumbi. Dufite guhimbaza Imana ni “Abakerubi b’icyubahiro” Ni ahantu icyubahiro cy’Imana kimenyekanishirizwa, n’urubanza rwa ku muntu rugatwikirwa, tubonera imbabazi z’Imana aho kandi aho honyine.

Imana ntishobora kuba Imana, yerekanira imbabazi zayo aho iri? Oya, ishobora kwerekanira imbabazi zayo aho icyubahiro  cyayo cyuzuye , imbabazi zirindirwa. Ntiyisubiraho biturutse ku bakerubi. Ni amaraso yamenywe yatumye habaho ubumwe by’umunyabyaha. Kubera ibyo Imana ishobora kwerekana imbabazi bidakuyeho icyubahiro cyayo, ishobora gushyiraho ubumwe n’umuntu nta kwiyanga ubwe. Muri ubu buryo amaraso ya Yesu ni ngombwa ku bucuti, budasubirwaho ni ngombwa, kandi si ibanze ry’ubucuti. Iyo ngiranye ucbumwe n’amaraso kubw’imbabazi ze zihoraho si amaraso igiciro ndebye, ahubwo kubw’icyubahiro. Umwenda wari ukingirije ahera watabutse mo kabiri ukurwaho, kubw’uwo utakiriho twese twigereye imbere y’Imana. Nk’umwana w’Imana wemerwa kwimenyereza kwinjira cyane mu bucuti bw’Imana. Ibi bikubiyemo ubucuti buhejeje mu kuboneka kwayo, ariko burenze cyane. Matayo 5 bibanda ku gihembo cy’amasengesho habayeho gusenga agasubizwa igihembo ni Imana ubwayo . ibindi bituruka ku masengesho ku buryo bworoheje ni ukubona ibyiza. Niba wigengesera ku bijyanye n’umubano wo gucengera umubano wagiranana Yesu uzabigeraho. Ariko habaho ikiguzi wariha Imana yiyereka abantu bajya imbere yayo kandi bakayubaha (Yohani 4:21) imana na none yiyereka abayishakana umwete kandi bagatungana. Tugomba kwimuka tukava mu byo tumenyereye, tukabona akanya kuba muri yo. Imana ijya iha abafite inzara n’inyota byo gukiranuka by’ukuri no kwera. Niba udasonzera ibi, saba Imana iguhe iyo nzara. Tuziko kuboneka kw’Imana kutigera kutuvaho, ariko ndavuga ibintu bimwe na bimwe bitandukanye. Ndimo kuvuga ibirebana no mu kwinjira mu cyubahiro  cyayo, gutinyika kwe n’icyubahiro cyayo itazaha undi. Ibi bitandukanye cyane no kuyikorera muyihimbaza. Ni wowe n’Imana mu gukiranuka kwayo ko gukiranuka. Ibi byo guhura ntibirimo ukwimenyekaniska mu bumuntu bwawe. Bibaye byiza byabamo, byaba kwinjiramo mu buryo bworoheje no kuganira. Ukamenyera icyubahiro cyayo ku rwego uru n’uru ko ubuzima bwawe bwahinduwe iteka.ndavuga umubatizo wo kwinjira mu mwuka wera, hagakurikira noneho impano. Ndimo mvuga ibirebana no gukiranuka kwayo byica kandi bigakongera kamere ya Adamu. Nk’uko usoma ukoresheje ijambo “Imana irahari” mba ndimo kuvuga ubwami bw’ikirenga. Iyo  umwizera azi n’ukwizera afite ko ashaka kugira ubucuti nawe, agomba kumenyera ubwo bucuti agateganya ajya imbere y’Imana mu buryo Imana yemera. Uburyo bwayo ni ubworoshye kwiyereka Yesu nk’Umukiza kandi akubaha vuba cyane ijambo ryayo. “Kuko ibyo byose ukuboko kwanjye ariko kwabiremye, bikabaho byose.” Niko Uwiteka avuga, “Ariko uwo nitayo ni umukene, udfite umutima umenetse, agahindishywa umushyitsi n’ijambo ryanjye.” (Yesaya 66:2) ikintu gikuru cy’ubugwaneza ni ukwemera kwihana no guhindukira tuva mu migenzereze yacu yakera, bidahuye n’imiterere y’Imana, iyo migenzo isa “n’imyambaro ishaje” ariko ku bakristo benshi hari ibisumbye kuri ibi biruta bishobora guhura n’ijisho. Abakristo nenshi bari “mu nzu y’imbohe” bitari ngombwa ko bayibamo , biyambuye kuba abanyakuri n’abiringirwa ubwabo n’Imana.  Ku ruhande rumwe bamenye ko hari icyo bagomba gukora birababaje muri iki gihe kuba badatekereza ko bari mu “Nzu y’imbohe”. Rimwe na rimwe umwanzi abafatirira mu miryango y’inzu y’imbohe akoresheje uburiganya ababeshya ko ari abakristo.Bamwe ntibashaka kwihanganira imibabaro ndetse banga n’uvuze agereranya iby’Imana. Ikigeretse kuri ibyo bavuga ko bashaka kwakira ubwo bwiza bw’Imana. Abandi bagendera mu by’amategeko, ubuyobozi no gucengera no Gukiranuka nyamara atariko. Bumva ko bakorera Imana igira uburakari. Abandi bakomeza kuba mu “buntu butari bwo” biyumvisha ko Imana ibabona nk’abataboneye imbere yayo, bityo rero bagakomeza kubeshwaho no kwaizera. Basenga Imana iyo bari mu bihe bikomeye, nyamara nta n’umwe wo muri aba bantu wishimira ko Yesu yigize umuntu, kuba Imana ibana natwe cyane n’ubucxuti bw’Umuremyi, bashobora kwinjira mu bwami bw’Imana iyo bapfuye nyamara bari mu irimbukiro igihe bari ki isi.

Umugezi utemba uzubaka ukwizera kwawe, kandi bizahamagarira Imana kuza kuzuza icyifuzo cyawe no kukwihishurira. Bizaguhesha ibintu bimwe na bimwe ukeneye gukora ku gutekereza ku butumire bwayo naje kumenya Imana bitarenze ukwezi kumwe bituma njya kugirana igihango no kuba umubwirizabutumwa bireme isezerano. “Uwiteka ni inshuti yanjye y’amagara” ni inshuti nizera kuruta umugore wanjye. Iyo numvaga ko nshonje ku bintu biasa bityo , nkomeza kubikurikirana kuva ubwo.

Inyigisho za bibiriya, ibiganiro, ibitabo, inyigisho zo kuba abigishwa byose ni byiza, ariko niba utihatira kugira ngo Imana ibe mu ruhande rwawe ubura ikintu cy’ubuzima bwa gokristo. Iyo uziko Yesu ari mcu cyumba hamwe nawe ukaza, imibabaro n’igabanutse, kwizera kugakanguka n’ubuntu bwayo bukakanguka kuruta buri kintu mu buzima ugomba kurwanirira. Igihe nahishuriwe inzdira yo kwandika ninjira mu kuboneka  kw’Imana byitwa Umugenzi utemba, ubushuti n’igihango byanjye na Yesu byaragutse cyane. Nabihishuriwe igihe nabaga ntashobora kumva kubona kw’Imana kandi mu gihe ibintu byabaga bitameze dneza muri njye. Mpishurirwa ko nshobora gukora urugendo rw’iminota 30 no mu bitekerezo byanjye nkerekera inzira y’umugenzi utemba nkibona hari amahoro no mu busabane n’Imana. Intego ni ukubaka aha hantu nka Lifestyle iki nicyo “Twakoresha inziri” yo gusabana n’Imana kugira ngo gushyira mu bikorwa ibyifuzo wasabiye.

Muby’ukuri abantfu barababaye

Bamwe ntibashobora kubona amafaranga yo kwishyura, abandi babonye ibisubizo bidashimishije biturudtse ku  burwayi bwayo, bamwe na bamwe abana babo babaye inzererezi, abandi nabo bafite imiryango yaratandukanye. Tugomba kumenya duko twagirana ubusabane n’Imana binyuze mu isezerano ry’amaraso kugira ngo turiremeshe muri ubu buzima , hagati ya none n’ibihe dukurwa muri uyu mubiri tujya mu ijuru.

Byongeye kwishimira kuboneka kw’Imana hari icyakorwa cyane ariyo nzira yo mu mugezi utemba. Igitekerezo cyo gukurikira akayira ko kwinjira mu kuboneka kw’Imana nta nzira bisobanura kugabanya isano n’Imana ku byagenderwaho, cyangwa kwemeza ko ugomba kwinjira mu kuboneka kw’Imana mu buryo ngiye gusobandura neza bikomeye. Nizera uko nshfoboye kose ko umugezi utemba wuzuyemo ubushobozi bw’isano buzamura ukundi isano yawe na Yesu cyangwa bikakwemerera kqugira ubusabane kubw’igice cya mbere cyane.

Igihe abana banjye bari bato cyane byantwaye umwanya munini mu gusabana nabo. Uko bagiye bakura batangiye kugira amahitamo menshi ubusabane n’ubushuti twashoboye kwishimira cyane cyane bishingiye ku kunntu bagenda nanganiriza bambwira inkuru zitandukanye. Abana baza kuri njye kubera ubushuti, inama kunyishimira no kuza nanshima kandi bagategereza cyane ubusabane nanjye kuruta baza buke kuri njye kubera uruhushya cyangwa kwishyura amafaranga. Nagiriwe ubuntu  buhorobuhoro n’uko badakora ibitandukanye ugdushaka kwanjye kuri bo. Nubwo ku gihe runaka kuri bo ariko ninjiye cyane mu bushuti nabo iyo bakora ibyo bashaka babohokeye n’iby’isano yabo. Nuko mu gihe runaka bakora ibyo muburyo butandukanye no gushaka kwanjye biransitaza (ibihe byinshi) imbabazi n’ubuntu byanjye ni icyategamijwe bubavamo kinzaho, ariko bagomba gutekereza no guhitamo. Mu biganiro byabereye muri Kaminuza Southeastern  Dogiteri Mariko Rutland yamfashije gusobanura ibi nk’uko biri.

Yavuze ibi bikurikira:

“Nti tugerageza kugira ubushobozi bw’ikirenga, ahubwo ubushobozi bw’ikirenga, Imana ibaho, Yesu ubwe ashobora kubuduhesha.” Ubupfumu, abashitsi, inyuka idasanzwe bigerageza kugirana ubusabane n’ubushobozin bw’ikirenga. Igisubizo no kubaha gukora ibimenyetso by’Imana ni biduha ubusabane nayo mu bushobozi budasanzwe. Na none, ni icyemezo cy’Imana kiduha gdushaka kuyubaha bituma dushobora kuba mu busabane no kuboneka kwayo. Imana irimo gukomanga ku nzugi zanyu ivuga iti “Nyabunedka munyumvire” ubusabane nawe biterwa no kubaha kwawe.

Kubaha ni uburyo bw’ubuzima si ikintu kiba.

Hari urwego rugerwaho rwo kubaha nkw’uramye igihe kirekire kubwo kubaha urakura ukubaka undu ku wundi. Ikiguzi kigenda kizamuka. Twahamagariwe kwikorera umusaraba wacu kandi turawikorera ukagenda urushaho kuremera, ntitwikorera wawundu wakwera ushaje, wawundu mushya usaba ubwitange bwinshi no kubaha kwinshi kuko igihembo kirushaho kugira agaciro.

Tegurwa rero ! Nabonye abantu bakurikiye Yesu rimwe mu mugezi igihe kimwe. Twahawe umugisha mu buryo bwo guhinduka dutakaza kandi dupfa kuri kamere y’isi Imana yabwira sogokuruza wacu Aburahamu  « Kandi nzaha umugisha abakwifuriza umugisha bose, kandi uzakuvuma nzamuvuma, kandi muri wowe nimo imiryango yose mu isi izaherwa umugisha.» (Itangiriro 12 :3).

Uburyo bumwe dushobora guhesha abandi umugisha ni ukwemerera Yesu muri twe akabidukorera. Ni kubw’imiterere ye agakuraho inzira imwe ashobora kubidukoreraho ni kubw’imiterere ye agakuraho kamere ya Adamu ubu busobanuro ngiye gutanga butomoye ni amahirwe yawe kwemera Imana kwemera gukora ukwera kwayo mu kuri no mu gukiranuka mu mibereho yawe. Nuko utangire guheka umusaraba wawe mu mibereho yawe. Wemere Imana yuzuye urukundo igukosere mu buryo bworoheje, urahinduka ukundi use na Yesu, ufate uruhande rw’imiterere  ye. Arakubohora uve mu mbohe ziri muri wowe, arakuzanira kwihana mu buryo butuje ikikubabaza gikurweho, imibereho yawe ntikomeza kuba isanzwe.

Cyakora iyi nzira si iyo kubaho nta mibabaro. Niba uri umunebwe niba utazigereranya ubwawe                             

Nta gukiranuka nta mu muntu uzigera ubona Imana !ndashimira Imana ko gukiranuka no kwera twahawe nk’impano. Ariko iyo ngiye muby’isano ryawe icy’ukuri no guhinduka kw’ubu kw’imiterere yawe mu gukiranuka no kwera, sindimo mvuga kuri bamwe bambara ukwere. Ubu bwoko bw’abiyeguriye Imana bagira ibisharira, naho kwe kw’umu gutanga ibyishimo. Urukundo n’imbuto zose z’umwuka wera, mukabara umuntu mushya wareme  gukiranuka no kwera bizanywe n’ukuri nk’uko Imana yabishatse.

(Abefeso 4 :24)

Inzira nyabagendwa 35. Inzira nyabagendwa yo kwera  muri Yesaya igice cya 35.

« Kandi hazabaho inzira nyabagendwa, iyo nzira izitwa inzira yo kwera. Abanduye imitima ntibazayicamo, ahubwo izaba iy’abandi. Abagenzi n’aho baba ari abaswa ntibazayiyoba »

(Yesaya 35 :5), Yeasaya igice cya 33 ku mana z’Abisirayeli biturutse babacye abanyabyaha mu buzima bwabo. Yesaya 34 havuga uko ibazanira uburyo bwo kunesha no muri Yesaya 35 hatwereka igisubizo, aricyo kwera. Inyungu ziboneka uko zikurikirana mu bice 35. Birimo ibyishimo, kurimba, ubutayu n’igihugu cyanduye ginduka amasoko y’amazi nubutayu bumeramo indabyo ziraba, haba umunezero usanga, babona icyubahiro cy’Imana. Herekana neza ko impumyi zihumutse, abanyantesge nke barakira, abafite ubwoba basubizwamo ukwizera, abafite inyota babona amazi yo kunywa, kandi barwanya abanzi b’umwuka. Bigusaba iki gice muri ubu buryo boboneye.

·      Ezekieli 47 :1-12 herekana ishusho y’umugezi utemba. Ishusho Imana yeretse Ezekieli yari iy’urusengero rw’Imana ibirwubatse n’uko bitatse, n’uko umugezi utemba uva murirwo .imana ibwira Ezekieli kandi imwereka ko uyu mugezi wari uruzi rw’ubugingo rutemba ruva ku Mana rumanuka ku Nyanja y’abapfuye rwisuka mu mazi yanduye. Uyu mugezi ugomba gusukura amazi ukanayazanamo ukubaho ibyanditswe mu bice 47 bya Ezekieli havuga iby’uyu mugezi yakwiye hose. Nk’uruzi rushotse munsi y’urusengero, nyuma rugakmeza gucengera kugeza rwisukiye mu Nyanja y’urupfu. Nk’uko byakozwe inyanja igira ubuzima. Mu buryo busanzwe inyanja ihagarariye abantu bapfuyebashobora kubaho bagakorwaho n’Imana bihereye ku kintu cyitwa umugezi wagombaga gutemba uturutse ku kuboneka kwayo. Yohana 7:38 havuga “Unyizera, imigezi y’udbugingo izatemba iva mu nda ye, nk’uko ibyanditswe bivuga.” Uruzi rutemba kugira ngo wezwe, uruzi rutemba kugira ngo rugukize kurimbuka.

·      “Ezekieli andika uti” Imana ibwwira Ezekieli mu gice cya 43:10-11 kwakira iki gishushanyo cy’urusengero n’ingero zarwo kugira ngo abantu bashobre kurureba bihane kandi babe umugisha. Ibyo nibyo iyi nyigisho y’umugezi utemba ijyanye nabyo byose. Urusengero ruri he uyu munsi?  1Abakorinto 6:19-20 havuga ngo, “Mbese mbese imibiri yanyu ari insengero z’umwuka wera uri mwe, uwo mufite wavuye ku Mana? Nti muri abanyu ngo mwigenge kuko waguzwe igiciro, nuko rero mutume imibiri yanyu ihimbaza Imans.” Ntitwahabwa  umugisha cyangwa kuba umugisha nta kuri ko Imana ihari. Dukeneye ko Imaana iba muri twe ikatubohora. Ikatweza kugira ngo dushobore gukora umurimo wayo wose naho byaba n’isengesho. Hano hari urugero rwo kumenya kuzura n’Imana kubw’ubuzima bwawe, kubw’Itorero ryawe no kubw’isi. Dukeneye ko Imana iba muri twe ikatubohora kandi ikatweza gukora umurimo wayo wose, naho ryaba isengesho.

Dore ikitegererezo cyo kumenya kwuzura Imana kubw’ubuzima bwawe.

“Bahoraga bashishikariye ibyo intumwa zigisha, bagasangira ibyabo, kumanyagura imitsima no gusenga. Abantu bose bagira ubwoba, nuko intumwa zikora ibimenyetso n”ibitangaza byinshi (Ibyakozwe n’intumwa 2:42-43).

Ibintu bitatu intumwa zakoraga buri munsi byabaye ibimenyetso n’ibitangaza

1.     Imyigishirize y’intumwa: Iyi ni imyigishirize ya buri munsi y’ijambo ry’Imana

2.     Amasengesho: ibi birene ibikubiye mu bwoko bw’isengesho. Itorero rya mbere ryarihannye ryizera uwari muri Kristo, kandi batura n’isi.

3.     Ubucuti no kumanyagura imitsima: Ubu bwari ubumwe bwa buri munsi, cyangwa gufata igikombe n’umutsima mu kwibuka amaraso y’isezerano.

Itorero rya kera bagiraga igaburo ryera ryibuze rimwe mu cyumweru, cyangwa se buri munsi. Ubwo bwari uburyo bwo kwinjira mu kubana n’Imana kandi bakimenyereza mu gucengera cyane bayimenya mu buryo bwa buri  muntu. Ntibyari igikorwa cy’iyobokamana, cyari igihe cyo kuyizera mu buryo bw’ukuri. Intego y’igaburo ryera yari iyo kuzana abantu ngo bakore mu kuboneka kw’Imana soma Ruka 24:30-31 nk’urugero. Muri  yo bakira n’ibyifuzo byabo barasubizwa Kuboneka kw’Imana binyuze kubw’umubiri we   n’amaraso y’isezerano bihura n’ibyifuzo byacu byose, byakuwe mu bice bitandukanye  bya video ya Dick, Reuben, urugero rw’ububyutse by’Imana. Igaburo ry’iseserano “Ameza y’Umwami”

Umugezi utemba ni umwitozo wa buri gihe ukora ikintu kimwe gisa (ibitari ugusimbura igaburo ryera, ahubwo kurishigikira). Umugezi utemba rimwe werekeza ku maraso y’isezerano kandi ukazanira abantu guhanagurwa, niumubiri wawe, mu Wera kw’abera mu kuboneka kw’Imana! Tugomba  kuboneka kubona Imana bitari ibya kera.

Muri Yohana 6:51 Yesu aravuga ati “Ninjye mutsima muzima wavuye mu ijuru, kugira ngo umuntu yegupfa.” Abaheburayo 10: 19-20 havuga ibya kera n’inzira yo kwinjira mu Wera w’abera wa Yesu. Ibi bisobanura ko inzira yinjira mu kuboneka kw’Imana imenyekana kubw’isezerano ry’amaraso ye n’umubiri we.

Muzabona uko wambuka umugezi utemba, bisaba guca mu isezerano ry’amaraso kimwe n’igaburo ryera

gdkr04

Tugomba kumenya ko hari abanzi bashaka guhagarika Imana biturutse ku kuba nyakuri kuri twe.

Abanzi bacu bagereranwa mu buryo butatu bw’ingenzi:

-       Ubushake bwacu

-       Ibitekerezo byacu

-       Amarangamutima yacu

Habaho guterwa ibitero n’umubiri wacu, isi na satani.

Ikibazo

Ni gute twanesha aba banzi ngo twinjire mu kuboneka kw’Imana ngo tugire ubucuti nayo?

Igisubizo

Imana yateganyirije intsinzi y’uburyo bwose ku banzi bose! Inzira mu kuboneka kw’Imana yarateganyijwe ku musaraba igihe umwenda wakingirizaga ahera hatabukamo kabiri uhereye ku ijuru ukageza hasi Mariko 15:38 Ni umurimo wacu tugomba kuzuza ngo  dusabane n’Imana ubu. Tugomba kwikorera umusaraba wacu ariwo uzaduhesha kunesha!

Luka 9:23-25 havuga ngo “Abwira bose ati: “Umuntu nashaka kunkurikira niyiyange, yikorere umusaraba we iminsi yose ankurikire, kuko ushaka kurengera ubugingo bwe azabubura, ariko utita ku bugingo kubwanjye  niwe uzabukiza. Umuntu byamumarira ik? Gutunga ibintu byose byo mu isi        narimbuza ubugingo bwe, cyangwa nabwakwaho indishyi? Ijambo kubw’ubugingo muri Luka ibice 9 bisobanura “umwuka utubeshaho tukaba bazima”, cyangwa ubushake, ibitekerezo n’amarangamutima. Ijambo guhakana bivuga oya ku bintu runaka. Urufunguzo ry’ubugingo ruguwe neza no kwakira byose Yesu adufitiye, ni ukuzuza isezerano ry’amaraso twikorera umusaraba wacu. . benshi muri twe bazi umwiza cyane, twe  twese, umurimo ufite imbaraga wakozwe na Yesu ku musaraba i Karuvariyo, uko yamennye  ku kubera ibyaha byacu, kandi akazuka mu bapfuye ngo aduhe ubugingo. Ntacyo twakongera kuri ibyo.

Ibihe byose mu rwego rwo kugira ngo dusingirwe ibyiza by’uwo murimo, tugomba na none gugfa. Tugomba kwikorera umusaraba wacu, tukiyanga tukamukurikira.Tugomba kwanga ibugingo bwacu.

Umurimo wacu n’ubucuti n’Imana bishingiye ku isezerano ry’amaraso. Ibi byaba ibidasanzwe ku bantu b’Iburengerazuba bw’isi.

Urugero rufatika twagereranya dufite ni ubukwe bwo gushyingira , abantu benshi basobanukirwa iby’iri sano  ritandukanye kuri Bibiliya. Ibaze uti: Wajya inama n’umukobwa muzabana ngo uzagira abagabo kandi bangahe nyuma yo gukora ubukwe?

Impfu ebriri urwawe n’urwa Yesu

ruhagurutsa isezerano ry’amaraso.

Ni iki cy’ingenzi kubyerekeranye

Isezerano ry’amaraso?

1 Petero 1:18-19 havuga “Kuko muzi yuko ibyo mwacungujwe ngo muve mu ngeso zanyu zitagira umumaro mwatojwe na basokuza banyu Atari ibyangirika nk’ifeza cyangwa izahabu, ahubwo mwacungujwe amaraso y’igiciro kinshi, nk’ay’umwana w’intama utagira inenge chyangwa ibara, ariyo ya Kristo.”

Abarewi 17:11 havuga, “Kuko ubugingo bw’imyama buba mu maraso, nanjye nyabaherehe gusukwa ku gicaniro ngo abe impongano y’ubugingo bwanyu, kuko amaraso ariyo mpongano, ayihindurwa n’ubugingo burimo.”

Ubugingo bw’umwuka bushobora guhindurwa n’itegeko ryo  gucungurwa. Isezerano ry’amaraso rihindura ukuragwa kwawe k’umuryango.

Umuntu wa kera                     Umuntu mushya

gdkr05

Umurage w’abanyamuryango: Mu buryo bw’ibanze bisobanura ko abantu bose bashobora kuvukira mu miruyango runaka no kubw’ibyo bishobora kwakira imigisha cyangwa imivumo nk’imirage, ariko imivumo n’imigisha bishobora guhindurwa. Umuco w’Abahinde bari basanzwe baba muri Amerika mbere y’uko ivumburwa n’iy’abandi Banyaziya warifashijwe cyane mu bushakashatsi bw’igurana cyangwa imigisha n’imivumo n’abandi bantu. Guhera mu bihe bya kera cyane banywaga amaraso yatambirwaga Imana, ibyo rero bijya gusa n’iby’Imana kubw’umugambi w’iteka bishatse kuvuga ko gucungurwa kw’ibanze kwakozwe rwose mbere y’uko umuntu anaremwa. Ibyahishuwe 13:8, kugira ngo isezerano ry’amaraso rigire icyo rigeraho, hagomba kubaho amaraso amenwa n’impande zombie, habaho impfu ebriri n’imisaraba ibiri. Tugomba gupgfa kubwacu kandi tugakora ibitugomba byose n’ibyo tugomba Yesu

Igishushanyo

Buri gihe habaho imisaraba ibiri igomba guhura kugira ngo isezerano ry’amaraso ribeho. Ubuturo bwera ni ikimenyetso cy’imbaraga z’imisaraba ibiri ngo tubukoreshe nk’umuyoboro w’amasengesho. Buzadufasha kwikorera umusaraba wacu kandi kandi butujyane butwinjiza mu kuboneka kw’Imana kubw’ubucuti. Turebye ibyavuye mu gitabo cyitwa Umugambi w’Imana n’abanesha (6) Watchman Nee.

Isezerano rya kera ritubwira ukuntu ubwoko bw’abatoranijwe n’Imana bwabagaho ku isi. Ku ikubitiro, ubuturo bwera bwakoreshwaga nk’ihuriro try’imiryangi cumi n’ebyiri nyuma buhinduka urusengero arirwo huriri ryabo.

Ihuriro ry’urusengero ryari isanduku y’isezerano. Ubuturo bwera ni uburyo bwa Kristo nk’abana ba Isirayeli bafite isano y’ukuri n’ubuturo bwera cyangwan’urusengero bari fafite intsinzi nta bwoko bwashoboraga kubonesha. Naho abanzi babo bakwiga uburyo bwo kurwana mu gihe bo ubwabo batamenyereye urugamba, abana ba Isiraheli baneshaga abanzi babo nta kabuza. Ariko iyo babaga bafitanye ibibazo n’ubuturo bwera cyangwa n’urusengero batwarwagaho iminyago. Nta kindi kintu nibabaga bafite abami bafite imbaraga cyangwa ubwenge bwinshi muri bo bwabazabnira byose, gusa icyo bazanaga niba nta kibi bakoze kubw’isanduku y’isezerano y’ubuturo bwera cyangwa urusengero. Niba Imana ariyo igira ubukuru ubwabo bwari intsinzi. Ubutsinzi bumwe buri kumwe natwe uyu munsi. Mutekereze ubutsinzi bwa Kristo, natwe dufite ubutsinzi. Nk’uko iyo udendeye u bucuti n’Imana, ishusho yerekana urugendo rugenda ku buturo bwere  nk’abatambyi b’isezerano rya kera bari bafite akamenyero ko kurukora.         

Kuki ubuturo bwera busa n’ikimenyetso cy’ingirakamaro mu gusana ubucuti n’Imana? Tumenye cyane ko mu gishushanyo cyo hejuru ko Imana na Adamu b            ishimira ubucuti n’igihango mbere yuko icyaha kinjira. Tumenye mu gice cya 2 ko icyaha kinjira, icyubahiro cy’ubucuti cyari kinjijwe”Kuko bose bakoze icyaha ntibashikira ibwiza bw’Imana

(Roma 3:23) bikwiye ko amaraso aba inzira y’isezerano y’isano yaciwemo kabiri, imbabazi z’ibyaha byacu, ako ni agaciro k’imbabazi. Guca imanza z’uburyo bubiri : urubanza rwo ku isi n’urubanza rwa Kristo , bwerekana umusaraba we n’umusaraba wacu, amaraso y’impande zombie .”Aho niho nzajya mbonanira nawe hejuru y’intebe y’ihongerero , hagati y’abo bakerubi babiri.  Ku isanduku y’ibihamya niho nzajya nkubwirira amategeko yanjye yose ntegeka Abisiraheli.

gdkr06


Uburyo bwongera bibiro ngo busane icyubahiro binyujijwe mu maraso
gdkr07

 

Icyambere: umusaraba we


gdkr08

gdkr09


Mu isezerano rya kera abana ba Isiraheli bagiraga umunsi umwe mu mwaka  wo gucungurwa witwa “Jom Kippur”. Ibyaha byakurwagaho kuri uwo munsi w’umwaka, umutambyi mukuru yariteguraga akajya mu ihema ry’ibonaniro mu izina ry’Abisiraheli bose ngo abatambire ibitambo kugira ngo bababarirwe ibyaha byabo. Ku gicaniro cy’umuringamu gikari cyo hanze, hari abana b’ihene babiri, bitwaga abagazi, umwe muri abo bagazi b’ihene bakamwambika umwenda w’umuhemba mu ijosi bishatse gusobanura ko ari igitambo gitwikwa. Indi yatunganirizwaga hanze bisonanura yari ihene yoherwa. Ihene ya mbere yashyirwaga ku gicaniro noneho umutambyi agafata amaraso yayo akajyana ahera cyane, akayaherekanira hamwe n’imibavu ku gicaniro (ahantu ho gushyira Imana). Nk’umubavu utwikwa, wakwiraga ahera cyane n’imyotsi byasobanuraga (ubu bibohora) ukuboneka kw’Imana. Umutambyi akaminjagira amaraso ku ntebe y’imbabazi  rimwe inshuro imwe n’imbere yayo inshuro ndwi, hanze buri wese yabaga yubamye, ntawarebaga ibiri kuba, bisobanura ko ibyaha bye bishobora kubabarirwa mu gihe cy’umwaka wose.

Igihe gikurikiyeho, nk’umutambyi yaragarukaga agahindura  imyendaye, akarambika ikiganza cye ku mutwe wa yahene y’indi, ihene yoherwa bishushanya ko ibyaha byose byimuriwe ku mutwe wa yahene. Hakaba umuntu utoranywa kohera, kujyana ya hene mu butayu akayiyobora ahantu itarashobora kugaruka, ahantu itakwiruka, bayiyoboraga ahantu h’ikibaya hakikijwe n’ibihanamanga hakikijwe n’ibitare ikamanurwamo munsi ku buryo itazacika ngo ivemo (Abarewi 16:21-22).

Umutambyi muri iki gihe arambika ikiganza ihene, batangira igice cya 2  cy’umuhango akatura ibyaha by’Abisiraheli akavuga ati: “Mana, shyira ibyaha byanjye n’iby’abantu ku mutwe w’iyi hene, ngaho genda.”  Ubwo bakohereza ihene hanze y’iteraniro, abisiraheli bose bahagaze bakishima. Bashoboraga kubireba no kubyumva nubwo baba ban. Ihene yoherwa ishushanya Yesu woherwa kubera twe, akajya i kuzimu kubera twe n’ibyaha byacu byashyizwe ku mutwe we. Yikoreye ibyaha byacu kandi abikuraho iteka ryose ntibizongera kubonwa no kugaruka Zaburi 103:12 havuga ngo: “Nkuko ijuru ryiruye isi, niko imbabazi agirira abamwubaha zingana”. Mika 7:19 havuga ngo “izaduhindurira kutugirira ibambe, izaribatira ibicumuro byacu munsi y’ibirenge bwayo. Azarohera umuhengeri w’inyanja ibyaha byabo byose.

Abaheburayo 9:12-14 havuga hati: “kandi ntiyinjijwe ahera cyane n’amaraso y’ihene cyangwa n’iy’ibimasa, ahibwo yahinjijwe rimwe n’amaraso ye amaze kutubonera gucungurwa, none ubwo amaraso n’amapfizi n’ivu ry’inka y’iriza. iyo biminjiriwe ku bahumanye byeza umubiri ugahumanuka, nkanswe amaraso ya Kristo  witambiye Imana atagira inenge kubw’umwuka w’iteka, ntazarushaho guhumanura imitima yanyu ikayezaho imirimo ipfuye, kugira  ngi mubone uko mukorera Imana ihoraho?”   

Umwuka wacu ugizwe n’ibice bitatu: ubushake, ibitekerezo (ubwenge) n’amarangamutima iyo wuzuye  oya kuri cyangwa yego kuby’Imana ivuga: Ni ukwikorera umusaraba wacu.

-       Ubushake bwacu

-       Ibitekerozo byacu

-       Amarangamutima yacu

Bigabwaho ibitero n’umuriro, isi na satani

Ubu dukore urugendo na na buri muntu tumaze kuvuga mu gihe cy’isengesho ngo twikureho abanzi bacu ahubwo tubane n’Imana!

Mbese ubwacu twakwi umusaraba Yesu atadufashije? Gusa twashobora kwikorera umusaraba awacu ariko ntitwawuwengana umutaru, ntitwakwibambisha ku musaraba, igihe cyatambutse umusumali winjijwe n’isi. Tugomba kumenyera bumwe mu bwoko bumwe na bumwe bw’imibabaro tukazbuhinyura ngo umurimo ukorwe Imana ntikora ibi isi niyo ibikora. Dusahobora gutura Imana ibyo bintu tuegenga, ibyo bcintu dushoboye. Imana rwese ko mu iyerekwa ko ntacyo dufite. Izi ibyo bintu mu mutima wawe ko bikugose ngo igutabare  ndetse ngo ube ushyikirana nayo. Ibyinshi byo muri wowe bishobora gupfa, ibyinshi byo muri we bihabaho muri wowe. Umugambi we si uwo guhagaririka ubuzima bwawebwa kera, nyamara ni ukugira ngo umenyere kubambanwa nawe”

“Uruzi rutemba”

(umuyoboro w’isengesho rya buri munsi0

1.     Soma mbere amapage 7  yambere, na none byibuze wongere inshuro umwe mu kwezi. Nyuma utangirire kuri uru rupapuro, buri munsi ufate byibuze iminota 20 ngo ugirane ubusabane n’Imana.

2.     Nutangira n’ihema  ry’ibonaniro uzasiga isi inyuma urebe Yesu. Ibi rero ni ingenzi. Kubw’umwuka wera ntazakugwa neza niba urimo ukora   nabi(inzira y’umwuka, Ibwakozwe n’intumwa 28: 18)

3.     Genda  wereka imana icyo kintu mu isengesho. Itegereze kimwe mu bishushanyo  kiri hejuru, mukangukire kuba ahantu ho kwaturira, kuko iki ari kimwe  mu by’ingenzi duha Imana mu bucuti bwacu.

4.     Ni byiza ko njya aho hantu ku gihe kimwe ushobora kubikora mu minota makumyabiri. Ariko niba udafite akanya ko kubikora, ntikice intege mu mwanya wow o gutangira ubu buryo mu gitondo, byibuze tera intambwe imwe, nyuma utere indi saa sita. Niba ugomba kwigira imbere, ukomeze n’ibihe bitaha. Uko bizakomeza baho ubuzima bw’ubu buryo bizabe ubuzima  bwa kamere bw’igihe cyose cyo kubana n’Imana.

Igicaniro cy’ubutare bw’umuringa    

Imbabazi

Isezerango ry’amaraso      

Rigurana buri kintu dufite kibi kubera ikintu cyiza Imana ifite. Nyamara ntidushobora kubabarira ibyaha tutagize Yesu nk’Umwami n’umukiza (abaroma 10:9-10).

Tangira uyu munsi ube umwizerwa wa Yesu. 1 Yohana 1:9 havugango “ariko nitwatura ibyaha byacu, niyo  yo kwizerwa kandi ikiranukira kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose”

Umugabane munini wo kwikorera umusaraba wawe ni ukuba umwizerwa ushimwa n’imana. Ukeneye gukorera mu mucyo kandi ukayibwira buri kintu. Fata akanya  usuke ibiri mu mutima wawe nkuko wabibwira inshuti yawe nyakuri!

1Yohana 1:7 havugango “ariko rere iyo tugendeye mu mucyo nayo iri mu mucyo tuba dufatanije ubwacu, kandi amaraso ya Yesu umwana wayo atwezaho ibyaha byose” “Yesu avuga muri Yohana 3:19”, uko gucirwaho iteka ni  uku: Ni uko umucyo waje mu isi abanatu bagakunda umwijima kuwurutisha umucyo babitewe nuko ibyo bakora ari bibi, Yesu ntiyazize imbabazi zacu ahubwo yazize ibyaha byacu.

Aha tubona ibintu bimwe na bimwe bigenga isano byo twumva by’ingenzi niba ugiye gukurikiza isano y;ukuri n’umwami wacu Yesu Kristo

Ibigenga isano n’ubushobozi



Imana iguhamagarira kuyobora no guha ubuzima bwawe umurongo ugenderwaho kugirango bitumen ikumenya neza uwo uri we. Uku niko imigisha y’isezerano ry’amaraso itembera mu buzima bwawe.



Fata icyemezo gihamye ukurikire isano. Itange wese wihe Imana  ( Abaroma 12:1-2) iki ni igisubizo cy’isezerano ry’amaraso ku isezerano ry’amaraso afite ubushobozi atambwa kuri twe n’Imana.



2. Fata ahage wumve, ugomba kugafata mu ijambo ryayo. Amagambo y’Imana yuzuyemeo izezerano ry’amaraso. Ukomba kuba buri gihe mu nyigisho zishingiye kuri Bibiliya z’ubwoko bumwe na bumwe. Saba Umwuka Wera abikwereke.



3.Fata akanya ko kuganira vuga amagambo yawe. Abantu banwe bandika ibitekerezo byabo n’imyumvire yabo mu binyamakuru, bishobora kugira agaciro. Niba rero utarigeze ufata akanya ko kuba umwizerwa imbere y’Imana wakwandika ibitekerezo byawe, amarangamutima, n’ibyiyumviro byawe bya buri munsi mu binyamakuru uzabona Imana ikagarutseho ikuvugaho!



Ba umuntu w’umwiringirwa cyane ibihamemo.

Kuba umwiringirwa ni isezerano ryawe n’amaraso nk’umuntu wa Yesu bizatuma icyaha kijya kuri Yesu ubone kubabarirwa. Ntushobora, ntiwazanesha ubunyage ubwo aribwo bwose nta kugira ubu bwiringirwa bukataje.

4. Fata akanya ko kuganira.  Vuga amagambo y’Imana. Soma Zaburi n’Imigani umuni k’umunsi. Ikintu kimwe cyo kugenderaho ni ugusoma Zaburi eshanu buri munsi uvuga cyane buri gitondo. Koresha uburyo bwa kalindari nk’urugero taliki ya 24 y’ukwezi soma Zaburi ibice 24,54,84, nigice 144. Na none ugasoma imigani ibice 24.



Muri ubu buryo umunyeshuri azasoma Zaburi zose n’imigani buri kwezi. Gukoresha ubu buryo bugira bushya ibitekerezo, vuga amagambo kuri satani, kandi wemere imibabaro y’abizera isobanura amarangamutima y’abanyazaburi ibitunga ubugingo bishobora gukorwa kubera amezi n’iminsi 31, no kubwa Zaburi 119. Imana ishobora ku kuyobora ku bindi byanditswe ugomba gusoma uvuga cyane nko kugirasngo utere imbere, ariko iyi ni intangiriro nziza , kandi ishobora kuba umugisha ukomeza kuba ituze ry’ubugingo



5. Ubaha Imana: Saba Imana kuguha ibintu bimwe na bimwe byoroheje, ibintu bito buri munsi ushobora kubaha byatera n’undi umwete. Ntibyaba ku muyobora nabi inzira isa n’iyo nko kukongerera. Byaba kwicuza ibyaha byawe kuri we.



Iki ni ikintu gikuru

Yihana 14:21-23 havuga ngo igihe tuzubaha ijambo rye ko azatwihishurira we ubwe cyane. Igihe twabonye Yesu, ubusabane nawe ntibuzagengwa n’ikindi kintu ahubwo azashimishwa nibyi akurikiye,Pahulo yagize gushimishwa n’ikiri muri we ubwo yavugaga mu Bafiripi 3:10, “kuigirango mu menye n’imbaraga zo kuzuka kwe no gufatanya imibabaro ye no kujya nshushanywa no gupfa kwe”.



6. Ifunguro ryera. Fata ibaburo ryera bidahinduka bibe ibanze. abantu benshi barifata buri munsi



7. Guma mu bucuti. Ni byiza kuba mu bucuti no kwizera gukomeye kwa Bibiliya, abizera buzura umwuka kgurango utekereza kandi agire umwete.



Ugomba kugendera mu rukundo, nunanirwa hungira ku mana I kweze.

Kuko itegeko ry’Umwuka w’ubugingo bwo muri Kristo Yesu bwambatuye ububata bw’itegeko ry’ibyaha n’urupfu (Abaroma 8:2).

Iyo duhindukiruye Imana tugakomeza kuba abizerwa kuri yo izakomeza iturebe neza naho twaba dufite amakosa tukananagenda nabi.



Itegereze umugezi utemba mu  gice gikomeza nawe ugire kwisubiramo nawe urebe aho ugeze nk’umuntu w’umwiringirwa

Niba hari ibyaha bitazwi byihane Abagaratiya 2:20 no mu 2 Abakorinto 5:21

Ingingo ya 2: Igikarabiro: Ijambo ry’Imana iyo umutima nama wacu utunganye kandi tugashobora kugirana ubumwe n’imana, twinjira mu ijambo ry’Imana. Ijambo ry’Imana rivugako umutambyi yapfa niba agerageje kwinjira ahera atanyuze ku gikarabiro. Nta kwegera Imana nta kubanza kwitunganya n’ijambo ry’Imana (Abefeso 5: 26-27)

Igikarabiro kizadukuraho imyanda yose yo mu isi bizaba na none indorerwamo yo kuducira urubanza bizatuzanira ikintu ku bitekerezo byacu tugomba kubona gitunganye n’imana. Ijambo ry’Imana rizongera guhindura bushya ibitekerezo byacu kugirango dushobore gutekereza mu buryo  bw’umwuka ndetse duhagarare turwanye amagambo abadayimoni bavugira mu bibtekerezo byacu.



Ijambo ry’Imana ritubwira na none ka satani yaciriweho iteka (Yohani 16:11). Hamya ufite ibyiringiro avuge cyane ati waciriweho iteka ryo kujugunywa. Jya uba mu ijamo ry’Uwiteka mu mwanya uhagije.

a)     Koresha igitabo cyawe kirimo inyigisho za buri munsi
b)    Koresha inyigisho zawe wahawe na ISOB cyangwa ikindi gitabo cyawe kinyigisho
c)     Soma imigani buri munsi
d)    Soma zaburi imwe cyangwa nyinshi
e)     Soma ibindi bitabo bishingiye kuri Bibiliya, usabe Umwuka Wera agusobanurira. Soma ibyerekeye Bibiliya mu gihe cy’umwaka.
f)     Imva inyigisho imwe cyangwa indirimbo ku makaseti ari ijambo ry’Imana


Ingingo ya 3: Umwenda wa  mbere : Amashimwe

Mwinjire mu marembo ye mushima, no …………………………………………

Ubu ko wabaye mu isi uziko uri umunyauri n’Imana. Satani yaciriweho iteka ufite byinshi wakwishimira ! n’ubwo bimwe bitari iruhande rwawe ariko gerageza ushake bimwe. Yishime ko ukijijwe kandi uri umugenzi uri kujya mu ijuru.

Ni ukuri yishimire kubw’ibyo ijambo ry’Imana rivuaga. Yishimire ko ijambo ryayo rivuga ko ufite itsinzi niba uyihanze amaso. Yishimire k’ubw’amasezerano yaguhaye nubwo atarasohora. Yishimire kuko ishaka gukuraho  ibikubangamiye byose mu mibereho yawe ikabihinduramo ibintu byiza. Kuyishimira igaragaza isano ikomeye. Abana igihe cyose bagumana isana n’ababyeyi babo iyo babazirikana cyangwase  babasaba ibyo kuryo

Ingi

Imitsima idasembuye

Ingingo ikurikiraho iri muhera cyane. Aha ni ibyo uha Yesu ubushake bwe, ibitekerezo byawe k’ubw’ibitekerezo bye, amarangamutima ye ibi ni ukwikorera umusaraba wawe kwiyanga ugakurikira yesu. (Luka 9:23) ushobora kubwira gusa Imana gufata byose by’umutima wawe, ntizakuraho ubushake bwawe. Ikeneye kumva ibyo uyibwira birebana n’ibintu by’ubushake bwawe ko umubayeho akaramata.

Gurana kwifuza k’umutima wawe( nubwo byaba byiza ) kubw’umugambi w’Imana cyangwa ubushake bwayo kubw’ubuzima bwawe shyira hasi ugushaka kwawe, imyifuze n’imigambi usabe  Imana ibyayo.

Imana ikomeza kwitegereza ubushake bwacu; nicyo imitsima idasembuye isobanura.

Imitsima ibumbwa mu ifarini ikavanwa mu mavuta ikotswa mu muriro.

Ubushake bwacu  n’imyifurize yacu bigomba gutambwa ku rutambiro kugirango bibumbwe kandi bitwikwe, iki ni igitambo kidasanzwe ku mana kubw’uko ari ubushake bwacu ntizakiribata haba no kutugenzura. Mutange imibiri yanyu nk’ibitambo bishimwa kugirango tubashe guhamya ubushake buboneye bw’Imana (Abaroma 12:1-2)



Muhindure ibitekerezo byanyu kugirango mubabarirwe n’ubwo wumva wari utameze utyo. Uyu ni umwanya wo kwihana, guhindukira ukava mu  migenzreze no mu nzira z’isi ukerekera inzira z’Imana.iyo duhindukiye tubona imbaraga z’Imana (ibyakozwe n’Intumwa 26:18 na

2Abakorosayi 3:16).

Gurana kwifuza k’umubiri kubw’imbuto z’Umwuka.

Imbuto z’umwuka ni Urukundo, ibyishimo, kwihangana, ubugwaneza, kugira neza, kudahemuka, guca bugufi, gutuza (abagaratiya 5:19-23)



Ingingo ya gatatu Ibitekerezo byawe



Igitekerezo cy’iatabaza ry’izahabu



Gurana ibitekerezo byawe bya kera k’ubw’ibitekerezo bya Kristo . 2 Abakorinto 10:4-6 hatubwira intambara iba mu bitekerezo byacu. Hatubwira ahatanga imbaraga ari imitekererze yacu hagafata imbohe z’ibitekerezo byacu. Ni ibi bitekerezo biturinda bivuye ku kuri ku bwenge bw’Imana.



Hari byinshi byavugwa aha kuberako kuberako ibitekerezo byacu ari inkingi yo kubaho kwacu. Tugomba kubohora ibitekerezo byacu! Gute?

Igihe twari imbata z’ibyaha twakoreshaga igiti kimenyesha ubwenge n’umubi ariyo mitekerereze yacu. Ubu rero dushobora gukoresha igiti cy’ubugingo, aricyo jambo ry’Imana. Si igihe kirekire ntekereza cyangwa se ngo mfate umwanzuro ariko nkoresha ibitekerezo kuko hari intego y’Imana yatanzwe ; ibyo rero ni ukumva no kumvira !

Iki kimwe gusa kizarimbura ahatanga imbaraga mu bitekerezo byacu. Mu byukuri iyo turebye icyubahiro cy’Imana nkuko Paulo yakoraga ajya I Damasiko, ntidutekereza cyane, turavuga kuburyo tubyoroheje tuti “Mana ibyo ishaka  kuri njye bikorwe”. Ibitekerezo byawe bibe ibyo guhakana kuba imbata bizana kuba umwiringirwa ku musaraba bibihe Yesu nk’ikintu udashaka. Ibi bifite imbaraga.



Abadayimoni kenshi baraturega kandi bakarasa imyambi ibitekerezo byacu, n’imyambi ifite ubumara.

Yesaya igice cya 11hatubwirako Imana isimbuza ubwenge bwa kamere ikazana ubw’Umwuka Wera ni ukuvuga ubw’umwuka w’Imana, ubumenyi, inama , ubwenge, gusobanukirwa, gushobora no gutinya Imana.



Dukeneye kubona ibitekerezo byacu bigirwa bishya n’umwuka wera hamwe n’ijambo ry’Imana (Abaroma12:2). Rimwe na rimwe ubumenyi bwacu ntibuzi uko basenga. Abaroma 8:26 havugango twakoresha ururimi rwacu rw’isengesho kugirango dusabe ubushake bw’Imana butunganye. Buri gihe ukoresha ururimi rwawe mu isengesho, usenga amagambo y’Imana n’ubushake bw’Imana. Ikiganiro cyawe kiganza icy’ubwonko, noneho ibitekerezo byawe bikagirwa bishya bigasigirizwa ku bwira umubiri wawe guhuza n’ubushake bw’Imana.

Ingofero y’agakiza ubwonko bwacu bukeneye agakiza gaturuka k’ubwenge bwo mu isi gufata umwanya w’Imana mu mibereho yacu, ibi  bitariho ntituzagendera mu bushake bw’Imana butunganye kubera imibereho yacu (Abaroam 12:1-2)

Nuko bene Data ndabinginga kubw’imbabazi z’Imana ngo mutange imibiri yanyu, ibi ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana, ariko kuyikorera kwanyu gukwiriye. Kandi ntimwishushanye n’abikigihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugirango mumenye neza rwose iby’Imana ishaka, aribyo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.



Igitereko cy’itabaza mu buryo bwa kera gisobanura ubuhamya dushobora gukoresha imbaraga z’ubwenge ngo tuvuge ijambo ry’Imana nk’ubuhamya ku mwanzi.

Ingingo ya 3: Amarangamutima yawe
Igicaniro cy’Imibavu

Muhindurishe ibitekerezo byanyu bya kera byabinjiyemo kubw’umubiri n’isi, kubw’imbuto z’Imana z’amahoro, ibyishimo, urukundo, ibyiringiro, n’ibindi. Uyu ni umwanya w’igitambo cy’ishimwe. Soma Zaburi 145-150 uvuga cyane niba utumva ishimwe mu mutima wawe. Imana ishaka ko  bene abo aribo  bayihimbariza mu mwuka no mu kuri (Yohana 4:24). Kuri iyi ngingo y’ishimwe, Imana izagushaka n’abandi mugendana.

Muhe aya marangamutima yakugarutseho, ahari amarira yawe, yazamura ibiganza byawe cyangwa kuyihishurira amarangamutima yawe y’ukuri. Igira imbere, nta numwe ukubona uretse yo gusa.

Imbere y’iki gicaniro hari igitambaro gifite umubyimba muto gikingirije ahera no kuboneka kw’Imana. Imana irashaka ko uva inyuma y’umwenda ukingiriza kuruta ko wifuza kuba inyuma yawo izagukurura uveyo. Ntamuntu wa kamere atabanje gupfa. Uyu mwenda wakingirizaga ahera watabutsemo kabiri uhereye hejuru  ukagera hasi ubwo Yesu yapfiraga ku musaraba, akaduhesha kwinjira mu kuboneka kw’Imana binyuze mu maraso ye akerekana ko urupfu rwe rukuyeho urusika icyaha cyari cyarashyizeho. Muhe Imana icyubahiro kubw’uyu murimo Yesu yakoze!



Ahera cyane ni ahantu hatari umucyo uretse uw’Imana. Umutambyi mukuru niwe muntu washoboraga kujyayo incuro imwe mu mwaka. Kandi afite amabwiriza yandi y’umwihariko agenderaho. Ku ruhimbi yinjiraga ahera cyane n’umutambyi mukuru inshuro imwe mu mwaka. Ibi birerekana ko amashimwe yawe no guhimbaza kwawe bitagarukira aha gusa ahubwo biri mu kwinjira  kw’Imana, kandi byinjiranayo natwe.

Icyerekezo cyawe : Imana igukurikira ku mwenda ukingiriza ahera cyane ikwinjira ahera cyane. Ukuboneka kw’Imana cyane.

Umwuka wawe – ukuboneka kw’Imana

Isanduku y’isezerano

Aha ni    isaduku y’isezerano. Itwikiriwe n’intebe y’imbabazi isizwe amaraso. Dukeneye imbabazi ku ruhimbi rw’umuringa, umusaraba mu itangira cyane. Noneho ubu mu kuboneka kwayo ni ingero nshya zo gutekereza imbabazi zayo n’amaraso ya Yesu mu buryo Umwuka Wera ashobora kugusobanurira. Imbabazi zayo zihraho itaka ryose. Ntibishoboka kandika ibijyanye n’imbabazi bigomba ubuhanga buhambaye. Ibi ni igihe imbuto z’ijambo ry’Imana riterwa mu mutima wawe. Iyo ijambo ry’Imana risigwa amavuta no ku b oneka k’Umwuka Wera n’iry’imbaraga !

Ku rundi ruhande hari abamarayika banini barinze buri muntu. Nta mucyo urimo hano uretse urumuri rw’Imana.

Ibuka isanduku y’isezerano ubu iri mu mitima yacu! Nti kiri ikintu cy’inyuma. Turi urusengero rw’Imana, kandi ko umwuka w’Imana aba muri mwe. “Abakorinto 3:16”

Isanduku y’isezerano ifite ibintu bitatu by’ingenzi bifite icyo byerekana. Manu cyangwa ijambo ry’Imana: Iyo uri mu kuboneka kw’Imana, guhishurwa kw’ijambo ry’Imana kuza ari kuzima, Bibiliya ihinduka ibyanditswe, ibyanditswe bigahinduka ijambo ry’Imana, n’ijambo ry’Imana rigahinduka umubiri.

Ubu ijambo ry’imana riri muri wowe, niba ufite igihe uyu ni umwanya w’ingenzi wo kubumbura Bibiliya yawe maze ureke Imana ivuge. Manu na none isobanura ibyo kurya byacu.

Byose by’ibyo turya, urukundo, umutekano, n’iby’umumaro byose birateguwe biri iruhande rwawe. Ibi birimo ibintu byose dukeneye, iby’ubuzima no kugendera mu by’Imana ishaka.

Iki cyaba ari igihe kingirakamaro ngo wongere kwicara kandi ufate ubushyuhe mu kuboneka kw’Imana. Fata akanya runaka hano utuze kandi wishimire kubana nawe n’ubwo utagira icyo uvuga. Ibi binezeza Imana kandi uzabikore kenshi. Iki nicyo inyigisho yacu yibandaho kwinjira mu kuboneka kw’Imana! Hagarara unezererwe Imana.

Ihe gahunda yo kuzajya wimenyereza kuboneka kw’Imana.

Ni ibirungo byingenzi ku nsinzi muri iyi mibereho no kubw’igihe kizaza.

Imbuto  z’ ibidutungano hano ku isi biteganywa n’ ijambo ry’Imana[2Petero2;1-11] y’amategeko.

Ameza. Ibi ni ukwiyibutsa neza ko amategeko y’Imana yanditswe ku mitima yacu.Si ikintu cyo gukora cyangwa kutagikora

Inkoni ya  Aroni; ibi bisobanura umurimo wacu usizwe amavuta kugira ngo tube abakozi n’abarwannyi b’abanyamasengesho b’Imana. Hari inkonicumi n’ebyiri zashyizwe mu rusengero kubw’itegeko ry’Imana. Imwe ni yo yarabije igihe cy’ijoro mu buryo budasanzwe, nyirayo yari atoranyirijwe gukora umurimo w’Iimana gusa Imana ifite umurimo wacu ku bwacu  gusa dutekereza icyo aricyo iyo turi mu kuboneka kwayo. (Kubara 17:8).

Aha ngaha niho mubyukuri dushoora kwakira amasezerano mu ijambo ryayo. Iyo tuyakiriye hano tumenyako azadusohoraho !

Abafiripi 4:19, havuga ngo, kandi Imana yanjye izabamara ubukene bwanyu bwose nkuko ubutunzi bw’ubwiza bwayo buri muri Kristo Yesu. Ibi ni ibyubahiro kuri wowe! Abakire bose mu ijuru baragutegereje.

Tangira ushime Imana ko ibi bintu bitatu bitakiri imbere yawe, ahubwo biri muri wowe si ibyo gusa biri muri wowe, ahubwo ni amaraso n’intebe y’imbabazi n’abamarayika bakurindana nabyo. Zaburi 91 havugako abamarayika bakurinda mu nzira unyuramo zirimo no kubaha. Uruzuye rero ugeze kuntera yo gufasha abandi. Urimo gufata ubutambyi bukuru bw’umurimo wa Yesu no gusengera abandi.

Yesu avuga muri Yohana 15:7, “Nimuguma muri njye amagambo yanjye akaguma muri mwe musabe icyo mushaka cyose muzagihabwa”.

Ibikomeza

Igenzura ry’umwuka

·      Urukundo : Ufata abandi ukuntu nta rukundo rw’Imana aba afite
·      Ukwikunda: Ibyifuzo byawe ubisumbisha iby’abandi, urukundo rujyanye n’ibintu byundi muntu, mbese wiyitaho cyane ni gute wumva umeze?
·      Ukwiba: Ushobora gufata amafaranga mu mutungo uteri uwawe.
·      Ubujura bw’imitwe: Waba wararonse ikintu icyo aricyo cyose kivuye ku wundi muntu mu buryo butari bwiza.
·      Kubeshya: uburyo bwose bwa kamere yo kubeshya
·      Ibinyoma: Kuvuga ikibi k’umuntu. Ntugomnba kuba year umuntu umuntu umushinja ibinyoma wavuze iby’abandi nta rukundo?
·      Ingesombi: Uri umunyangeso udashobora kugenzura? Ubusamabnyi bw’indengakamere, ubukozi bw’ibibi, kwiyonona.
·      Ubusinzi: Ibiyobyabwenge ubusambanyi.
·      Amagambo asharira cyangwa agayitse: Amagambo agayitse, gusukiranya ibigambo bibi, kuvuga ibigayitse bidahwitse, iby’ubupfu, iby’ubugoryi n’amagamb yo kunegura.
·      Irari hirya y’amagambo apfuye hihishe no kurarikira.
·      Indashima: Ni inshurfo zingahe abantu bagukoreye ibintu byiza ntumenye ineza bakugiriye?
·      Uburakari: Wariganyije nabi, witwara uko bidakwiriye.
·      Umurimo: Wakoreshe imvugo y’abanyamusozi/
·      Amagambo aterekeranye: Kuvuga no gukora nk’ikigoryi. Imikino ipfuye n’urwenya biganisha ku gutukana, waba barigeze uvuga kuby’amoko cyangwa urwanya abaturuka mug ace aka naka ku isi, abo mudahuje aho muturuka hamwe mu gihugu cyanyu, cyangwa n’abanyapolitiki bamwe na bamwe? Imikino y’iby’amoko y’irondaturere nta mwanya bifite u bukiranutsi.
·      Kwikakaz: Ugasubiza nta kinyabupfura, uvugira mu ntambara witura inabi wagiriwe.
·      Akamenyero: Wamenyereye ibijyanye na kamere ubigira nk’ibyo kurya byawe buri gihe byifashe bite?
·      Umwete muke: Waba wibuka igihe utubahirije ibyo ushinzwe?
·      Kubogama: Washatse  gukuzaho abandi icyizere ugamije ko aba ari wowe uhabwa umwanya wabo? Wagabanije abandi.
·      Uburyarya: Mbere wabonaga abantu bavuga ibya Kristo nk’abanyabinyoma?
·      Indahiro mbo: Hari icyufuzo wagiranye n’Imana utubahirije?
·      Utababarira: Hari inzika ifitiye incuti yawe cyangwa umwanzi wawe?
·      Kwiremamo ibice: Intonganya , kwiremamo ibice
·      Kwifuza iby’abandi: Kwigwizaho ubutunzi, kugira umwaga gusesagura igihe ugura, gutakaza igihe.
·      Gufata abandi nabi: umugore, umugabo, abana ndetse n’ababyeyi mu rukundo ruke no kutabubaha.
·      Kutishima: Kugira ishyari ry’iby’abandi bafite wowe utabifite.
·      Gukunda amafaranga: Umuntu udafite ifarana na rimwe agakomeza gukunda amafaranga.
·      Gusenga ibishushanyo: Gusimbuza ibindi bintu mu mutima wawe ukaba aricyo uyirutisha.
·      Intambara: Washamiranyije abandi ukoresheje amagambo
·      Ubupfumu: Kuragurira umuntu umubesha nyamara ugamije inyungu zawe
·      Kwigomeka ku buyobozi: Umukoresha wawe, umwigisha, umubyeyi, umuyobozi w’Itorero n’abandi …
·       Gukunda isi: Birimo ibyaha biterwa n’amaso. Ni ibiki ureba kandi usoma, kwifuza iby’umubiri bitari ibyawe, ni ibiki urimo kwifuza? Iraha ry’ubuzima mbese hari urugingo rw’umubiri wagira rudaturutse ku Mana?
·      Kwiyungura igitekerezo cyangwa imibereho: Ukagira ubuzima bwiza cyane cyangwa ukaba uko uteri umeze
·      Kwishyira hejuru ni icyaha gikuru muri byose shishoza kuri izi nzira:
·      Wishimira kugwa bw’abantu cyangwa ukishira gusa gusa ibyiza by’umuka
·      Wibona nk’intungane: ukanenga abandi cyangwa ufatanya n’abandi imibabaro cyangwa ukababarira isahakira ibyiza bagenzi bawe?
·      Ucira abandi bugufi cyangwa abandi bakuruta?
·      Ushobora kwigenzura cyangwa ntubushoboye
·      Wuhanya ko uri umunyakuri cyangwa ushaka kwitwa umunyakuri.
·      Ufite umutima wo gusaba cyangwa guha abandi ?
·      Ushaka guhabwa cyangwa guha abandi ?
·      Wifuza kuzamuka mu ntera cyangwa wishimira kuzamurwa mu ntera kw’abandi ?
·      Wishimira kubahwa cyangwa wishima iyo abandi bubashwe?
·      Ukeneye guhabwa inguzanyo cyangwa wishimira ko abandi bazibona?
·      Wigira inama nziza cyangwa ntayo?
·      Uha abandi akato cyangwa ukabakingirana?
·      Ushobora kubona ibyiza by’inshuti nyanshuti?
·      Wihutira guhakana iby’abandi cyangwa ujya wemera inshingano?
·      Uri umuntu utegerwa cyangwa woroheje ku buryo baza bakugana?
·      Urakara iyo banenze ibyawe cyangwa ubyakirana umutima mwiza  utishushanya?
·      Wifuza kubahwa cyangwa kuba umunyakuri?
·      Urebwa n’ibyo abandi batekereza cyangwa n’ibyo Imana itekereza?
·      Ukora kuba kugira ngo izina ryawe cyangwa kuzasiga inkuru mbi?  
·      Biragukomerera gusangira iby’umwuka wera byawe cyangwa wifuza giukora mu mucyo?
·      Ugira umubabaro ukavuga uti: “Narakosheje Mana mbabarira” ?
·      Iyo watura ibyaha byawe uba wihannye cyangwa ubyaturira abantu ngo ukizwe ?
·      Ugerageza hihisha ibyaha byawe cyangwa wifuza gushyira ku mugaragaro wacumuye ?
·      Ugira kwicuza ko ufatiwe mu cyaha cyangwa ubabazwa n’icyaha cyawe kandi ukitegura kucyihana ?  
·      Iyo habayeho kutumvikana cyangwa intambara, utegereza ko abandi baza cyangwa usaba imbabazi cyangwa uhita ufata umwanzuro ?
·      Wigereranya n’abandi utekereza ko wakubahwa cyangwa ukigereranya no kwera kw’Imana Ukumva wihebye ukeneye imbabazzi zayo ?
·      Utekereza  ko buri wese akeneye ububyutse cyangwa wumva ko buri gihe ukeneye umwuka wera ukuba hafi ?
·      Unezezwa go gufata umukristo mushya mu gakiza cyangwa wakwishimira kunguka ubukungu bwe ?
Kubarwa gukenewe

Niba umwuka wera atweretse icyaha, tugomba gusubira ahantu twahuriye n’Imana bwa mbere. Ni umusaraba na none tubona umwami Yesu ababwa kubera ibyaha byacu byabyaye igihano cyacu hagamijwe ko twihana. Amaraso yatembaga mu nkovu igihe yari mu musaraba. Ibyo kubera twe byadutera kubabara no kudutera intimba tubona guca imanza gutangaje kw’Imana n’urubanza rwashyizwe kuri Yesu igihe yari ku musaraba.

Yesu adutegereje aho ngaho, nta teka tugiciriweho, abubwo tunejejwe n’uko yatugiriye ku musaraba tukamuha ibyaha byacu. Ibyaha bya kera, ibicumuro, imigambi mibi, iyo bisigaye bitarebweho neza, Imana irashaka ko wakwiga, ntukomeze gukora amakosa na none ahubwo ikakuzana  mu kubaha hafi yayo nta soni,. Abaroma 8 :1 havuga ko hari itegeko ry’icyaha ari urupfu icyo ubiba nicyo uzasarura, itegeko ryo kubiba no gusarura ni ukuba warabibye imbuto nziza, nubwo wabiba imbuto mbi hari ikira.

Igikiza n’itegeko ry’umwuka w’ubugingo rikomeza umugenzo w’itegeko ry’icyaha n’urupfu « Nuko rere noneho abari muri Kristo Yesu nta teka bazacirirwaho, kuko itegeko ry’umwuka w’ubugingo ryo muri Kristo Yesu ryambatuye ububata bw’iteka ry’ibyaha n’urupfu, kuko ibyo amategeko yananiwe gukora kubwo intege nke za kamere yacu, Imana yarabishoje ubwo ubwo yatumaga umwana wayo afite ishusho ya kamere y’ibyaha kuba igitambo cy’ibyaha., icira ibyaha bya kamereho iteka kugira ngo gukiranuka kw’amategeko gusozwe muri twe, abadakurikiza ibya kamere y’umubiri, ahubwo bakurikiza iby’umwuka ». Umukiza w’Imana w’ibyaha yagombye kuza ku musaraba, aza ahera cyane mu kuba hafi y’Imana noneho imyifatire ye itwikira  iyawe. Kwera kwe gusimbura ibyaha byawe. Uku niko gukizwa gusa, ntitwabyikorera ubwacu, nukwimura uburyo. Ntidukuraho ibyaha byacu, Imana ihatwikiriza ukwera kwayo n’urukundo rwayo nuko ibyaha byacu bikavaho. Ntugacike intege niba ugomba gukora iki gihe n’ihihe byinshi. Imana si wawundi uciraho iteka ahubwo Imana izongera ikwakire, ahubwso satani aterwa intimba no kutamuzaho kwawe gendera mu mucyo w’ukuri, reka kwishushanya uhindukire uve mu cyaha. Ba mu rduhande rw’Imana maze ukirwanye ugire intego mu mutima wawe yo kutazasubira muri icyo cyaha ukundi.

Ukwicuza

« Ariko ntitwatura ibyaha byacu niyo yo kwizerwa  kandi ikiranuka kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose » 1Yohana 1 :9 Uwiteka ni umunyabambe n’imbabazi atinda kurakara, agira neza kwinshi ntakomeza kurwana iteka, ntagumana umujinya iminsi yose. Ntiyatugiriye ibihwanye n’ibyaha byacu, ntiyatugiriye ibihwanye n’ibyaha byacu, ntiyatwituye ibuhwanye no gukiranirwa kwacu. Nkuko ijuru ryitaruye isi niko imbabazi zingana, nk’uko aho izuba rirasukira hitaruye aho rirengera uko niko yajyanye yacu ibicumuri byacu, Zaburi 103 :8-13.

Imbabazi si kimwe no gushaka impamvuz’urwitwaro. Imbabazi ni ijambo rikomeye risobanura kwanyaho amahage no gukuraho bias n’umuganga ubaga umuntu agakuraho ikirwaye kanseri. Imbabazxi z’ibyaha zisobanura ko ibyaha byakuwe muri wowe maze bigashyirwa kuri Yesu ubishyira ku musaraba. Ntidutanga imbabazi z’urwitwazo z’ikibi twakorewe. Ibyo ntibiba ari byiza nyamara nitubabarira tuba tugikuye ku muntu tukagishyira kuri Yesu.

Ukwatura ni ukwemeranya n’Imana uko ibona ibyakozwe n’umuntu  ukabivugana n’akanwa kawe, uwatura si ukuvuga gusa ahubwo nu ukwemeranya n’ijambo ry’Imana. Kwicisha bugufi ni ukwemera ko uri mubi. Ubu se uzabikora? Uzegere Imana yawe igira ubuntu kandi yuzuye urukundo nk’umwana muto, maze usabe imbabazi ucuye bugufi wature ibyaha bsyawe.

« Oh Mana, nzi ubugoryi bwanjye, ibyaha byanjye ntubihishwa, mbabarira ibicumuro byanjye kuko bikabije… Uwiteka, wakwibagirwa wakwibagirwa ibicumuro byanjye, Mana ni nde uzahagarara, ariko kuri wowe hari  imbabazi kugira ngo utinywe.

Oh Mana, Data njye kuri wowe nkwaturira icyaha cyanjye (ibyaha byanjye, ubishyire ku rutonde ubwihane). Ijambo ryawe rivuga ko iyi mirimo n’iyi myitwarire ari icyaha nemeranyije n’ijambo ryawe, mvuze iki cyaha uko kiri nta mpamvu z’urwitwazo nshyizeho kuri cyo, sinzongera gukora iki cyaha mu mutima wanjye, mu bitekerezo byanjye no mu mubiri wanjye ndashaka kugisohora nkagikuramo kuko kintandukanya nawe. Ndifuza gukira, mu mwuka, mu bitekerezo no mu mubiri, ndashaka kuba inshuti yawe. Namenye imbabazi zawe. Urakoze kuko ubishyize ku musaraba kubwanjye. Ndabizi ko ntabona ingurane ikwiriye, ariko ndagushimye ko mbohotse. »

Gusubiza ubushake by’ibyangijwe ni ubushake bwo kongera kwishyura no gusana niba bishoboka. Noba rero ubabariwe imbere y’Imana, witegure kuyisaba umwete wo kwatura no gusana iby’abandi wakoreye nabi. Umutimanama wawe ugomba gutunganira Imana n’abantu niba ushaka kumenya kubohoka by’ukuri. Ntiwahagarara imbere y’Imana ufite ibyaha wakoze kera n’imbere y’abantu wakoreye nabi.

Menya ko uko gucumura mu maso yabo bizakujyana cyane mu bubata buri gihe ibyibutse. Niba utarasabye imbabazi z’igicumuro cyawe kizica ukwizera kwawe kandi kikwibe icyerekezo uganamo n’intego wari ufite. Birumvikana ko utakwihana buri cyaha kuri buri muntu.

Itegeko : uburyo bwo kwihana bushobora gukorwa nk’uko byagenze ukora icyaha. (Zaburi 103 :8-13), (Yesaya 43 :25), (Yeremiya 31 :34) ibyaha wakoreye imbere y’Imana n’abantu ni ngombwa ngo ubwihanire imbere ya bose uko ari BABIRI Imana n’umuntu (abantu) wakoreye icyaha.

Iki gice kibikomeza kuri F byakuwe muri Winkie Pratneys tracts bitangazwa ku rubuga rwa Inernet WWW.