growordiecoverkinyarwandafront

 

Igice cya 8 : Gutsinda amarushanwa
Ubuhamya  bw`umunt umwe

Habayeho igihe Mu buzima cyacu, bwahise mu 1983, igihe ibyo twinjizaga bitari bihagije ngo bihure n’ibyo twakenerag. Ndi njyenyine n’Imana muri Parike ahantu ho mu cyaro, ngenda nsitara ku bitare, nyibwira ikibazo cyanjye. Iravuga iti « Larry, 2 Abakorinto 9 :8, kandi rero Imana ishobora kubasazaho ubuntu bwose, kugira ngo murusheho gukora ibyiza byose mufite ibibahagije. Kandi mbwira budget yawe uko ingana. Nuko mbira Imana bike by’ibyo nari nkeneye kugira ngo nite ku muryango wanjye bitarenze amezi atatu amafaranga twakoreraga mu rugo yari yiyongereye nyine kubyo nari nabwiywe Imana nkeneye ! Ubwo rero ntekereje ku buzima bwanjye bw’icyo gihe, nemeza ko kubw’imyaka tatambutse  kuri iki gihe natanze igitambo ndetse umubare w’amafaranga atubutse avuye ku cyifuzo cyari kiremereye.

Imbuto z’intumwa :    “Imbuto kubera abandi cyangwa Itorero”, “ibyo nibyo byubahisha Data, nuko mwera imbuto nyinshi, mukaba abigishwa banjye” (Yohani 15:8). Imirimo yacu ku Mana ntizabarwa cyane, gusa ni imbuto na none bitari imirimo y’amaboko yacu. Imbuto yose igira urubuto mo imbere kugira ngo ruzongere kwibaruka. Itangiriro 1 :11 Imana iravuga iti « Ubutaka bumeze ibyatsi n’ibimera byose byerere imbuto ku butaka zirimo utubuto twabyo, igiti cyose kere imbuto zikwiriye ubwoko bwacyo » igihe imbuto y’imbere ikurira muri twe, iragarika imbuto hanze zibyarira hanze imbuto, cyangwa Itorero ku bandi.

Ubuhamya bw`undi muntu

Mu by’ukuri sinari narigeze mpanga kugira umuryango w’ivugabutumwa nka ISOB. Nari mfite mu mutima gukorera Imana, uko byari kumera kose mu 1995, Imana imwira mu buryo bubiri Zaburi (68 :11) havuga ngo « Umwami Imana yatanze itegeko, abagore bamamaza inkuru baba benshi » (Zaburi 68 :11) « imbwira niba nandika kandi nkamamaza ijambo ry’Imana ko ibibona kuruta abantu benshi barivuga cyangwa  baryamamaza. Na none imbwira muri Mariko, aho ivuga inkuru y’umugore wamennye umukondo w’amavuta akayasuka kuri Yesu. Imana irambwira iti « Larry, mbese uzafata umutungo wawe uwunsukeho ko aribyo koko bimpumuriza neza ? »

Ayo magambo cyangwa schéma aturuka ku Mana ampindukira imbuto zibibwe mu mutima wanye, kandi ubu zirimo kwera imbuto zazo ubu ! Ikintu gishimishije ubu nuko, izo mbuto zikomeje kwikuba  na mburi gice cy’imbuto, gitera imbuto gukura mu buryo bw’ubwibumbe ! Mu by’ukuri narakoze niyuka akuya, mu kumvura gusa  ibyo nari numvise Imana ibwira umutima wanjye. Ngerageza kwibuza imigambi yanjye. Ni gute cyangwa ijambo ry’Imana bikora ? Mariko 4 :1-21 hatubwira umugani w’umubibyi

Ubwami nyakuri bukora kuri ubu bwiru : Arabasubiza ati  « Mwebweho mwahawe kumenya ubwiru bw’ubwami bw’Imana, ariko abo hanze babibwirirwa mu migani, arabasubiza ati ko mutazi iby’uwo mugani indi migani yose muzayimenya mute ? (Mariko 4 :11).

Muri uyu mugani Yesu yaduhaye uburyo bworoshye bwo gukoresha tugenda mu bwami bwe bwera imbuto no kumunezeza. Soma Mariko 4 :1-21, Mariko 4 :11 Arabasubiza ati  « Mwebweho mwahawe kumenya ubwiru bw’ubwami bw’Imana. » Mariko 4 :  14 havuga ngo «Umubibyi ni ubiba ijambo ry’Imana. », iyabibwe ntiguma ityo, ahubwo isa n’akabuto ka sinapi. Mariko 4 :30-32, Kandi aravuga ati «  Mbese ubwami bw’Imana twabugereranya n’iki cyangwa twabusobanuza  iki ?, bwagereranwa n’akabuto ka sinapi, kuko iyo gatewe mu butaka, nubwo ari gato hanyuma y’imbuto zose zo mu isi, karakura kakaba igiti kinini kitaruta imboga zose, kikaba amashami, maze inyoni zo mu kirere zikarika ibyari mu gicu cyabyo. » akabuto ka sinapi kazwi ari akabuto gato cyane, izindi mbuto zose z’imboga zikurira mu bihingwa, ariko sinapi ikurira mu biti